APR FC yasubukuye imyitozo yitegura Pyramids FC

Nyuma yo gutsinda no gusezerera Azam FC mu ijonjora ry’ibanze, APR FC ikomeje imyitozo yitegura iyo zizahura mu cyiciro gikurikiyeho. Kuwa gatandatu tariki ya 24/8/2024 ni bwo APR FC yatsinze Azam FC ibitego 2-0, iyisezerera ityo ku bitego 2-1 hateranyijwe imikino yombi y’ijonjora ry’ibanze mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere…

Read More

DR.Congo igiye gukurikirana Kabila ku byaha birimo iby’intambara

Kuri uyu wa 30 Mata, minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba yatangaje ko yasabye Sena gukuraho ubudahangarwa bwa Kabila, kugirango akurikiranweho ibyaha by’intambara no guhungabanya umutekano w’icyo gihugu. Uyu Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagarutse muri iki gihugu mu mwaka 2023 aho yari amaze imyaka…

Read More

ECUADOR : toni 6 za cocaine zasanzwe muri kontineri zari zijyanye ibitoki mu budage

Polisi ya Ecuador yatangaje ko imbwa zicunga umutekano zo mu bwoko bwa Sniffer zasanze toni 6.23 za cocaine zihishe mu ibitoki byari bigiye koherezwa mu mahanga. Polisi yavuze ko basanze ibiyobyabwenge byinshi bya Cocaine mu gihe cyo kugenzura buri kontineri yagombaga koherezwa ku cyambu cy’amazi maremare ya Posorja mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi munini wa Ecuador…

Read More

Manchester United yatangaje ko yatandukanye n’umutoza wayo !

Manchester United yatangaje ko yatandukanye n’uwayitozaga gutera no gutsinda imipira y’imiterekano (set pieces), witwa Andreas Georgson, nyuma y’uko iyi kipe yasoje Premier League iri ku mwanya wa 15. Georgson, w’imyaka 43, yaje muri Manchester United mu mpeshyi y’umwaka ushize avuye mu ikipe yo muri Noruveje yitwa Lillestrom. Yagiye ashyigikirwa cyane na Jason Wilcox, umuyobozi w’abatoza…

Read More

Umuyobozi wa Tanzania Premier League yeguye nyuma y’uko perezida ubwe yinjiye mu kibazo cya Young na Simba SC

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahuye n’ubuyobozi bwa Young Africans na Simba SC kugira ngo bazemere gukina umukino wo kwishyura wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania (Tanzania Premier League) wasubitswe nyuma y’uko Simba SC yanze gukina. Uyu mukino wari uwo ku munsi wa 23 wa Shampiyona, wari uteganyijwe gukinwa tariki 08 Werurwe 2025, ukabera…

Read More

Ngoma : Ikindi gice cy’umubiri cyari cyabuze cy’uwarokotse Jenoside uherutse kwica urw’agashinyaguro cyabonetse

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 / Ugushyingo /2024 ,Igice cy’umubiri wa nyakwigendera Pauline Nduwamungu warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi uherutse kwicirwa mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma agacibwa umutwe, cyabonetse mu musarani wo mu rugo rwe. Iki ni gikorwa cy’ubunyamanswa cyashenguye benshi, ndetse ibi bikorwa bikaba bikomeje kwamaganirwa kure, kuba nyuma y’imyaka…

Read More

Paper Talk[Europe]:Umutoza wa mbere aranogwanogwa kwirukanwa muri premier League Barcelona na Real z’ihanganiye myugariro wa Nottingham

Chelsea  na  West Ham United  yose ni amakipe  ari kwifuza rutahizamu  w’ikipe ya  Aston Villa  akaba Umunya-Colombia   Jhon Duran, 20 . (Give Me Sport) Nottingham Forest  yiteguye kuzarekura  myugariro wa  yo  Murillo Santiago Costa dos Santos,niramuka  ibonye ikipe  ibaha amafaranga afatika dore ko ari kwifuzwa bikomeye na Barcelona  ndetse na  Real Madrid uyu musore w’imyaka…

Read More

Perezida wa Koreya yepfo yahiritswe ku butegetsi

Urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga rwo muri koreya rwafashe umwanzuro wo gukura ku butegetsi Perezida Yoon Suk Yeol nyuma yo gushyiraho itegeko riha igisirikare ububasha bwo kuyobara Igihugu. Urukiko rwategetse ko Yoon ahita ava muri perezidansi ndetse hagatangira no gushakwa uzahita amusimbura kuri uyu mwanya wo kuba umukuru w’igihugu mugihe cy’amezi ane nyuma yo kuva kubutegetsi….

Read More

Manchester city yasinyishije Fernandinho,ubufaransa bwasezerewe na Urguay,FC Barcelona… uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,taliki ya 6/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo; 1965 inter de milan yatwaye igikombe cya shampiyona ya abataliyani cyayo cya cyenda mu mateka. 1978 icyahoze ari ubudage bw\’iburengerazuba bwatwaye igikombe buhigitse Mexico ibitego 6-0….

Read More