Eduard Gaspard yateye ishoti ibyo yahabwaga na Arsenal ndetse akomeza inzira yo gusohoka muri iyi ikipe !

Ubuyobozi bw’kipe ya Arsenal bwiriwe mu biganiro bigamije guhindura imyumvire y’uwahoze ari umuyobozi wayo w’ibikorwa bya siporo witwa Eduard Gaspard nyuma yuko mu minsi ishize uyu munya – Brazil atangaje ko yeguye ku nshingano ze muri iyi ikipe nyuma y’imyaka isaga itandatu akorera akazi muri iyi ikipe . Arsenal yarwaniye kubuza umuyobozi wayo wa siporo…

Read More

Abofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Misiri

Ba ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri mu gihugu cya Misiri  rugamije kubafasha guhuza amasomo biga n’ibikorerwa mu kazi, aho basura hatandukanye.. Ni urugendoshuri rwitabiriwe n’abagera kuri 35 bakomoka mu bihugu 9 bitandukanye by’Afurika harimo n’u Rwanda, bakurikirana amasomo y’icyiciro cya 13, amara umwaka atangirwa mu…

Read More

Manchester United yatangaje Ruben Amorim nk’umutoza wayo mushya

Umunya-Portugal Ruben Amorim w’imyaka 39  yamaze gutangazwa n’ikipe ya Manchester United nk’umutoza mushya  wayo wo gusimbura Umuhorandi Erik Ten Hag wirukanwe nyuma y’umusaruro ugerwa ku mashyi. Ikipe ya Manchester United yabitangaje  ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo  babwira abafana b’iyi kipe kwakira umutoza mushya wabo  nyuma y’igihe bari bamaranye  n’umutoza Erik Ten Hag wari warageze Old…

Read More

DRC : Ihohoterwa rikomeje gufata indi ntera ku banyamakuru bakorera mu burasirazuba bwa Kongo

Abanyamakuru bagera kuri 13 bamaze guhunga intambara mu bice byo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, kubera kwibasirwa n’ibitero by’abagizi bwa nabi mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa . Ni imibare yatanzwe n’ihuriro ry’Abanyamakuru bahunze intambara rizwi nka Synergie des Journalistes Déplacés. Abo banyamakuru kuri ubu bacumbikiwe mu mujyi wa Goma. Iri huriro ribivuze…

Read More

Huye : Bamaze amezi 6 bategereje ubwishyu amaso yaheze mu kirere

Mu Karere ka Huye mu Murenge wa Maraba haravugwa inkuru y’ukwitana bamwana hagati y’ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima na rwiyemezamirimo byavuyemo kwambura amafaranga y’amezi atandatu abaturage bahasukuraga . Abakoraga isuku ku kuri iki kigo nderabuzima bemeza ko baberewemo imishahara y’amafaranga bakoreye mu mezi atandatu ashize ndetse bajya no kwishyuza cyangwa babaza amakuru afite aho ahuriye n’uburyo bazabona…

Read More

Incamake y’uko iburanisha rya Charles Onana ukurikiranweho guhakana no gupfobya Jenoside ryagenze

I Paris mu Bufaransa hasojwe iburanisha ry’urubanza ruregwamo Umunya-Cameroun ufite n’Ubwenegihugu bw’u Bufaransa, Charles Onana ukurikiranyweho icyaha cyo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Urukiko mpuzamahanga ruherereye mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’ubufaransa rwaraye rushyize akadomo ku iburanishwa ry’urubanza rwaregwagamo umunya – Cameroun ufite ubwenegihugu bw’ubufaransa nyuma yuko yashinjwaga icyaha cyo guhakana ndetse no…

Read More

Mukareba umuntu mu maso mukamubwira ko atariwe Mana : Perezida Kagame , Uko Umunsi wa 15 wo Kwiyamamaza wagenze kuba kandida Perezida na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose uko ari batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Nyabihu na Rubavu,akigera mu…

Read More

Perezida Kagame yerekanye ko Afurika ikwiye gukanguka

Perezida Kagame Paul yabwiye abari bitabiriye inama y’ihuriro ry’abayobozi bakuru b’ibigo byigenga muri Afurika, ko buri wese akwiriye gukanguka bitabaye ngombwa ko ibihugu byo hanze bifata ingamba z’ubukungu ngo Afuruka ibone guhindura imikorere. Yavuze ibi ubwo yavugaga ku myanzuro Leta zunze ubumwe z’Amerika iherutse gufata yerekeye ingingo y’ubukungu. Aho yagize ati : “imyanzuro Trump yaba…

Read More