Marina yerekanye icyatumye asiba indirimbo yari afitanye na Yampano

Marina yasohoye itangazo risobanura impamvu yasibishije kuri YouTube indirimbo yari yakoranye na Yampano. Mu itangazo ryanditse yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram aryandikiye abafana be n’abakunzi b’umuziki muri rusange , Marina yavuze ko ubunyamwuga buke bwa Yampano aribwo bwatumye asibisha indirimbo kuri YouTube. Yagize ati” ndashaka gushyira umucyo ku byavuzwe byose ku ndirimbo nakoranye na…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye Juventus ; inkuru Fabrizio Romano nawe yagarutseho

Ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’Ubutaliyani, kuri uyu wa Gatatu wa tariki 14 Gicurasi 2025, yasinyishije Shane van Aarle myugariro ufite inkomoko mu Rwanda akaba yarakiniye abato b’Ubuholandi imukuye mu ikipe ya FC Eindhoven yo mu gihugu cy’Ubuholandi. Uyu musore afite umubyeyi w’umumama ukomoka mu karere ka Rubavu mu ntara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda, akaba…

Read More

Inter Miami yavuze aho ibiganiro na Lionnel Messi bigeze ku kongera amasezerano

Ikipe ya Inter Miami ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Lata Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko igiye kongerera amasezerano kizigenza Lionnel Messi mu gihe amasezerano ye ari kugana ku musozo. Lionnel Messi kuri ubu afite amasezerano azamugeza ku mpera za 2025, byatuma yaba afite uburenganzira bwo kuvugana n’andi makipe yamwifuza cyane ko hari amakuru…

Read More

Ibyamamare bikomeje kwitaba Imana, icyamamare muri filimi kitabye Imana mu buryo butunguranye

Umukinnyi w’ikirangirire muri filme Song Jae Lim, ukomoka muri Koreya y’Epfo, wamenyekanye cyane mu gakinabutumwa kitwa “Moon Embracing the sun” kakunzwe n’abatari bake, kuri uyu wa kabiri taliki 11 Ugushyingo 2024 yitabye Imana . Uyu mugabo w’imyaka 39 y’amavuko, bivugwa ko umubiri we wasanzwe mu rugo rwe muri Seoul. Ni mugihe polisi yo muri iki…

Read More

Premier League : Kai  Havertz na Bukayo Saka bafashije Arsenal kwitwara neza imbere ya Wolves

Ikipe ya Arsenal imaze kubona intsinzi yayo ya mbere muri shampiyona y’ubwongereza nyuma yo gutsinda ibitego bibiri ku busa ikipe ya Wolvermpton Wonderers bya Bukayo saka na Kai Harvertz ,uyu mukino ukaba wabereye kuri sitade ya Emirates iherereye mu mujyi wa Londres. Ikipe y’abarashi yari yakiriye uyu mukino kuri sitade yabo ya Emirates ifite ubushobozi…

Read More

Somalia yafashe ikemezo cyo kuza kwigira ku Rwanda

U Rwada kubera ubwiyubake n’iterambere, abadepite bo muri somalia, bagize komisiyo y’uburinganire n’uburenganzira bw’amuntu barutembereyemo nk’uruzinduko rw’iminsi itanu, mu kureba ibikorwa bitandukanye rwubatse, kuko rumaze kuba urugero muri Afurika kubera iterambere ryarwo mu nzego zitandukanye. Ni kuri uyu wa mbere taliki ya 04 ugushyingo 2024, perezida w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko y’urwanda, Kazarwa Gerturde ari…

Read More