Nibura 13 bishwe, 14 baburirwa irengero nyuma y’uko ubwato burohamye ku nkombe za Yemeni: agashami ka UN

Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe abinjira n’abasohoka cyatangaje ko byibuze abantu 13 bapfuye abandi 14 baburirwa irengero nyuma y’uko ubwato burohamye ku nkombe za Yemeni. Ku cyumweru, Umuryango mpuzamahanga ushinzwe abinjira n’abasohoka (IOM) wagize uti: “Ubwato bw’abimukira bwarohamye ku nkombe za guverineri wa Taiz ya Yemeni.” Yongeyeho ko ubwo ubwato bwahagurutse i Djibouti butwaye Abanyetiyopiya 25…

Read More

Ethiopia : abantu bagera ku 10 bishwe n’inkangu mu majyaruguru y’iki gihugu

Nk’uko igitangazamakuru bya Leta cyibitangaza ngo abantu icumi bahitanywe n’inkangu mu majyaruguru ya Etiyopiya mu karere ka Amhara, bitewe n’ibiza biherutse kwibasira iki gihugu. Ku wa gatandatu, Amhara Media Corporation (AMC) yasubiyemo umuyobozi w’ibanze Tesfaye Workneh avuga ko “abantu 10 bapfuye bazize ibiza” kandi imirambo ine yabo yakuwe mu cyondo. Muri Raporo iki kigo cyatanze…

Read More

Congo-Brazzaville : abagera kuri 21 barwaye Indwara y’Ubushita Bw’Inkende

Ministeri y’ubuzima muri Congo-Brazzaville yatangaje kuri iki cyumweru ko muri icyo gihugu hagaragaye abantu 21 barwaye indwara y’ubushita bw’inkende. Abandura iyi ndwara bakomeje kwiyongera mu bihugu byo mu burasirazuba no hagati by’Afrika. Hari kandi abantu bamaze kugaragaraho iyo ndwara mu bihugu bimwe by’Uburayi n’Aziya. Ubutegetsi muri Congo-Brazzaville buvuga ko iyo ndwara imaze kuboneka mu ntara…

Read More

Kigali : abanyacyubahiro barimo Minisitiri wa siporo Nyirishema Patrick bitabiriye ‘CarFreeDay’ yo kuri iki cyumweru [AMAFOTO]

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva jean Marie Vianney , Minisitiri wa siporo Nyirishema Patrick na Minisitiri w’Ingabo Maj Gen (Rtd) Albert Murasira n’abandi bayobozi batandukanye bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri Siporo Rusange izwi nka ‘CarFreeDay’ yo kuri iki cyumweru.  Car free day ni umunsi udasanzwe uba kabiri mukwezi mu Rwanda mumujyi wa Kigali uba ku cyumweru cya…

Read More

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa

Umuyobozi w’Ishami rya Polisi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique MINUSCA, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10, rikorera i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni muri gahunda y’uruzinduko agirira mu mitwe itandukanye y’abapolisi bari…

Read More

Polisi yasabye abamotari kwiyobora mu kubahiriza amabwiriza agenga umuhanda

Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abatwara abagenzi kuri moto ko abateshuka mu kubahiriza amabwiriza agenga umuhanda nk’uko babisabwa muri gahunda ya Gerayo Amahoro, batazihanganirwa. Bikubiye mu butumwa bagejejweho mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama, n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Kayigi, agaruka…

Read More

Congo – Kinshasa : Abagera kuri 29 baburiye ubuzima mu mpanuka y’ubwato

Umubare w’abantu baguye mu mpanuka y’ubwato bwabaye mu burengerazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo ugeze kuri 29 nkuko bitangazwa n’inzego z’ubutegetsi. Abashinzwe ubutabazi, bamaze iminsi bashakisha ababa bakirimo akuka mu ruzi ruri muri Teritwari ya Kutu mu burengerazuba bw’igihugu aho ubwo bwato bwarohamye ku cyumweru. Abarokotse bamaze kuba 128 mu gihe irengero ry’abandi ritaramenyekana….

Read More

Kamonyi : Abahinzi Barashinja Rwiyemezamirimo Kubambura kandi yarabatwariye umusaruro wabo

 Abahinzi bo mu mirenge itandukanye y’akarere ka Kamonyi bararira ayo kwarika kubera rwiyemezamirimo watwaye umusaruro w’ibigori byabo ntabishyure. Aba bahinzi baravuga ko bamaze amezi agera muri atandatu bategereje amafaranga ariko amaso yaheze mu kirere. Ubuyobozi bw’ako Karere bwabwiye Ijwi ry’Amerika ko mu minsi ya vuba baraba babonye amafaranga yabo. Kompanyi ya Rumbuka isanzwe ifata umusaruro…

Read More

RUBAVU: abagera kuri batatu bafatiwe mu bucuruzi bwa magendu y’imyenda n’inkweto bya caguwa

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Rubavu, abantu batatu bacyekwaho kwinjiza mu buryo bwa magendu, amabalo 7 y’imyenda n’imiguru 20 y’inkweto bya caguwa. Abafashwe ni abagore babiri n’umusore umwe, bafatiwe mu murenge wa Rugerero, akagari ka Muhira mu mudugudu wa Gitebe I, ahagana saa tanu n’igice z’amanywa…

Read More

Zambia : hari ubwoba ko hari abashobora kwitaba imana bazize ibigori bihumanije

Minisitiri y’ubuzima ya Zambia yatangaje ko “umubare uteye ubwoba” w’imbwa 400 byibazwa ko zapfuye mu kwezi gushize muri icyo gihugu nyuma yo kurya ibigori bihumanye (byanduye), ndetse ko n’abantu bashobora kuba bari mu byago. OMS , Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima rivuga ko hari ibimenyetso ko uruhumbu rushobora guteza kanseri y’umwijima ku bantu.Hagati aho…

Read More