PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakinnyi 2 b’Abanyarwanda bakinaga i Burayi baje gukina muri Africa, ishyirahamwe ry’aruhago muri Congo ryahagaritswe na FIFA

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘FIFA’ yahagaritse amashyirahamwe abiri kubera kunyuranya n’amabwiriza y’ayo ayo ni ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Congo-Brazzaville( FECOFOOT0 ni rya Pakistan (PFF) . [FIFA] Umunya-Ivory Coast Aubin Kramo Kouamé w’imyaka 28 yamaze kwerekeza mu ikipe ya Ittihad Alex SC mu gihugu cya Misiri, ku masezerano y’umwaka umwe n’amezi atanu, uyu musore akaba yarakiniye…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ederson  Moraes  agiye kwerekeza muri Saudi Arabia, Manchester United igiye kugura umukinnyi utozwa na Jose Mourinho w’umuhanga  cyane!

Manchester United  ikomeje umugambi wayo wo kugurisha  umunya-Sweden wayo myugariro  Victor Lindelof, 29,  muri iy’impeshyi  ndetse  izumva  ubusabe bwa bifuza gutwara  Christian Eriksen  Umunya- Denmark  w’Imyaka 32 ukina hagati mu kibuga. (Manchester Evening News) Chelsea yamaze kwinjira muri gahunda yo guhanganira  Umufaransa ukina hagati mu kibuga w’Imyak 19 Desire Doue  dore  ko hari n’amakipe yandi menshi…

Read More

Abapolisi bagera ku 154 barimo ACP Celestin Twahirwa bahawe ikiruhuko k’izabukuru

Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwatangaje ko ACP Celestin Twahirwa wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda n’abandi bagera 153 barimo umwe ufite ipeti rya CP (Commissioner of Police), na batandatu bafite irya ACP (Assistant Commisioner of Police) bashyizwe mu kiruhuko k’izabukuru . Ku munsi wejo  ku Cyumweru tariki 10 Ugushyingo 2024 ,nibwo Polisi y’u…

Read More

Perizida IDRISS yatsinze amatora; Masra ahita yegura.

Minisitiri w’intebe wa Tchad Masra yeguye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe aho Deby yemejwe ko yatsinze. Minisitiri w’intebe wa Tchad akaba n’umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi nyakubahwa Succes Masra, yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko Perezida w’agateganyo Mahamat Idriss Deby yemejwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu yo ku ya 6 Gicurasi, nk\’uko Masra yabitangaje kuri uyu wa…

Read More

Kiyovu Sports yongeye guhura n’ibibazo bishobora gutuma yongera kuregwa

Umutoza ukomoka mu gihugu Cy’Uburundi Joslin Bipfubusa watozaga Kiyovu Sports ntakiri umutoza wayo ndetse uyu mutoza bidatinze arazakurega iyi kipe byakwiyongera ku bindi bihano iyi kipe isanganywe. Byagenze bite Ku itariki ya 13 Ukuboza 2024, nibwo Joslin Bipfubusa yafashe ikemezo cyo gusezera ikipe ya Kiyovu Sports nyuma yibaruwa umuhagarariye witwa Kpkoudioue yandikiye iyi kipe ku…

Read More

Hatangajwe impamvu zihishe inyuma y’impinduka muri politiki y’imisoro

Kuri uyu wa Kabiri , tariki ya 2 Gashyantare 2025 , Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru cyibanze mu gutanga ubusobonuro kuri politiki nshya y’imisoro n’impamvu yashyizweho . Bwana Sebahizi  Prudence usanzwe ari umuyobozi w’uru rwego rureberera ubucuruzi n’inganda mu gihugu yavuze ko gushyiraho imisoro mishya cyangwa kuzamura iyari isanzweho biba bigamije kwishakamo ubushobozi nk’igihugu….

Read More

Muhanga : Umugabo w’imyaka 75 yiyemereye ko yasambanije umwuzukuru we w’imyaka 10

Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Werurwe 2025 , Ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye  umugabo w’imyaka 75 ukekwaho gusambanya umwuzuku we w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwemeza ko icyaha uyu mugabo akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 27 Gashyantare 2025 mu mudugudu wa Njamena, akagari ka Kibaga, mu murenge wa Rungendabari….

Read More

Tariki ya 3 / Nzeri mu mateka :  igihugu cya Qatar cyabonye ubwigenge bwacyo [ Byinshi kuri uyu munsi ]

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1967: Muri Suède hatangiye uburyo bwo guhindura igice batwariramo imodoka, bahita batangira gutwarira iburyo, mu gihe mbere bagenderaga mu ruhande rw’ibumoso. 1971: Qatar yabonye ubwigenge bwayo. 1987: Major Pierre Buyoya yahiritse ubutegetsi bwa Perezida Jean Baptiste Bagaza wayoboraga u Burundi. 1994: Hashyizwe umukono ku masezerano hagati y’u Bushinwa n’u Burusiya byemeranya kuzafatanya…

Read More

Imvune ikomeye ya Donnarumma yagiriye ku mukino wa Monaco yahahamuye abatari bake

Ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) ikomeje guhirwa n’intangiriro za shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bufaransa (Ligue 1), ubwo yasangaga ikipe ya Monaco iwayo maze ikayihanyagirira ibitego bine kuri bibiri (4-2), gusa nayo yaje gutakaza umunyezamu wayo Gianluigi Donnarumma nyuma yo kugira imvune ikomeye yo mu isura. Iyi ntsinzi ikaba yahise ifasha Paris Saint Germain…

Read More

Real Madrid ikomeje guhura n’uruvagusenya mbera yo gukina finali na Barcelona

Ikipe ya Real Madrid yamaze kuvunikisha Umufaransa, Eduardo Camavinga , bituma atazagaragara ku mukino w’ishiraniro bafitanye na Barcelona tariki 26 Mata 2025, kuri Finali ya Copa del Rey. Iki gikombe n’ikizere cy’umwaka w’imikino kuri Real Madrid mu kugira icyo batwara cyane ko Shampiyona bigoye , Barcelona ifite umwanya wa mbera n’amanota 76 imbereho amanota ane…

Read More