Perezida Netanyahu yasheshe goverinoma ye yari ifite mu nshingano intambara yo muri Gaza

Ku wa mbere, Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasheshe Inama y’Abaminisitiri y’intambara, iki kikaba ari igikorwa gishimangira uruhare rwe mu ntambara yo muri Isiraheli na Hamas kandi bikaba bishobora guhagarika imirwano mu karere ka Gaza vuba aha. Perezida Netanyahu yatangaje ibi nyuma y’iminsi mike uwo bahanganye mu bya politiki, Benny Gantz, avuye muri Guverinoma…

Read More

Breaking News : Amavubi ntazitabira CECAFA 2025 kubera amikoro

Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru y’Abagore, izwi nka She-Amavubi, ntiyagaragaye mu bihugu bizitabira Irushanwa rya CECAFA Senior Women’s Championship ryo mu 2025, rizabera i Dar es Salaam muri Tanzaniya kuva ku itariki ya 13 kugeza kuya 21 Kamena. Iri rushanwa rizahuza amakipe atanu arimo: Tanzaniya, Uganda, Kenya, Uburundi na Sudani y’Epfo. Biteganyijwe ko rizakinwa mu buryo…

Read More

Perezida wa Gasogi United KNC yakije umuriro ‘Malipangou ni umukinnyi wacu’

Perezida w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka “KNC” yatangaje ko Malipangou Christian Yawanendji uri kuvugwa cyane muri Rayon Sports akiri umukinnyi ugifite amasezerano muri Gosogi United. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo 2024, nibwo habyutse amakuru avuga ko uyu Munya-Central African Republic ashobora kwerekeza mu ikipe yambara…

Read More

Paper Talk: Arsenal kuri Benjamin Sesko bigeze kure, murumana wa Jude Bellingham kwisoko,Transiferi za Manchester United

Manchester United ira tekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Chelsea ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Trevoh Chalobah, 24 ukina mumu tima wa ba myugariro (centre-Back) muri uku kwezi kwa gatandatu (Independent) Mababa w’Ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cya Colombia Luis Diaz ndetse n’Umwongereza ukina nk’a  myugariro Joe Gomez, bari kwifuzwa n’ama kipe anyuranye yo muri shampiyona ya…

Read More

Muhire Kevin azakomeza gukinira Rayon Sports cyangwa azerekeza ahandi?

Kapiteni wa Rayon Sports umwaka ushize w’imikino, Muhire Kevin biteganyijwe ko atazakomezanya na Rayon Sports bivuze ko azakinira indi kipe mu Rwanda igihe atakwerekeza hanze y’u Rwanda. Uyu musore amasezerano ye yarangiranye n’impera z’uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 , ubu yemerewe kwerekeza mu ikipe iyari yo yose ashaka. Igihe umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Ghana,…

Read More

Manchester United yasabiye abakinnyi bayo rifuti mu ndege ya Manchester city ihabwa urwamenyo

Ikipe ya Manchester United yasabye Manchester City ko yaha  rifuti mu ndege abakinnyi bayo  Alejandro Garnacho ndetse na  Kobbie Mainoo  mu rugendo rwerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa mu bihembo bya Ballon d’or biteganyijwe gutangwa kuri uyu wa mbere. Mu muvuno mushya wa Sir James Arthur Ratcliffe wo kugabanya amafaranga ikipe ya Manchester United isohora ku mwaka…

Read More

MONUSCO yahakanye ibyo gukorana na FARDC mu kuzatera M23 muri Goma

Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’Umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ MONUSCO] bwahakanye amakuru akomeje gukwirakwira avuga ko ku bufatanye na leta ya Kinshasa bari gutera kugaba ibitero simusiga bigamije kongera kwigarurira umujyi wa Goma umaze iminsi amezi warigaruriwe na M23 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku cyumweru cya tariki ya 13…

Read More

Tanzania : abaturage bo mu bwoko bwa Maasai bari mu myigaragambyo bamagana ihonyorwa ry’uburenganzira bwabo

Mu gihugu cya Tanzania , Abaturage bo mu bwoko bw’aba maasai bari mu bukangurambaga bwo gushaka abaterankunga mpuzamahanga kugirango babafashe gusaba guverinoma yabo no guhagarika ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu nyuma yo kwirukanwa ku gahato mu butaka bwabo . Abayobozi bavuga ko uku kwirukanwa kw’aba baturage ari mu buryo bwo kubungabunga inyamaswa zo mu gasozi, ariko…

Read More

Perezida Putin avuga ko amahirwe ye yo kwitabira inama ya G20 muri Berezile agererwa ku mashyi

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko atazitabira inama y’ibihugu 20 bikize ku isi izwi nka G20 iteganijwe mu kwezi gutaha ikaba izabera muri Berezile mu gihe agaragaza impungenge zo kuba ashobora gutabwa muri yombi ukurikije icyemezo cy’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC). Ku wa gatanu, Putin yavuze ko ukwitabira kwe muri iyi nama gushobora kuzasenya imigendekere myiza…

Read More

Element ari kubarizwa muri Tanzania gukorana n’abarimo Harmonize

Producer w’Umunyarwanda MUGISHA Robinson fred akaba n’umuhanzi wamenyekanye nka Element Eleeh, ari kubarizwa mu gihugu cy’abaturanyi cya Tanzania mu mushinga wo kurangiza indirimbo yakoreye Harmonize na Marioo bafatwa nk’abakomeye mu muzika wa Tanzania. Uyu muhanzi yaherukaga muri iki gihugu mu gihe cy’umushinga w’indirimbo SIKOSA, yahuriyemo na Kevin Kade ndetse na Mugisha Benjamin “The Ben” ubu…

Read More