Tariki ya 6 /Ukwakira mu mateka : Bernard Makuza yasoje inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe

Tariki ya 6 Ukwakira ni umunsi wa 280 w’umwaka ubura iminsi 86 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1979: Jean-Paul II yabaye Papa wa mbere winjiye mu nzu Perezida wa Amerika akoreramo akanabamo (Maison-Blanche). 2011: Bernard Makuza yasoje inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe yari amazeho imyaka igera kuri 11. Bernard Makuza (yavutse mu…

Read More

Nigeria : abaturage babyukiye mu mihanda bigaragambiriza izamuka ry’ikiguzi cy’ubuzima n’ubuyobozi bubi

Kuri uyu wa gatanu, Abanyanijeriya bagiye mu mihanda bamagana izamuka ry’imibereho muri iki gihugu ,aho Ibihumbi n’ibihumbi by’abatuye mu murwa mukuru , Lagos, no mu yindi mijyi minini bakoze urugendo bafite ibyapa byanditseho inzara, imiyoborere mibi n’ibindi. Abigaragambyaga banyuze mu duce dutuwemo n’abantu benshi bazamura ibyapa byamagana igiciro kinini cy’ibiribwa ndetse n’izamuka ry’imibereho, mu gihe…

Read More

Central Afrique : Ingabo z’u Rwanda zakoze umuganda

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Werurwe 2025 ,Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura no kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique, zazindukiye mu muganda rusange zahuriyemo n’abaturage bo mu Mujyi wa Bangui. Abitabiriye uyu muganda bakoze ibikorwa birimo isuku muri uyu mujyi ndetse banasukura inkengero z’imihanda. Umuyobozi w’agace ka 5ème Arrondissements de…

Read More

Incamake y’uko iburanisha rya Charles Onana ukurikiranweho guhakana no gupfobya Jenoside ryagenze

I Paris mu Bufaransa hasojwe iburanisha ry’urubanza ruregwamo Umunya-Cameroun ufite n’Ubwenegihugu bw’u Bufaransa, Charles Onana ukurikiranyweho icyaha cyo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Urukiko mpuzamahanga ruherereye mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’ubufaransa rwaraye rushyize akadomo ku iburanishwa ry’urubanza rwaregwagamo umunya – Cameroun ufite ubwenegihugu bw’ubufaransa nyuma yuko yashinjwaga icyaha cyo guhakana ndetse no…

Read More

Toni Kroos yagaragaje umukinnyi w’ingenzi wa Barcelona uruta Lamine Yamal

Umudage w’ibihe byose kuri Real Madrid Toni Kroos yavuze ko Pedri ari we mukinnyi w’ingenzi kuruta uwari we wese muri Barcelona haba Lamine Yamal, Raphinha ndetse na Robert Lowandowski bose bamaze gutsinda ibitego 86 muri uyu mwaka w’imikino mu marushanwa yose. Ibi Toni Kroos, yabitangaje nyuma y’umukino Barcelona yatsinzemo Real Madrid ibitego bine kuri bitatu…

Read More

Gasabo : Umusore yemeye ko yasambanije umwana w’umukobwa ndetse anamutera inda

Umusore w’imyaka 22 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya mu bihe bitandukanye umwana w’umukobwa w’imyaka 16 akamutera inda yemeye icyaha ndetse anagisabira imbabazi . urukiko rwisumbuye rwa Gasabo nirwo rwaburanishije uru rubanza ruregwamo uyu musore wasambanije uyu mwana w’imyaka 16 y’amavuko bikarangira amuteye inda ndetse magingo aya akaba anatwite . Uyu musore yari atuye mu murenge wa…

Read More

Huye : Bamaze amezi 6 bategereje ubwishyu amaso yaheze mu kirere

Mu Karere ka Huye mu Murenge wa Maraba haravugwa inkuru y’ukwitana bamwana hagati y’ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima na rwiyemezamirimo byavuyemo kwambura amafaranga y’amezi atandatu abaturage bahasukuraga . Abakoraga isuku ku kuri iki kigo nderabuzima bemeza ko baberewemo imishahara y’amafaranga bakoreye mu mezi atandatu ashize ndetse bajya no kwishyuza cyangwa babaza amakuru afite aho ahuriye n’uburyo bazabona…

Read More

Itorero rya ‘Zeraphat Holy Church’ ryambuwe ubuzima gatozi

Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwatesheje agaciro icyemezo cy’ubuzima gatozi cy’itorero rya Zeraphat holy church nyuma y’uko ubugenzuzi bw’uru rwego bwagaragaje ko iri torero ritubahiriza itegeko rigena imikorere n’imigirire y’imiryango ishingiye ku myemerere mu Rwanda . Ibi bikubiye mu ibaruwa urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwandikiye Bishop Harerimana Jean Bosco usanzwe uyobora itorero rya Zeraphat Holy Church rumumenyesha ko…

Read More

Bugesera :Polisi yakanguriye abakoresha umuhanda gukomeza kwirinda ibiteza impanuka

Ku munsi wejo ku wa Mbere tariki ya 24 Werurwe , Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abanyonzi n’abamotari gushyira imbere ubuzima bwabo n’ubw’abandi basangiye gukoresha umuhanda. Ni mu bukangurambaga, mu muhanda mushya wa kaburimbo uhuza uturere twa Bugesera na Nyanza. Aba bakoresha umuhanda bigishijwe imikoreshereze y’umuhanda inoze, basabwa kubahiriza ibyapa biwugize mu rwego rwo kwirinda…

Read More