Beni : ingabo zigera kuri 132 za MONUSCO zambitswe imidali y’ishimwe

Kuri uyu wa gatatu , ingabo 132 zaturutse mu mutwe w’Afurika yepfo wa MONUSCO ufite icyicaro i Beni, mu majyaruguru ya Kivu zahawe imidali y’ishimwe kubw’uruhare rwabo mu gushakisha ibisubizo by’amahoro no kurengera abaturage muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Uyu wari muhango wari uyobowe na Jenerali Majoro Khar Diouf, Umuyobozi wungirije w’ingabo za MONUSCO,…

Read More

Musanze : Pariki y’i Birunga yasobanuye icyihishe inyuma y’iyicwa ry’imbogo ebyiri

Pariki y’ighugu y’i Birunga yatangaje ko imbogo zigera kuri ebyiri zishwe nyuma yuko zari zimaze kurenga uruzitiro rw’iyi parike hakageregezwa kuzisubizayo bikanga ndetse zari zitangiye kwirara mu mirima y’abaturage zibangiriza imyaka . izi mbogo zishwe nyuma yuko byagaragaraga ko nta kindi cyakorwa nyuma yuko ubuyobozi bwari bwagerageje kuzisubizayo uko bwari bushoboye bikananirana ndetse byagaragara ko…

Read More

Paper Talk [Europe ] : Manchester united iri kwifuza rutahizamu Liam Delap – ibyasohotse mu binyamakuru

1.Ikipe ya Manchester united ishobora kujya kugura rutahizamu wa Ipswich Town witwa Liam Delap w’imyaka 21 mu gihe ibyo gusinyisha abarimo Viktor Gyokores , Victor Osimhen byaba bitayikundiye .  (GiveMeSport) . 2. Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko byanga bikunda igomba gukora ibishoboka byose igatangira ibiganiro bigamije kongerera amasezerano rutahizamu wayo witwa Junior Vinicius w’imyaka…

Read More

Inzira ya Luanda : abagore bo muri DRC basabye Tshisekedi na Kagame kongera guhura

Ihuriro ry’abagore baharanira amahoro n’umutekano muri DRC ryahamagariye abakuru b’ibihugu bya Kongo n’u Rwanda, haba ku ruhande rwa Félix Tshisekedi na Paul Kagame,  kugaragaza umuhate mu kugarura amahoro ndetse ibi bigomba no kujyana kandi no gusubira ku meza y’ibiganiro  bya Luanda, ho muri Angola mu gihe cya vuba. Ubuyobozi bw’iri huriro  bwanavuze ko buhangayikishijwe n’iseswa…

Read More

Ibiganiro bya DRC na M23 bishobora gutuma havanwaho ibihano byafatiwe u Rwanda : Alain Mukuralinda

Umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda , Alain Mukuralinda yatangaje ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yemeye kujya ku meza y’ibiganiro n’umutwe wa M23 bishobora gutuma ibihano byafatiwe u Rwanda bishobora kongera gusuzumwa ndetse bikaba byanavanwaho . Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cy’igihugu , Alain Mukuralinda uvugira leta y’u Rwanda yashimangiye ko kuba Kongo yemeye…

Read More

Walikale : Abataramenyekana umubare bapfiriye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo

Ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 30 Werurwe 2025 ,muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu gace ka Walikale haramutse imirwano ikomeye yahuje ingabo z’umutwe wa AFC /M23 ndetse n’inyeshyamba za Wazalendo . Amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko iyi mirwano ahanini yaturutse ku bushotoranyi bw’igitero M23 yagabweho na Wazalendo mu gace gaherereyemo…

Read More

Hashyizweho icyemezo kigamije gufasha Abaturarwanda kurusaho kwishimira iminsi mikuru

Urwego rw’igihugu rw’Iterambere mu Rwanda (RDB) rwigije imbere amasaha y’ibikorwa by’ubucuruzi  n’imyidagaduro nk’utubari n’utubyiniro, aho nko ku wa Gatanu, mu minsi y’impera z’icyumweru no mu y’ikiruhuko bizajya bikora ijoro ryose, aho gufunga saa saba na saa munani z’ijoro nk’uko byari bimeze . Leta y’u Rwanda yongereye amasaha y’ibikorwa by’ubucuruzi bujyanye n’imyidagaduro nk’utubari n’utubyiniro mu rwego…

Read More

DR congo : abarimo Gen Sultani Makenga na Corneille Nangaa bakatiwe urwo gucibwa umutwe

Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23, n’abandi bantu 25 bareganwa na we biganjemo abakuriye M23, bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’i Kinshasa, rubahamije ibyaha birimo ubugambanyi no kurema umutwe urwanya ubutegetsi. Mu bahamijwe ibyaha badahari, basomwe mu gusoma urubanza harimo; Gusa igitangaje cyari mu rukiko muri abo 26…

Read More

Sudani : intambara hagati ya leta n’imitwe yitwara gisirikare ikomeje guteza ikibazo k’ibura ry’ibiribwa

Umutwe w’inyeshyamba, the Sudan People’s Liberation Movement-North (SPLM-N), ugenzura imisozi ya Nuba muri Sudani hamwe n’ibice bya Leta ya Blue Nile, kuri uyu wa gatatu wavuze ko abaturage baho bugarijwe n’ibibazo by’inzara ikabije. Intambara irakomeje hagati y’ingabo za Sudani n’umutwe witwara gisirikare wa (RSF) yatumye kimwe cya kabiri cy’abaturage bahura n’ibibazo by’ibura ry’ibiribwa. SPLM-N yavuze…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ishobora gukora impinduka muri 11 kuri Pyramids, inama ya CAF irateranira muri Kenya nk’uko byemejwe!

Umunya-Morocco Adil Hala yagizwe perezida mushya w’ikipe ya Raja Club Athletic yo mu gihugu cya Morocca iyi kipe iri mu zikomeye  k’umugabane  w’Afurika  ikaba ifite ibikombe bitatu bya CAF champions League ndetse na  bibiri bya Confederations Cup.(#Mickyjr) Komite nyobozi  y’Impuzamashyirahamwe  y’Umupira  w’Amaguru  k’umugabane w’Afurika iri gutegura inama izaba tariki ya 16 Nzeri 2024  ikabera  mu…

Read More