Uwacu Julienne wigeze kuyobora Minisiteri ya siporo yahawe inshingano nshya  

Minisiteri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yashimiye Uwacu Julienne wari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinze Itorero no guteza imbere umuco, mu nshingano nshya yahawe zo kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango Unit Club Intwararumuri. Uwacu Julienne wahawe izi nshingano zo  kuba umunyamabanga Nshingabikorwa w’umuryango Unity Club Intwararumuri, yari amaze igihe kinini ari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinzwe guteza imbere Itorero ndetse n’umuco. …

Read More

Ese Sitade Amahoro yaba irimo? Dore Sitade 10 nziza za mbere muri Africa

Umugabane wa Africa ufatwa nk’utaratera imbere, cyane mu bikorwa remezo mu nzego zitandukanye zirimo n’umupira w’amaguru, nubwo bimeze bityo uyu mugabane ujya wakira amarushanwa akomeye arimo n’igikombe cy’Isi kihaheruka mu myaka igiye kurenga 15 ishize. Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Africa ‘CAF’ yagiye ishyiraho amabwiriza asunikira ibihugu kubaka amasitade agezweho, aho kugirango igihugu runaka cyakiri umukino…

Read More

Musanze : Uwigeze kuba musenyeri yagejejwe imbere y’urukiko

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025 ,uwohoze ari umwepisikopi wa diyosezi y’Abangilikani ya Shyira yagejejwe imbere y’urukiko kugirango atangire kuburanishwa ku byaha akurikiranyweho birimo ubujura bw’amaturo . Uyu mwepisikopi yitwa Mugisha Samuel yatawe muri yombi muri Mutarama ndetse yari afunzwe mu gihe yari ategereje ko hakorwa dosiye ye ku byaha aregwe birimo…

Read More

DRC : Perezida Tshisekedi yasabye amadini kurwanya M23

Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yahamagariye abayobozi b’amadini atandukanye kwihuriza hamwe bagashaka ingamba zihuriweho zo kugarura umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu . Uyu mukuru w’ibihugu yatangarije ibi mu muhuro yagiranye n’abahagarariye amadini n’amatorero atandukanye akorera ku butaka bw’iki gihugu ku mugoroba wo ku wa ku munsi wejo tariki ya 11 Gashyantare…

Read More

Burera : Umubyeyi yatumye Gen . James Kabarebe kuri Perezida Kagame

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025 Umubyeyi wo mu Karere ka Burera, yasabye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen.(Rtd) James Kabarebe kuzamushimirira Perezida Kagame ndetse akanamubwira ko abageze mu zabukuru bamushimira byimazeyo, kuba abafasha kugira amasaziro meza. Ibi Gen (Rtd) James Kabarebe yabibwiye kuri uyu wa Gatanu ubwo yatangizaga ubukangurambaga…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY: Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe n’Isonga ibitego 3-1, Alexia Putellas ukinira Barcelona yaravutse

Tariki ya 4 Gashyantare ni umunsi wa 35 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 330 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 1931: Hafunguwe  ku mugaragaro  imikino ya Olympic Games yabereye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika mu gace ka Lake Placid,  muri leta  ya New York….

Read More

Novak Djokovic yakuyeho agahigo kari gafitwe na Roger Federer

Umunyaseribiya Novak Djokovic, yaciye kuri Roger Federer, mu bijyanye n’intsinzi z’umukinnyi ku giti cye ubwo yageraga mu cyiciro cya Gatatu cy’irushanwa rya Australian Open. Djokovic w’imyaka 37, yasunikiwe gukina iyi mikino ubwo yakinaga umukino we wa 430, ndetse aza no kuwitwaramo neza atsinda umutangizi Jaime Faria, 6-1 6-7 (4-7) 6-3 6-2. Iyi ntsinzi niyo yahise…

Read More

David Moyes yamaze kwemeranya n’ikipe ya Everton FC kongera kuyitoza

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10, David Moyes aherutse kugirana ibiganiro biryoshye n’ubuyobozi bw’ikipe ya Everton ahanini byari byerekeye igaruka ry’uyu mugabo maze akaba yakongera gutoza iyi kipe yahozemo. Ku bwumvikane bw’impande zombi byemejwe ko umutoza David Moyes azatoza iyi kipe ndetse akaba yasinye amasezerano azamara imyaka ibiri n’igice. Nubwo Moyes, yari umushomeri guhera…

Read More

Umunyamakuru ukomeye muri siporo Kazungu Claver biravugwa ko yamaze gusezera kuri Fine FM

Umunyamakuru uri mu bakomeye mu Rwanda mu biganiro by’imikino Kazungu Claver biravugwa ko yaba yamaze gusezera bagenzi be bakorana mu kiganiro Urukiko rw’ubujurire rw’imikino cyumvikana kuri FINE FM Rwanda. Uyu munyamakuru ni umwe mu bakunzwe cyane mu biganiro bya Siporo bitewe n’ubunararibonye afite muri ruhago byumwihariko y’iwacu ndetse no mu karere u Rwanda ruherereyemo byumwihariko…

Read More