Umukuru w’igihugu cy’Uburundi yemeje ko ubukene bugiye gushira kubera umutungo Ababiligi bari barahishe wavumbuwe!

Ibi byavuzwe na Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wababajwe cyane bikomeye n’abakoloni b’Ababiligi basize bahishe amabuye y’agaciro y’igihugu cyabo yo mu bwoko bwa Gasegereti. Umuyobozi wa sosiyete BIMECO icukura Gasegereti na Coltan yamusobanuriye ko ubushakashatsi bwahakorewe mu gihe cy’umwaka n’igice, bwagaragaje ko hari amabuye apima toni 12.700.000. Uyu muyobozi yabwiye Ndayishimiye ati “Kera…

Read More

Kwandura Covid-19 bikiyongeraho n’impungenge zogutsindwa na Donald Trump; Joe Biden arageraniwe!

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yagaragaweho na COVID 19,ubwo yari I Las Vegas mu bikorwa yari akomeje byo Kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganijwe mu kwezi Kwa cumi na kumwe uyu mwaka. ibintu benshi bemeza ko bishobora kuzagira ingaruka ku matora ateganyijwe ahangayemo na Donald Trump. Ni mu itangazo ryatanzwe n’umunyamabanga w’ibiro by’umukuru…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Impinduka kumukino wa APR FC muri CECAFA Kagame Cup,Rwanda Premier League, FERWAFA kongera abanyamahanga!

Harasabwa ko umubare w’abanyamahanga bakina muri shampiyona y’u Rwanda wongerwa bakaba 12. Ihuriro ry’amakipe akina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, ryasabye ko umubare w’abakinnyi bakomoka hanze y’u Rwanda wava ku bakinnyi batandatu ukagera kuri 12 kuva mu mwaka w’imikino 2024-2025.(#Kigali ToDay) Basketball: REG WBBC yihimuye kuri APR WBBC inasoza shampiyona iyoboye. mu mukino w’abakeba…

Read More

Ninde uzayobora inteko ishingamategeko y’u Rwanda?

Nyuma y’uko Abanyarwanda bari imbere mu gihugu ndetse n’abo mu mahanga batoye mu buryo butaziguye abadepite 53 baturuka mu mitwe ya Politiki cyangwa umukandida wigenga hari kwibazwa ufite amahirwe yokuba umukuru w’inteko? Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, yagaragaje ko amatora muri rusange yagenze neza ashimira abayagizemo uruhare ati “Tuboneyeho gushimira Abanyarwanda ku bwitabire…

Read More

Ibyavuye mu matora by’agateganyo mu byiciro byose nk’uko byatangajwe na Komisiyo ibishinzwe

Komisiyo y’igihugu y’amatora kuri uyu wa kane wa tariki ya 18 Nyakanga 2024 yongeye gutangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite, ibyerekanye ko Paul Kagame n’ishyaka rye bayoboye. Nk’uko yari yabyijeje abanyarwanda, komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gushyira hanze by’agateganyo imibare itangwa n’ababarura amajwi y’Umukuru w’igihugu ndetse n’abadepite Aho Paul Kagame akomeje kugira amajwi menshi…

Read More

Kenya: Nta myigaragambyo izongera kubera mu mugi wa Nairobi Nk’uko byari bisanzwe.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Kenya cyatangaje ko nta myigaragambyo izongera kubera mu murwa mukuru w’iki gihugu Nairobi kugeza igihe kitazwi, nyuma y’uko imyigaragambyo irimo kuzamo n’udutsiko tw’amabandi ndetse n’abagizi ba nabi bagamije gusahura abaturage. Zimwe mu mpirimbanyi zahamagariye abantu guterana kuri uyu wa Kane bafite ibikoresho byo gukambika cyangwa “kwigarurira” Parike ya Uhuru…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTOR: Arsenal yatsinze Everton mu mukino utoroshye, naho Carlos Diogo abona izuba

BIMWE MU BIHE BY’INGENZI BYARANZE IYI TARIKI MU MATEKA YA SIPORO 1926 hakinwe Tour de France kunshuro ya 20 yatwawe na Lucien Buysse ukomoka mu gihugu cy’ububiligi wakurikiwe na Nicolas Frantz kumwanya wa kabiri we akaba akomoka mu gihugu cya Luxembourg. 1930 Ikipe y’umupira w’amaguru ya SHO yarashinzwe muri Old Beijerland mu gihugu cy’ubuhorandi 1959…

Read More

Paper Talk[Europe]:Igisubizo cya Jurgen Klopp  kukuba yatoza Abongereza, Manchester United  yahaye igisubizo Fulham kuri Scott McTominay 

Umusore w’Ikipe ya  Everton   w’Imyaka 22  Amadou Onana  Umubiligi  ukina hagati mu  kibuga  bitarenze iki cyumweru agomba kuba yabaye umukinnyi mushya w’ikipe ya  Aston Villa y’umutoza Unai Emery. (Sky Sports) Atletico Madrid yatangiye kugaragaza ko y’ifuza gutwara umusore w’ikipe ya  Manchester City akaba na rutahizamu w’umunya Argentine   Julian Alvarez, 24, kugirango bamusimbuze  Alvaro Morata Umunya-Esipanye…

Read More

Amerika yatangiye gushinja Irani kuba ariyo yashatse guhitana Donald Trump ishaka kwihorera kubyabaye 2020

Hatangiye gukekwa uruhare rw’igihugu cya Irani mu kugerageza guhitana uwahoze  ari peresida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump uri no gushaka kugaruka kuntebe iruta izindi muri iki gihugu. Ubwo yari mu bikorwa byo gushaka amajwi kumwanya w’umukuru w’igihugu muri Leta ya Pennsylvania  kandida peresida w’ishyaka ryaba Republicans Donald John Trump yarashwe muburyo butungaranye ubwo…

Read More