Minisitiri Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa perezida Habyarima mu itsembwa ry’abatutsi i Kibeho

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène yagaragaje ko mu 1992 Perezida Habyarimana yohereje muri Gikongoro na Komisiyo yo ku rwego rwa Perefegitura igizwe n’abantu 15 biganjemo ab’iwabo muri Gisenyi na Ruhengeri, bahabwa inshingano yo kuyobora ubukangurambaga bwa Jenoside, gutoza Interahamwe n’Impuzamugambi zatsembye Abatutsi mu 1994. Ibi Minisitiri, Dr Bizimana Jean Damascène, yabitangaje…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Umutoza wa APR FC yongeye kwibazwaho! Al Ahly yanze ubusabe bwa Nice bwo kubagurisha umukinnyi

Igihugu cya Misiri  kirigutegura  gahunda yo gusaba kuzakira mikino ya Olempike  ya 2036  ikakirirwa I Cairo nyuma  y’uko ubu imikino ya Olempike  ya 2024 iri kubera I Paris mu gihugu cy’Ubufaransa.(#MickyJr) Ikipe ya Nice mu gihugu cy’Ubufaransa  y’umutoza  Franck Haise  yatanze akayabo ka  $2.7M   mu ikipe ya Al Ahly kugirango ibagurishe umusore wabo Mohamed Abdelmonem…

Read More

Zambia : Umupolisi wari wafashe ku gasembuye yarekuye imfungwa ngo zijye kurya ubunani

Muri Zambiya   umupolisi wari wasinze  yarekuye abantu 13  bari bafunze bakekwagaho ibyaha bitandukanye kugira ngo bashobore kujya kwizihiza umwaka mushya wa 2025 . Umupolisi yitwa Titus Phiri  yatawe muri yombi nyuma yo kurekura abakekwagaho ibyaha bitandukanye bari bafungiye by’agateganyo kuri sitasiyo ya polisi ya Leonard Cheelo iherereye mu murwa mukuru, Lusaka, ngo bajye ku kwizihiza…

Read More

Premier League : Manchester united igiye gutana mu mitwe na Aston Villa ; Menya byose bivugwa mbere y’umukino

Aston Villa igiye kwakira ikipe ya Manchester United kuri iki cyumweru mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’abongereza izwi nka Premier League mu mwaka w’imikino wa 2024/25 , uyu mukino ugiye kubera kuri sitade ya Villa Park,iherereye i Birmingham . Umutoza wa Manchester united Eric Ten Hag mu kiganiro n’itangazamakuru yahamagariye abakozi be nabakinnyi…

Read More

Umunya-Rwanda yafatiwe mu Budage akekwaho icyorezo cya Murburg

Mu gihugu cy’Ubudage hikanzwe Umunya-Rwanda waba ufite icyorezo cya Marburg kibasiye u Rwanda ndetse kikaba kimaze kugira nabo gihitana byanatumye ingendo za gariyamoshi zihagarikwa. Mugihe icyorezo cya Marburg gikomeje kwigaragaza cyane mu Rwanda hatangiye no kugira impungenge cyane ku bagenzi baturuka mu Rwanda ibi byabaye mu igihugu cy’Ubudage ubwo Gariyamoshi yahagarikwaga igitaraganya ivuye mu mugi…

Read More

MINEDUC yatangaje uburyo bushya bwo kugena amanota ashingirwaho kugira ngo abanyeshuri bakomeza muri kaminuza !

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 / Ugushyingo ,Minisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya bwo kugena amanota ashingirwaho kugira ngo abanyeshuri bakomeza muri kaminuza, aho uzajya yemererwa ari uwagize 50% mu masomo yose. Ubu ni uburyo butandukanye n’ubwari busanzweho, aho uwemererwaga kujya muri kaminuza ari uwabaga yatsinze amasomo abiri y’ingenzi. ibi iyi minisiteri ireberera uburezi…

Read More

Rutshuru : Ibintu byamaze guhindura isura nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya Wazalendo na M23!

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 3 Ukuboza, abantu ibihumbi n’ibihumbi bakomeje kuva mu byabo kandi amashuri menshi yafunze mu mujyi wa Bukombo, uherereye muri Bwito, ho muri Teretwari ya Rutshuru ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC nyuma y’imirwano imaze iminsi ihanganishije inyeshyamba za M23 n’abarwanyi ba Wazalendo . Amakuru agera kuri Daily…

Read More

ibihugu bya Mali, Burkina Faso na Niger bigiye gushyiraho pasiporo nshya

Mu minsi iri imbere Ibihugu bitatu byo muri Afurika y’uburengerazuba bitegetswe n’udutsiko twa gisirikare bizatangiza urwandiko rw’inzira (pasiporo) rukoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, muri gahunda yabyo yo kwikura mu muryango mugari w’ubukungu wo muri ako karere wa CEDEAO (ECOWAS). Nyuma yuko aba perezida bahiritse ubutegetsi bwariho , ibihugu byo muri Afurika y’uburengerazuba byafatiye ibihano utwo dutsiko…

Read More