M23 yasabwe ikintu gikomeye n’umuyobozi w’ibikorwa by’umutekano bya LONI

Umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa by’Umuryango w’abibumbye bishinzwe kubungabunga amahoro ku isi , Jean Pierre Lacroix yahamagariye abagira uruhare mu guhungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo kuzirikana kubuha ubusugire bwayo . Ibi La Croix yabitangaje ku mu munsi wejo tariki ya 27 Gashyantare ubwo yageraga mu mujyi wa Kinshasa mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri…

Read More

Tariki ya 17 /ukwakira mu mateka : Mama Teresa wa Calcuta yahawe igihembo cyitiriwe Nobel mu guharanira amahoro

Uyu munsi Kiliziya Gatolika yizihiza Mutagatifu Soline. Tariki ya 17 Ukwakira ni umunsi wa 291 w’umwaka ubura iminsi 75 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi [tariki ya 17 / Ukwakira ] mu mateka 1989: Umutingito uri ku gipimo cya 7,1 ku bipimo bya Richter yibasiye San Francisco, usiga uhitanye abantu 57 ako kanya,…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Arafunze acyekwaho kwiba Kwizera Olivier, nyuma yo kubafasha gutwara Afcon yahisemo kubasezera!

Augustin Senghor wari pereZida w’ishyirahamwe  rya ruhago  muri Senegal  yamaze gutangaza ko yavuye kuri izi nshingano zo kuyobora umupira wa  Senegal, kungoma ye ikipe y’igihugu ya Senegal yatwaye  igikombe cya Africa ndetse hazamuka  na bakinnyi benshi babanya Senegal bagiye Iburayi.(#MickyJr) Wydad yo mu gihugu cya Morocco mu rwego rwo kwitegura umwaka  utaha w’Imikino wa 2023-2024…

Read More

Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa DRC yatangaje ko iki gihugu cyigeze ahaga

Mu ijoro ryabanjirije umwaka mushya wa 2025, utavugarumwe n’ubutegetsi bwa DRC witwa Moïse Katumbi yohereje ubutumwa bukomeye ndetse busa nk’impuruza ku Banyekongo. Uyu muherwe akaba n’utavuga rumwe na leta yabasabye abaturage gukomeza kwigirira icyizere, nubwo ingorane  zikomeye zirimo n’izishamikiye ku miyoborere idahwitse zugarije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Mu butumwa bwe, Moïse Katumbi ntabwo…

Read More

“Iyo mbimenya nakabaye naraguze abakinnyi mu mpeshyi” Kwicuza kwa Guardiola guhatse iki ?

Umutoza w’ikipe ya Manchester city, Josep “Pep” Guardiola, yatangaje ko yakoze amakosa ubwo yabuzaga ubuyobozi bw’iyi kipe kugura abakinnyi mu mpeshyi y’umwaka ushize. Ikipe ya Manchester city, iri muzitezweho kurema isoko ry’igura n’igurisha muri uku kwa mbere ahanini bitewe n’umusaruro muke ikomeje kugenda igaragaza muri ibi bihe itorohewe n’ibibazo by’imvune. Icyo wamenya cyo nuko iyi…

Read More

Umutoza wa Rayon Sports ‘Robertinho’ ari gutakamba ngo yishyurwe amezi atatu y’umushahara we

Umutoza ukomoka mu gihe cya Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” arishyuza Rayon Sports amafaranga y’amezi atatu mu gihe iyi kipe yamaze kumuhagarika igihe kingana na mezi abiri adatoza kubera umusaruro muke. Mu gitondo cyo ku wa 14 Mata 2025, nibwo perezida wa Rayon Sports Twagirayezu Thadee yemeje ihagarikwa rya Robertinho kubera umusaruro muke…

Read More

#AMATORA 2024 : Dr Frank Habineza ,Kagame Paul na Mpayimana Phillipe bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza [ inkuru yuzuye y’ibikorwa ]

Kuri iki cyumweru taliki ya 23/Kanama ,abakandida batatu ku mwanya wa perezida wa repubulika mu matora yo muri Nyakanga basubukuye ibikorwa byabo byo kwiyamamaza mu bice by’igihugu bigiye bigiye bitandukanye. Duhereye mu ntara y’amajyepfo i Runda mu Karere ka Kamonyi, ahiyamamarije, Umukandida w’Ishyaka Democratic Green Party ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Dr Frank Habineza…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ederson  Moraes  agiye kwerekeza muri Saudi Arabia, Manchester United igiye kugura umukinnyi utozwa na Jose Mourinho w’umuhanga  cyane!

Manchester United  ikomeje umugambi wayo wo kugurisha  umunya-Sweden wayo myugariro  Victor Lindelof, 29,  muri iy’impeshyi  ndetse  izumva  ubusabe bwa bifuza gutwara  Christian Eriksen  Umunya- Denmark  w’Imyaka 32 ukina hagati mu kibuga. (Manchester Evening News) Chelsea yamaze kwinjira muri gahunda yo guhanganira  Umufaransa ukina hagati mu kibuga w’Imyak 19 Desire Doue  dore  ko hari n’amakipe yandi menshi…

Read More

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko DR Congo yanze gusinya amasezerano yo gukemura amakimbirane!

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yatangaje ko mugenzi we wa DR Congo yanze gusinya amasezerano yo gukemura amakimbirane mu burasirazuba bwa DR Congo agendanye n’inyeshyamba za M23 . Minisitiri Olivier Nduhungirehe yavuze ko inzobere z’ibihugu bitatu, zarimo n’umukuru w’ubutasi bwa gisirikare wa DR Congo, zari zumvikanye zinasinya gahunda yo “gusenya umutwe wa FDLR, n’u Rwanda kureka ingamba…

Read More

Ikipe ya Rayon Sports yitwaye neza nyuma yo kumara imikino itatu yikurikiranya idatsinda

Ikipe ya Rayon Sports yitwaye neza mu mikino y’ikombe cy’Amahoro cya 2025 mu mukino ubanza batsinzemo ikipe ya Rutsiro FC ibitego bibiri kuri kimwe (2-1), mu mukino wabereye kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Ni umukino wagaragayemo impinduka zitandukanye ku ruhande rw’umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ dore ko yakoresheje umuzamu Patient NDIKURIYO…

Read More