Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC na Police zahawe italiki ntarengwa na CAF ! AS Kigali na Kiyovu Sports hakurikijwe  uko bimeze z’ishobora  kudakina shampiyona

Abdulrazack Mohamed Hamza Umunya-Tanzania  w’Imyaka 21 yamaze gusinyira ikipe ya Simba SC yomuri icyo gihugu avuye mu ikipe ya SuperSport United yomu gihugu cya Africa Yepfo  akaba yasinye amasezerano y’Imyaka ibiri akinira iy’ikipe.(#SimbaSC) Umunya-South African Fadlu Davids  akaba yatozaga ikipe ya Raja Club Athletic yomuri Morocco nk’Umutoza wungirije biravugwa ko arimunzira zimerekeza mu ikipe ya…

Read More

Manchester United yiteguye gushyira Rashford ku isoko

Ikipe ya Manchester United yiteguye kugurisha Rashford Nyuma y’umusaruro mubi n’imyitwarire ye. Nkuko ikinyamakuru “the sun” kibitangaza, Marcus Rashford yaba agiye kugurishwa na Manchester United bitewe n’umusaruro mubi byiyongera kumyitwarire mibi yuyu Musore bituma atumvikana n’umutoza Ten Hag. Rashford ukina asatira kuruhande rw’ibumoso, unambara nimero 10 mumugongo mu mashitani atukura, ntiyitwaye neza sezo yashize nkuko…

Read More

KENYA: kubera uburakari bw’abaturage ;Perezida Ruto yahagaritse kongera imishahara y’abadepite

Perezida wa Kenya  William Ruto yategetse igitaraganya ko ibikorwa byose byari bigamije kongerera imishahara abadepite n’abaminisitiri byari biteganijwe bihita bihagarara kubera uburakari bw’urubyiruko ruri mu myigaragambyo bukomeje kwiyongera. ibi bije nyuma y’icyumweru imyigaragambyo yitabiriwe n’imbaga ihatiye Ruto kureka umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari wari urimo kongera imisoro.ejo Ku wa gatatu, ukuriye akanama k’igihugu k’imishahara (SRC) Lyn…

Read More

DRC : Abasirikare 25 bakatiwe urwo gucibwa umutwe nyuma yo kugaragaza ubugwari kurugamba

Ejo ku wa gatatu ,Ingabo 25 za Congo zakatiwe igihano cy’urupfu n’urukiko rwa gisirikare rwo muri kiriya gihugu nyuma yo guhamwa byo guhunga umwanzi kurugamba[M23] ibi ni ibyaha bakorewe muri Teritwari ya Lubero mu mpera z’icyumweru gishize, aho inyeshyamba z’umutwe wa M23 zigaruriye uduce dutandukanye nk’umijyi ya Kanyabayonga na Kirumba, Ku mugoroba wo ku wa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : [4/Nyakanga],Igitego cya Bebeto cyakijije Brezil ipfunwe imbere ya leta zunze ubumwe z’Amerika naho rutahizamu w’umufaransa Georges Bereta aratabaruka

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki muri siporo: 1964 Tennis y’abagore ya Wimbledon: Umunyaburezili Maria Bueno yegukanye igikombe cya 3 cya Wimbledon ,ibi yabigezeho amaze gutsinda Margaret Smith…

Read More

TODAY IN HISTORY:taliki ya 4/Nyakanga,ingabo zahoze ari iza RPA zabohoye u Rwanda naho Papa Benedict V yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka: Igitondo cyo kuwa 4 Nyakanga 1994 muri Kigali ntabwo cyari kimeze nk’igisanzwe. Nyuma y’amezi atatu aburaho iminsi itatu, imiborogo,…

Read More

Minisiteri y’Ubuhinzi, ubworozi n’uburobyi ku ngoma ya Mpayimana; Uko umunsi wa 12 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri babiri muri batatu, n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Rusizi na…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: willian yamaze gutera umugongo ibyo kungera amezerano muri Fulham

Umunyaburezile willian borges da silva yamaze guhakanira ikipe ya Fulham yari asanzwe akinira yamaze ibyo kongera amasezerano muri iyi ikipe bivugwa ko ashobora kuza kwerekeza muri shampiyona ya Arabia Saudite cyangwa mu gihugu cya Turukiya. Willian yanze amasezerano yatanzwe na Fulham mu gihe ashishikajwe cyane no kwerekeza muri shampiyona ya Arabiya Sawudite.Uyu mukinyi wimyaka 35…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal irenda gusinyisha umukinnyi wa mbere , Paris St-Germain  y’Injiye mu rugamba rw’Umukinnyi  w’Ifuzwa na makipe menshi!

Real Madrid yatangiye gutekereza gutwa myugariro w’ikipe ya  Crystal Palace w’Imyaka 23   Marc Guehi unarikumwe n’ikipe y’igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Iburayi  gusa ari no kwifuzwa cyane n’Ikipe ya   Barcelona yo mu gihugu cya Esipanye  n’Ikipe ya   Juventus  yo mu Gihugu cy’Ubutaliyani. (Sun) Arsenal  y’Iteguye gutwa  umusore w’Ikipe ya Bologna Riccardo Calafiori  wa gize…

Read More

Paper Talk[Rwanda &Africa]: APR FC  yamenya abobazatana mu mitwe muri CECAFA Kagame Cup , Umutoza wa Mangwende  yahonzwe agera ku $60,000! Rayon Sports nyamara izahanga mu mwaka utaha

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yisanze mu Itsinda rya Gatatu [C] mu mikino ihuza Amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba no Hagati, CECAFA Kagame Cup y’umwaka wa 2024 muri tombora yatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 3 Nyakanga 2024, ni itsinda isangiye n’amakipe ya SC Villa yo muri Uganda, Singida Black Stars yo muri…

Read More