Nyamasheke: Impanuka y’ikamyo yo muri Congo yishe abarimo umushoferi wari uyitwaye

Mu Mudugudu wa Rugaragara, Akagari ka Butare, Umurenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka iri mu bwoko bw’ikamyo ifite ibirango byo muri  Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ipfiramo umuntu umwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu Muhanda, SP Emmauel Kayigi, ku murongo wa telefoni, yahamirije iby’iyi mpanuka…

Read More

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! [inkuru icukumbuye ]

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! Haruna Niyonzima yemeje ko yamaze gutandukana na Rayon Sports, nyuma y’igihe gito yari ayimazemo. amakuru ahari avuga ko hashize iminsi Niyonzima Haruna ahagaritse akazi muri Rayon Sports haba ku gukina imikino yari iteganyijwe n’imyitozo yayo mu bihe bitandukanye biturutse ku kuba atarigeze ahabwa amafaranga yaseseranyijwe. Haruna…

Read More

Uganda : Hashyizweho ingamba zihamye zo kwirinda ubushita bw’inkende

Igihugu cya Uganda cyashyizeho ibigo by’ihariye mu mavuriro yo ku rwego rw’igihugu no ku rwego rw’uturere byo kwakira no kuvura abantu banduye indwara y’ubushita bw’inkende. Ibi ni nyuma yuko Minisiteri y’ubuzima itangaje ko iyi ndwara imaze gukwirakwira mu bice bitandukanye by’igihugu. Ibi byakozwe cyane mu turere twegereye umupaka n’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,…

Read More

Rubavu : Inzego z’ubuzima zirahumuriza abatuye ku mipaka ko badakwiriye gukuka umutima kubera indwara y’ubushita bw’inkende

Ubuyobozi bw’ibitaro bya Gisenyi buratangaza ko abaturage badakwiye gukuka umutima n’ubwo aka gace ariko kabonetsemo babiri ba mbere banduye indwara y’ubushita bw’inkende . Ubu buyobozi butangaza ko abaturage bakwiye gukangukira ingamba zo kwirinda aho kugira ubwoba kuko iyo ibonetse kare ivurwa igakira .Gusa benshi mu baturage twaganiriye twasanze bafite amakuru makeya kuri iyi ndwara ndetse…

Read More

Abapolisi 33 basoje amahugurwa y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe

Mu kigo cya Polisi cy’amahugurwa (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Nzeri 2024, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa yitabiriwe n’abapolisi 33 bo mu bihugu bitandukanye by’Afurika, yari amaze ibyumweru bibiri atangirwa muri iri shuri. Yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Umutwe w’ingabo z’Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye…

Read More

NASA na Boeing Bamanuye Icyogajuru Starliner kitarimo abo cyajyanye mu isanzure mu kurinda ubuzima bwabo

Icyogajuru cy’uruganda Boeing cyitwa Starliner cyagaruwe ku Isi kitarimo Abanyamerika Butch Wilmore na Suni Williams bari barajyanye nacyo mu isanzure Mu bushakashatsi. Mu mushinga w’ikigo cya NASA na Boeing niho icyogajuru Starliner cyoherejwe mu isanzure ku itariki 5 Kamena 2024, mu mushinga wa Boeing n’ikigo Nasa kizobereye mu bumenyi bw’ibyogajuru. Iki cyogajuru cyahagurukiye mu gace…

Read More

Paper Talk[Europe]:Umutoza wa  Amavubi yavuze impamvu atagihamagara  Muhadjiri, undi Munyafurika yinjiye muri FC Barcelona

Umunya-Ivory Coast  Iván Cédric Bikoue Embolo  w’Imyaka  22  yamaze  kwerekeza mu ikipe ya  FC Barcelona B, uyu musore akaba yavuye mu ikipe  Las Palmas n’ubundi  mu gihugu cya Esipanye akaba  akina yataka.(#YahooSports) Umunya-Angola Laurindo Dilson Maria Aurélio  yamaze kwirukanwa mu ikipe y’Igihugu  iri mu rugamba rwo gushaka  itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cya Africa kizabera muri…

Read More

Ines Mpambara yahawe igihembo cy’Umuyobozi mwiza muri za Guverinoma

Ines Mpambara usanzwe ari Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe yahawe igihembo cy’Umuyobozi mwiza muri za Guverinoma (Best Distinguished Government Official) akaba yaragiherwe muri Leta Zunze Ubumwe za Abarabu. Nyuma y’uko yari yashyizwe mu bagihataniraga hagendewe ku bunararibonye mu gusangizanya ibitekerezo kuri gahunda za Guverinoma.Ines Mpambara yagenewe iki gihembo mu gihe harimo haba Ihuriro rizwi…

Read More

USA : Abanya-Nigeria babiri bavukana bakatiwe n’urukiko nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukangisha ubwambure bw’abantu

Abo bavandimwe Samuel Ogoshi, w’imyaka 24, na Samson Ogoshi, 21, b’i Lagos, bashutse umusore witwaga Jordan DeMay biyita umukobwa w’ikigero cye, agera aho aboherereza amafoto yambaye ubusa – maze batangira kuyamukangisha. Samuel na Samson bari bicaye mu rukiko mu mwambaro w’iroza n’amapingu ku maboko.Abunganizi babo bavuze ko aba bavandimwe ibyo bakoze babiterwaga no gukoresha ibiyobyabwenge…

Read More

Kenya: abanyeshuri nibura 17 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yatatse ishuri ribanza

igipolisi cya Kenya cyiratangaza ko abanyeshuri nibura 17 bapfuye ku ishuri ribanza riri rwagati muri Kenya, mu nkongi y’umuriro yadutse ku wa kane nijoro. Hillside Endarasha Academy ni ishuri ribanza ritari irya leta, riri hafi y’umujyi wa Nyeri – mu ntera ya kilometero 150 mu majyaruguru y’umurwa mukuru Nairobi rikaba ryigisha abanyeshuri bafite hagati y’imyaka…

Read More