DRC : Imfungwa zirenga 1,600 muri gereza ya Makala zarekuwe kubera uburwayi bukomeye

Imfungwa zirenga 1,600 zarekuwe ku cyumweru ziva muri gereza ya Makala i Kinshasa kubera impamvu z’uburwayi nk’uko abategetsi babitangaje, ni wo mubare munini urekuwe icyarimwe mu gikorwa kimaze iminsi cyo kugabanya ubucucike muri za gereza. Amashusho yagaragaje bamwe mu barekuwe batabasha kugenda kubera ibisebe bikabije bafite ku maguru ndetse n’intege nke.Iki gikorwa cyarangiye mu ijoro…

Read More

Rwamagana : Uwakekwagaho kwica uwarokotse Jenoside na we yapfuye arashwe

Umugabo w’imyaka 33 y’amavuko, Kabera Samuel, yapfuye nyuma yo kuraswa n’inzego z’umutekano ubwo yari ajyanywe mu iperereza ry’ubwicanyi bwo mu ijoro ryo ku wa 13 Ukuboza 2023.  Kabera, wari warafashwe akekwaho kwica Sibomana Emmanuel, wari wararokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, yahise apfa mu gihe yageragezaga gucika inzego z’umutekano zari zimujyanye kwerekana aho yahishe ibikoresho yakoresheje mu…

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Arsenal na Tottenham kuri rutahizamu wa Fiorentina – Ibyasohotse mu binyamakuru

1 . Amakipe arimo Arsenal na Tottenham Hotspurs yose arifuza gusinyisha Rutahizamu w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani witwa Moise Kean ukinira ikipe ya Fiorentina. [ONE FOOTBALL ] 2.Ikipe ya Barcelona yatangaje ko yaretse ibyo gusinyisha rutahizamu w’ikipe ya Chelsea witwa Joao Felix muri iri soko ry’igura n’igurisha ryo mu kwezi gushize mbere yuko uyu…

Read More

Manchester city yakiriye amakuru ateye nkeke kuri rutahizamu wayo !

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Bournemouth mu mikino ya 1/4 cya (FA cup) rutahizamu w’ikipe ya Manchester city yagaragaye agendera mu mbago nyuma yo guhura n’ikibazo cy’imvune y’akagombambari yatumye adasoza uyu mukino. Ni umukino uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Noruveje(Norway) yatsinzemo igitego cya mbere muri 2-1 batsinze iyi kipe. Nyuma yo kugongana na Lewis…

Read More

Ntwari Fiacre ashobora kwisanga agiye gutozwa nu umutoza watozaga “Mangwende” doreko arimunzi zisohoka mu ikipe yakiniraga!

Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda  “Amavubi”  Fiacre Ntwari yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya  Kaizer Chiefs yomu gihugu cya Africa y’Epfo avuye mu ikipe ya TS GALAXY yomuri icyo gihugu n’ubundi aho ashobora gutangwaho asaga $400K Hirya nohino ku isi isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rirarimbanyije  ndetse no mu gihugu  cya  Africa y’Epfo ahabarizwa uyu mukinnyi…

Read More

🟤Irushanwa ryo #Kwibohora30 muri Volleyball 🟤: Police Women Volleyball Club yegukanye igikombe mu bagore naho Police VC na Kepler VC zigiye gutana mu mitwe nonaha

Police Women Volleyball Club yegukanye igikombe itsinze Apr Women Volleyball club amaseti atatu kuri imwe mu bagore naho magingo aya Muri petit sitade harimo kubera imikino ya nyuma y’irushanwa ryo kwibohora muri Volley ball mu cyiciro cy’abagabo. Magingo aya muri Petit Stade hagiye kubera wanyuma w’iri rushanwa mu bagabo ndetse uyu ukaba ari umukino w’ishiraniro…

Read More

Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko ukwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold bifite icyo bivuze ku hazaza he

Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko kwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold nijoro mu mukino wa Liverpool yatsinzemo West Ham ibitego 5-0 yashakaga kubwirwa abafana ibyo bakeneye kumenya byose ku bijyanye n’ejo hazaza mu gihe havugwa amakuru ko ashobora kwerekeza muri Real Madrid. Amakuru yaturukaga mu binyamakuru byandikirwa mu gihugu cya Espagne birimo Mundo Deportivo na…

Read More

 RDF yahaye umurongo ibihuha byayivugwaho

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwamaganye itangazo ry’ibinyoma ryabwitiriwe rimenyesha Abantu bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda, bavuga ko ari iricurano ry’amakuru.  Iri tangazo ryavugaga ko kwiyandikisha mu Ngabo z’u Rwanda byari byatangiye, ndetse ko ikizamini cy’abaziyandikisha kizakorwa hagati ya tariki 26 Ugushyingo 2024 na 15 Ukuboza 2024. Ikindi kigaragara muri iri tangazo ry’ibinyoma ni…

Read More

Kenya: Amnesty International yashyize hanze raporo y’ubwicanyi ivuga ko bwakorewe abigaragambya

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, watangaje ko abapolisi ba Kenya batambaye imyenda ibaranga, badafite n’ikindi kibaranga, barashe amasasu mu bigaragambirizaga ku ngoro y’inteko ishinga amategeko i Nairobi taliki ya 25 z’ukwezi kwa gatandatu. Uyobora umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, muri Kenya, Irũngũ Houghton, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko uwo munsi…

Read More

Rayon Sports ifasha umwanzuro wa kigabo, ikura amashyiga y’inyuma muri bamukeba yerekana ko y’iteguye urugamba rw’amahoro!

Ikipe ya Rayon sports iri kwitegura  urugamba izakinabo n’ikipe y’igingabo z’igihugu APR FC yamaze kwibikaho abandi bakinnyi babiri barimo Fitina Omborenga na Muhadjiri Hakizimana kuva kuri bamukeba APR FC na Police FC. Nyuma yogutandukana n’abakinnyi benshi biganjemo ababanyamahanga ndetse n’abanyarwanda harimo n’uwagiye muri mukeba Tuyisenge Arsene ndetse no kugira Umwaka mubi w’imikino wa 2023/2024 Kubera…

Read More