Dore icyemezo cyimaze gufatwa ku rubanza rwa Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we !

Kuri uyu wa mbere wa tariki ya 18 /Ugushyingo /2024 ,Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko urubanza rw’ubujurire ruregwamo Umushumba wa Zeraphat Holy Church Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we Mukansengiyumva Jeanne, rukomereza mu muhezo. uru Rukiko rwakiriye ababuranyi ngo ruburanishe ubujurire, aho abaregwa hitabye Bishop Harerimana Jean Bosco atari kumwe n’umugore we. Ubushinjacyaha ni…

Read More

Bruno Fernandes yagize icyo atangaza ku bakomeje kwinubira imikinire ya Ruben Amorim

Kapiteni w’ikipe ya Manchester United, Bruno Fernandes,yavuze ko hari igihe bigorana kumva imikinire y’umutoza Ruben Amorim. Ku bitego 3-2, byatsinzwe ikipe ya Ipswich Town, ku wa Gatatu, ndetse byahise bihesha umutoza Ruben Amorim, intsinzi ya 11, kuva aje gutoza ikipe ya Manchester United. Gusa nubwo iyi ntsinzi yabonetse nta kizere gihambaye cyazamutse mu rwambariro rw’iyi…

Read More

Lubero : M23 na FARDC zikomeje gukozanyaho

Ku munsi wejo ku wa gatandatu, tariki ya 28 Ukuboza, imirwano ikaze yabaye hagati ya FARDC n’inyeshyamba za M23, mu majyepfo y’ubutaka bwa Lubero, mu majyaruguru ya Kivu. Nk’uko amakuru aturuka mu binyamakuru byandikirwa muri kiriya gihugu abitangaza  ngo iyi mirwano iri kubera mu duce two hagati y’imidugudu ya Mambasa na Alimbongo, iherereye nko mu…

Read More

AMAKURU MASHYA : kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ;AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka vuba aha!

AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka mbere ya Tariki 12.08.24 kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ,amakuru ahari avugwa ko RayonSportsDay2024 na Super Cup Final bizabera kuri Kigali Pele Stadium. Rayon sports yamenyeshejwe ko Stade Amahoro itakibonetse, umunsi w’i Gikundiro wimuriwe kuri sitade ya KIGALI PELE STADIUM,Amakuru ageze hanze nonaha avuga ko Umunsi w’igikundiro “Rayon…

Read More

Gasabo : Umugabo akurikiranyweho icyaha cyo gukubita umwanditsi w’urukiko

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwatangaje ko bwakiriye dosiye iregwamo umugabo wakubise  Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo aramukomeretsa cyane. Ibyo byabaye tariki ya 27 Gashyantare 2025 ku Rukiko rw’Ibanze rwa gasabo ruherereye mu mudugudu wa Rugero, akagali ka Kibagabaga, umurenge wa Kimironko, mu karere ka Gasabo ubwo  uyu muturage yari aje gukurikirana iby’urubanza rwe. …

Read More

Imibare y’abakomerekeye mu karasisi k’intsinzi ya Liverpool ikomeje kwiyongera

Byibuze abantu 47 bahise batangazwa ko bakomeretse ubwo umugabo yashoraga imodoka mu kivunge cy’abishimiraga intsinzi y’igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza. Nyuma y’aho bivuzwe ko imodoka yishoye mu gikundi cy’abanyamaguru bishimiraga intsinzi, polisi yo mu mujyi wa Liverpool, uherereye mu Burengerazuba bw’amajyaruguru y’Ubwongereza yahise ihamagarwa ndetse inahagerera ku gihe. Biravugwa ko umugabo w’imyaka 53, Ari we watawe…

Read More

Xavi Hernandez ari guhabwa amahirwe menshi yo gusimbura Eric Ten Hag muri Manchester United !

Umunya – Esipanye Xavi Hernandez ari gushyirwa ku mwanya wa mbere ku mwanya w’umusimbura w’umutoza Eric Tenhag mu ikipe ya Manchester United igihe iyi kipe yaba ifashe icyemezo cyo kwirukana uyu mutoza . Amakuru ataruka mu mujyi wa Manchester avuga ko abahagarariye inyungu za Xavi Hernandez bamaze iminsi bari mu biganiro byibandaga kuba umukiya wabo [Xavi…

Read More

Ibinyamakuru byo mu bufaransa bigiye kurega urubuga rwa X nyuma yo kuyishinja kubinyunyuza !

Kuri uyu wa kabiri , bimwe mu binyamakuru bikomeye byandikirwa mu gihugu cy’ubufaransa byafashe icyemezo cyo kujyana urubuga rwa X mu nzira z’amategeko nyuma yuko birushinja gukoresha amakuru yabyo mu nyungu zayo kandi batabishyuye . Iki gikorwa gihuriweho n’ibinyamakuru bikomeye cyane byandikirwa mu gihugu cy’ubufaransa birimo Le Monde, Le Figaro, Les Echos, Le Parisien, Telerama,…

Read More

Gasabo : Umukozi wo rugo yiyemereye ko yishe umwana yareraga amuziza kwiyanduza

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko umwana w’imyaka 15 yiyemeye ko yahitanye ubuzima bw’umwana w’imyaka 2 yareraga nyuma yuko yagize umujinya w’umuranduranzuzi yatewe nuko yasanze uyu mwana yiyanduje bikabije akimare kumwoza . Uyu mwana w’umuhungu uregwa kwivugana uyu mwana w’imyaka 2 yaregaga avuga ko yabitewe n’uburakari bukabije yagize nyuma yuko hari hashize igihe gito amaze kumwoza…

Read More

Ibyo kubona ubushobozi bwo gushyingura Dorimbogo aho yifuje gushyingurwa bikomeje kuba ingorabahizi !

Abagize Umuryango wa Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka ’Vava cyangwa Dorimbogo” uravuga ko uhangayikishijwe no kubona ubushobozi bwo gushyingura Valentine aho yifuje gushyingurwa. Amakuru avuga ko ashyingurwa kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024 nk’uko byatangajwe na Rweme Mbabazi Gerard, umwe mu banyamakuru watumye amenyekana nyakwigendera. Gusa kurundi ruhande mu kiganiro mama…

Read More