Minisitiri mushya wa siporo ntamwanya wo guta afite akazi yagatangiriye muri BK Arena atangiza ibirori bya Basketball

Minisitiri mushya wa siporo Nyirishema Richard yafunguye ku mugaragaro imikino y’ijonjora yo gusha tike y’igikombe cy’isi cya 2026 cya Basketball mu bagore igiye kubera muri BK Arena. Hano mu Rwanda iminsi yari ibaye myinshi hitegurwa imikino y’injonjora muri Basketball hashakwa itike y’imikino yanyuma y’igikombe cy’isi cya 2026 mu bagore igomba kuber muri BK Arena kuva…

Read More

BREAKING NEWS : Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye imana

 Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, wari ambasaderi w’igihugu cya Qatar mu Rwanda yitabye imana . Amakuru mabi yatashye i Doha ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ubwo Nyakabahwa Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani usanzwe ari minisitiri w’intebe w’iki gihugu yatangaje iyi nkuru y’incamugongo kuri rubanda,abicishije ku urukuta rwe rwa X ,aho yihanganishije umuryango ndetse…

Read More

TRANSFERS : Donnarumma mu muryango werekeza muri Man City

Mu gihe isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rigenda rirushaho gufata indi sura, amakuru aturuka mu Bufaransa no mu Bwongereza aravuga ko Manchester City yamaze kugirana ibiganiro n’uhagarariye inyungu za Gianluigi Donnarumma, Enzo Raiola byo bigamije kumusinyisha. Donnarumma, umuzamu w’imyaka 26 akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani, yamaze kurekurwa na Paris Saint-Germain nyuma yo kwamburwa umwanya ubanzamo…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 14 /Kamena ,ikipe ya Chelsea yasinyishije Umwongereza Frank Lampard,Sir Bobby Charlton na Real Madrid

uyu munsi kuwa kane ,Tariki 14/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 166 mu igize umwaka, hasigaye 200 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo; 1897 Real Madrid yatwaye shampiyona ya Laliga ku nshuro yayo ya 22 nyuma yo gutsinda Real Zargoza bitatu ku busa iyi ikipe ikaba ari…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : ikipe y’igihugu y’ubudage yegukanye umudali wa zahabu mu mikino olempike

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1995 mu iteramakofe ,Mike Tyson yagarutse muri ring nyuma yo gufungwa imyaka 3. 2001 Umushoferi w’umudage ukinira ikipe ya Ferrari, witwa Michael Schumacher, yegukanye igikombe cya Grand prix ya Hongiriya . 2008 Umwongereza Victoria Pendleton yasigiye Anna Mears ku murongo wa nyuma wo gusorezaho…

Read More

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu Amavubi ukina i Burayi ikipe ye yamanutse mu kiciro cya Kabiri

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru Hakim Sahabo ikipe yari yaratijwemo yamaze kumanuka mu cyiciro cya Kabiri cy’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ububiligi aho akina kuri ubu. Uyu musore yatijwe muri iyi kipe yitwa Beerschot mu mezi atatu ashize mu isoko ry’Igura n’Igurisha ry’u kwezi kwa mbere kwa 2025, avuye mu ikipe ya Standard de…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 14/kamena ,Cristiano Ronaldo yaciye agahigo,Oliver Kahn na Mohamed Salah babona izuba

uyu munsi kuwa gatandatu ,Tariki 15/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 167 mu igize umwaka, hasigaye 199 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; 1888 Shampiyona yigihugu ya Amerika ya Tennis mu bagore, yabereye kuri Philadelphia Cricket Club: Bertha Townsend yatsinze nyampinga Ellen Hansell 6-3, 6-5. 1906 british open muri Golf, yabereye…

Read More

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa

Umuyobozi w’Ishami rya Polisi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique MINUSCA, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10, rikorera i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni muri gahunda y’uruzinduko agirira mu mitwe itandukanye y’abapolisi bari…

Read More