Abagize urubyiruko rw’abakorerabushake bahuguwe ku ruhare rwabo mu mutekano wo mu muhanda

Abagize ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali, bitabiriye amahugurwa agamije kubaha ubumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire isigasira umutekano wawo mu gihe bawukoresha. Ni amahugurwa y’umunsi umwe, yabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village mu Karere ka Nyarugenge, yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda, Ihuriro ry’imiryango nyarwanda…

Read More

South Africa : uwiyitaga ‘ingénieur’ ukomeye akatirwa gufungwa imyaka 15 azira ibyangombwa mpimbano

Umugabo wari warabaye enjeniyeri (ingénieur) mukuru mu kigo cya leta y’Afurika y’Epfo cyo gutwara abagenzi muri gariyamoshi (PRASA) yakatiwe gufungwa imyaka 15 nyuma yo guhamwa no gukoresha impamyabumenyi mpimbano. u mwirondoro ujyanye n’ibyo yize (CV), yavugaga ko afite impamyabumenyi nyinshi mu byo gukora no gukanika imashini nyinshi, harimo n’impamyabumenyi yo muri Kaminuza yubashywe yo muri…

Read More

USA : Abagera kuri 4 barasiwe kw’Ishuri rikuru ry’Apalachee muri leta ya Georgia

Abantu bane bahitanywe n’amasasu kw’ishuri rikuru ry’Apalachee muri Leta ya Georgia mu majyepfo ya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Igihe abanyeshuri n’abarimu bari bihishe mu cyumba, umuntu yahondaguye ku rugi rw’icyumba cy’ishuri, asakuza incuro nyinshi ngo bafungure. Ubwo guhondagura byahagararaga, Caldera yumvise urundi rusaku rw’amasasu n’abantu bavuza induru. Uyu munyeshuri yavuze ko nyuma, ishuri rye ryahungishirijwe…

Read More

Mozambique :Ingabo z’u Rwanda zamuritse  inkunga zageneye ishuri ribanza rya Nacololo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Mozambique, zikorera mu Karere ka Ancuabe mu Ntara Cabo Delgado, zatanze kumugaragaro ibyumba bitanu b’ishuri byavuguruwe, zinatanga ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri barenga 500. ibikoresho byatanzwe harimo intebe zigera ku 100, ndetse n’ibindi bikoresho by’ishuri nk’amakayi, amakaramu, ingwa, byose bizafasha abanyeshuri barenga 500 ndetse izi ngabo zinashyikiriza ubuyobozi bw’iri…

Read More

DRC yakiriye izindi dose z’inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende

Ministri w’ubuzima muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo yatangaje ko icyo gihugu kigiye kwakira inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende. Repubulika ya demukarasi ya Kongo itegereje inkingo za mbere z’indwara y’ubushita bw’inkende kuri uyu wa kane, icyiciro cya kabiri cyazo kikazahagera kuwa gatandatu w’iki cyumweru. Byatangajwe n’umukuru w’itsinda rishinzwe kurwanya iyo ndwara, Cris Kacita. Ishami ry’umuryango w’Abibumbye…

Read More

Nyuma y’uko uwari umukunzi we amusutseho lisansi akamutwika ; Rebecca Cheptegei yapfuye 

Umukinnyi wasiganwaga ku maguru w’umunya-Uganda witwa Rebecca Cheptegei yapfuye nyuma y’iminsi micye arembeye mu bitaro byo muri Kenya, nyuma yo gutwikwa n’uwahoze ari umukunzi we wamusutseho lisansi akamutwika. Abategetsi bavuga ko ku cyumweru gishize ubwo yari avuye gusenga we n’abana be babiri, nibwo yasagariwe na Dickson Marangach umugabo wahoze ari umukunzi we, ari iwe mu…

Read More

Umwami Mswati III agiye kurongora Umukobwa wa Jacob Zuma

Nomcebo Zuma, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini ku munsi wa nyuma w’ibirori gakondo bimara iminsi ine muri iki gihugu.  Umwami Mswati yizeje Jacob Zuma inka 100 na miliyoni zigera kuri ebyiri z’ama-Rand (arenga miliyoni 150Frw), yafatwa nk’inkwano, ku mukobwa we.Ku wa…

Read More

Ihuriro rya 13 ry’abapolisikazi ryasojwe hibandwa ku bunyamwuga no kwita ku buzima

Ihuriro ngarukamwaka rihuza abapolisikazi ryaberaga ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, ku nshuro ya 13 ryasojwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 Kanama, hagarukwa ku buryo bwo kwirinda indwara nka Kanseri y’ibere n’indwara z’ibyorezo zirimo; Ubushita bw’inkende (Mpox), Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina (STDs) n’ingamba zo kuboneza urubyaro. Umunsi wa mbere wari waranzwe…

Read More

CENTRAFRIQUE: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bakoze umuganda rusange

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), bifatanyije n’abaturage mu gikorwa cy’umuganda rusange wabereye mu bice bitandukanye by’igihugu. Ibikorwa by’Umuganda rusange byitabiriwe n’amatsinda abiri y’abapolisi; RWAFPU1-10 rikorera mu Murwa Mukuru Bangui n’itsinda RWAFPU3-2 ribarizwa mu Mujyi wa Bangassou uherereye mu Ntara ya Mbomou, mu Majyepfo y’Iburasirazuba…

Read More

Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje inoti nshya ya 2000 n’iya 5000 ziriho ibirango bitandukanye n’ibiri ku zisanzwe.

Banki Nkuru y’u Rwanda BNR umaze gutangaza ku mugaragaro ko hashyizweho inoti nshya ya 2000 ndetse n’iya 5000,zigiye gukoreshwa mu bucuruzi mu Rwanda ,zikazakonarana n’izari zisanzweho za 500,1000,2000 n’iya 5000. Iteka rya perezida wa Repubulika No 073/01/ ryo ku wa 29/08/2024 rishyiraho izo noti ryasohotse ejo kuwa 29 kanama 2024,riha uburenganzira banki Nkuru y’U Rwanda…

Read More