M23 yasabwe ikintu gikomeye n’umuyobozi w’ibikorwa by’umutekano bya LONI
Umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa by’Umuryango w’abibumbye bishinzwe kubungabunga amahoro ku isi , Jean Pierre Lacroix yahamagariye abagira uruhare mu guhungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo kuzirikana kubuha ubusugire bwayo . Ibi La Croix yabitangaje ku mu munsi wejo tariki ya 27 Gashyantare ubwo yageraga mu mujyi wa Kinshasa mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri…