UYU MUNSI MU MATEKA;Washington DC yabaye umurwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika naho Larry Sanger abona izuba

uyu munsi kuwa kabiri tariki ya 16/Nyakanga ni umunsi w’ijana na mirongo icyenda na karindwi hakaba hasigaye igera kuri 168 umwaka ukagera ku musozo . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 622: Hatangiye gukoreshwa ingengabihe ya Islam (Islamic calendar). 1377: Umwami Richard II yambitswe ikamba ry’ubwami bw’u Bwongereza. 1790: District of Columbia(Washington DC), yabaye…

Read More

AMATORA MURI AMERIKA : Nyuma yo kubyemeranyaho n’umuryango we ;perezida Biden azakomeza guhatanira ku mwanya wa Perezida

Akanama ka abagize umuryango wa Perezida Joe Biden kamaze kwemeza ko agomba kutava ku izima mu kwiyamamariza ku mwanya wa perezida nubwo Biden yitwaye nabi cyane ndetse agakubitwa incuro na mugenzi we Trump bahanganye mu kiganiro mpaka giherutse kubera kuri CNN i Atlanta. Umuryango wa Perezida w’Amerika ndetse akaba n’umudemokarate , Joe Biden wamushishikarije gutera…

Read More

Jean Bosco Ntagungira uherutse kugirwa Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare yatangiye inshingano ze

Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare, Jean Bosco Ntagungira yagiye gutangira inshingano aherutse guhabwa n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Musenyeri Ntagungira yerekeje i Huye, aherekejwe n’abakristu babanaga muri Arikidiyosezi ya Kigali. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francisco, yagennye Padiri Jean Bosco…

Read More

Kigali : Abayisilamu basoje igisibo bari bamazemo ukwezi kose

Kuri iki cyumweru taliki 30 Werurwe idini ya isilamu ryasoje igisibo cya Ramadani ryari rimazemo ukwezi kose ,bizihiza umunsi mukuru wa EIDIL FITRI. Ni isengesho ryayobowe n’Umuyobozi mukuru w’Idini ya Isilamu mu Rwanda Sheikh Sindayigaya Musa, rikaba ryabereye kuri sitade ya Kigali Pele stadium ku rwego rw’Igihugu. Igisibo cya Ramadani ni igihe abayisilamu kumpazisi zose…

Read More

Hatangajwe umukinnyi w’umuhanga Barcelona izavana mu ikipe ya Liverpool

Ikipe ya Barcelona irateganya kuzagura Umunya-Colombia ukinira Liverpool Luis Díaz mu kwezi kwa gatanda ubwo isoko ry’Igura n’Igurisha ry’Abakinnyi rizaba ryongeye gufungura. Mu nkuru yanditswe n’ikinyamakuru The Athletic iremeza ko iyi kipe y’Umudage Hansi Flick yamaze gushima urwego rw’uyu mukinnyi ku buryo igisigaye aruko isoko ryo mu mpeshyi ya 2025 ryafungura. Uyu Munya-Colombia ari mu…

Read More

Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko ukwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold bifite icyo bivuze ku hazaza he

Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko kwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold nijoro mu mukino wa Liverpool yatsinzemo West Ham ibitego 5-0 yashakaga kubwirwa abafana ibyo bakeneye kumenya byose ku bijyanye n’ejo hazaza mu gihe havugwa amakuru ko ashobora kwerekeza muri Real Madrid. Amakuru yaturukaga mu binyamakuru byandikirwa mu gihugu cya Espagne birimo Mundo Deportivo na…

Read More

Intambara ya Ukraine n’Uburusiya : Ingabo z’Uburusiya zafashe umujyi wa Toretsk wo mu burasirazuba bwa Ukraine

Ingabo z’Uburusiya zageze mu nkengero z’umujyi wa Toretsk umaze igihe kinini uhanganiwe n’iki gihugu ukaba uherereye mu burasirazuba bwa Ukraine.Ni nyuma yuko Igisirikare cya Ukraine cyemeje bwa mbere ko imirwano iri kubera muri uyu mujyi ejo ku wa mbere. Torestsk ni ahantu h’ingenzi ku ngabo z’Uburusiya zigeze mu byumweru bishize mu gihe zikomeza gushyira mu…

Read More