FIFA Club world cup: Chelsea yatunguriwe muri Amerika
Ikipe ya Flamengo, yaraye iturutse inyuma ubwo yatsindaga yishyuye ikipe ya Chelsea, ibitego 3 kuri 1, mu mukino wahise uyishyira ku mwanya wa mbere aho irusha Chelsea, iyikurikira amanota atatu. Nyuma yo kwitwara neza maze agatanga umupira wavuyemo igitego mu mukino we wa mbere muri Chelsea, Liam Delap waguzwe muri Ipswich town, yongeye kubona amahirwe…