Antonio Guterres yikomye ibihugu byinangiye gutanga umusanzu wabyo wo kugarura amahoro ku isi

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye [UN] , Bwana Antonio Guterres yatangaje ko ubutumwa bw’uyu muryango bwo kugarura amahoro hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cy’amikoro ahanini gituruka ku bihugu binyamuryango byinangira gutanga umusanzu wabyo ku gihe . Ubutumwa bwo kugarura amahoro bwa UN hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cyo kubura amafaranga…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Arafunze acyekwaho kwiba Kwizera Olivier, nyuma yo kubafasha gutwara Afcon yahisemo kubasezera!

Augustin Senghor wari pereZida w’ishyirahamwe  rya ruhago  muri Senegal  yamaze gutangaza ko yavuye kuri izi nshingano zo kuyobora umupira wa  Senegal, kungoma ye ikipe y’igihugu ya Senegal yatwaye  igikombe cya Africa ndetse hazamuka  na bakinnyi benshi babanya Senegal bagiye Iburayi.(#MickyJr) Wydad yo mu gihugu cya Morocco mu rwego rwo kwitegura umwaka  utaha w’Imikino wa 2023-2024…

Read More

Ibiganiro byagomba guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi byasubitswe!

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ibiganiro byagombaga guhuriza i Luanda Felix Tshisekedi wa RDC na  Perezida Paul Kagame, bitakibaye.  Ni ibiganiro byagombaga kuba kuri iki Cyumweru, bigaruka ku guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi, waturutse ku mutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa RDC. Byari biteganyijwe ko kuri iki Cyumweru…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina muri Tunisia akomeje kwandika amateka muri iki gihugu

Mugisha Bonheur uzwi kwizina rya ‘Casemiro’ akaba akinira ikipe ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Tunisia ariyo ya Stade Tunisien akomeje kwitwara neza no kwerekana ubushobozi bwe mu buryo budasanzwe aho yatsinze igitego cya Gatanu muri iyi kipe. Uyu musore ukina hagati mu kibuga hagati yugarira , yakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda…

Read More

Ese bivuze iki kuba Amerika yaburiye abaturage bayo batuye mu Rwanda?

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika , cyaburiye abaturage bacyo batuye mu Rwanda kibabwira n’uburyo bagomba kwitwara mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka mu bihugu bituranyi n’u Rwanda ni ukuvuga RD Congo n’u Burundi. Iki gihugu mu minsi ishize nibwo nanone cyaburiye abaturage bacyo bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubera umutekano mucye muri…

Read More

Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’

Ikipe ya Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” mu itangazo bacishije ku mbugankoranyambaga zayo aho yanemezaga ko izakina umukino wari wasubitswe kubera ibura ry’umuriro ryatewe n’iyangirika rya moteri, umukino uhagarara ku munota wa 27′. Muri iri tangazo, Rayon Sports, yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye yemera gukina ari intego y’irushanwa “amahoro” bityo nka…

Read More

USA: nanubu icyateye umwana kurasa bagenzi be gikomeje agatereranzamba!

Abakozi b’inzego z’iperereza muri Leta ya Georgia muri Leta zunze ubumwe z’Amerika barakora ubushakashatsi ku kuntu umwaba w’imyaka 14 yaba yarabonye imbunda yakoresheje ubwo yarasaga abantu ku ishuri yigaho ku wa gatatu w’iki cyumweru. Inzego ziperereza kandi zirasuzuma niba harabeyeho ibimenyetso byashoboraga kuba imbuzi mbere y’uko icyo gikorwa kiba bashingiye ku bibazo baherukaga kubaza uyu…

Read More