UN yasabye M23 gusubiza DRC uduce twa Goma , Walikare na Bukavu yafashe

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi katangaje ko kamaganye ibitero bya M23 mu duce two mu ntara za Kivu y’Amajyarugu n’amajyepfo bikomeje kubangamira ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge k’imirwano gahuriweho ndetse kanasaba uyu mutwe gusubiza leta Kongo ibice bya Goma , Walikare na Bukavu wamaze kwigarurira . Mu itangazo ry’ibyavuye mu nama rigenewe abanyamakuru…

Read More

Umuyobozi wa Tanzania Premier League yeguye nyuma y’uko perezida ubwe yinjiye mu kibazo cya Young na Simba SC

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahuye n’ubuyobozi bwa Young Africans na Simba SC kugira ngo bazemere gukina umukino wo kwishyura wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania (Tanzania Premier League) wasubitswe nyuma y’uko Simba SC yanze gukina. Uyu mukino wari uwo ku munsi wa 23 wa Shampiyona, wari uteganyijwe gukinwa tariki 08 Werurwe 2025, ukabera…

Read More

Ese byagenze gute ngo Perezida Kagame na Tshisekedi bahurire i Doha by’amaherere ?

Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo i Doha muri Qatar mu nama yatumijwe n’Umuyobozi w’Ikirenga w’iki gihugu, Tamim bin Hamad Al Thani mu gushakira umuti ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni ibiganiro bahujwemo na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin…

Read More

Esipanye : imbaga y’abaturage yiraye mu mihanda yamagana intege nke leta yagaragaje mu guhashya ibiza by’imyuzure

Ibihumbi n’ibihumbi by’abantu bakomeje imyigaragambyo mu mujyi wa Valencia uherereye mu burasirazuba bwa Esipanye bamagana uburyo ubuyobozi bwakemuyemo icyibazo cy’imyuzure yahitanye abantu benshi muri aka gace ndetse kandi bakaba bari no gusaba ko banabiryozwa. Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, imbaga nini yateraniye mu gice cyo hagati cy’uyu mujyi, bamwe bagenda banagongana n’abapolisi byataje imvururu…

Read More

Tariki ya 7 / Ukwakira : Nigeria yashyizwe mu banyamuryango b’Umuryango w’Abibumbye

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1949: Hashinzwe Repubulika ya Demokarasi y’u Budage, iki gihugu ni cyo cyiswe u Budage bw’u Burasirazuba. 1958: Perezida Iskander Mirza wa Pakistan afashijwe n’umugaba w’ingabo w’iki gihugu Ayub Khan bakuyeho Itegeko Nshinga ryo mu 1956 bashyiraho ko igihugu kigendera ku mategeko ya gisirikare ndetse bakuraho na gahunda y’amatora. 1840: Willem II…

Read More

Akanyamuneza ni kose ku muhanzikazi ‘Sheebah Karungi’ wibarutse imfura

Umuhanzikazi uri mu bakunzwe n’imbaga nyamwinshi mu gihugu cya Uganda, “Sheebah Karungi” yibarutse umwana w’umuhungu nyuma y’igihe kirekire atwite. Kuri uyu wa mbere taliki 25, Ugushyingo 2024, hirya no hino Ku mbuga nkoranyambaga nibwo inkuru yabaye kimomo y’uko uyu umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda uzwi nka Sheebah Karungi yibarutse umwana w’umuhungu. Aya makuru y’ibyishimo…

Read More

BREAKING NEWS :Minisitiri Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yirukanywe ku mirimo ye

Mujawamariya Jean D’arc wari usanzwe uyobora minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanwe ku nshingano nyuma yuko agomba kubanza kubazwa ibyo akurikiranyweho. Mu itangazo riturutse mu biro bya minisitiri w’intebe rimaze kujya ahagaraga mu kanya gashize rivuga ko uwahoze ari minisitiri wa minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo ko yirukanwe ku mirimo kubera ibyo agomba kubanza guhatwamo…

Read More