Rayon Sports irahagarikwa nande? yongeye gutsinda nta kwinjizwa igitego

Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2024, hakinwe umunsi wa 10 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda aho ikipe ya Rayon Sports yisasiye ikipe ya Gorilla FC bari bahanganiye umwanya wa mbere yuzuza umukino wa karindwi wikurikiranya itsinda. Iyi kipe yambara amabara y’ubururu n’umweru bari bakiri we na Gorilla FC kuri Kigali Pele Stadium…

Read More

Perezida wa Real Madrid Florentino Pérez yiniguye ku byo kuba Vinicius Junior ataratwaye Ballon D’Or

Perezida w’ikipe ya Real Madrid Florentino Pérez yashyize aratobora agaragaza icyo atekereza ku kuba  Ballon D’Or itaratwawe n’umukinnyi w’ikipe ayobora ndetse agenera n’ubutumwa Rodri wayitwaye ndetse na  Vinicius Junior wahabwaga amahirwe ariko ntayegukane. Tariki ya 28 Ukwakira 2024, mu gihugu cy’Ubufaransa niho hatangiwe igihembo kiruta ibindi cy’umukinnyi mwiza ku isi “Ballon D’Or” umwaka w’imikino wa…

Read More

Premier League: Arsenal nyuma y’imikino ine idatsinda yongeye kubona amanota atatu imbumbe

Ikipe ya Arsenal ku munsi wa 12 w’ashampiyona y’igihugu y’Abongereza “Premier League” yitwaye neza batsinda ikipe ya Nottingham Forest F.C. ibitego bitatu ku busa(3-0) nyuma y’imikino ine itatsinda. Ni umukino ikipe ya Arsenal yagiye gukina imaze imikino ine idatsinda yikurikiranya muri shampiyona aho mbere na mbere batsinzwe n’ikipe ya A.F.C. Bournemouth ibitego bibiri ku busa(2-0)…

Read More

Tombola ya UEFA nations league: Portugal ya Ronaldo n’Ubufaransa bwa Mbappe bamenye aho bazanyura

Tombola y’imikino ya UEFA nations league abenshi bari bategereje yashyize iraba ndetse isiga ibyamamare bitandukanye bimenye inzira bizanyuramo. N’igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu cyasize habonetse imikino imwe n’imwe ikomeye harimo n’ifatwa nk’iyi ibihe byose bitewe n’amateka atandukanye. Iyi tombola ya 1/4 yasize imikino 4 y’umuriro, aho hagomba gukinwa imikino ibiri (ubanza n’uwo kwishyura) igakinwa…

Read More

Hatangajwe amafaranga ikipe yifuza Lamine Yamal byibuze ya kwishyura muri 2025 Kugirango imutware

Umunya-Esipanye Lamine Yamal w’imyaka 17 y’amavuko niyongererwa amasezerano muri Barcelona kuva mu mwaka wa 2025 azaba ahagaze igiciro cya Miliyali 1 y’amayero ku makipe yose azamwifuza. Uyu musore ukiri muto wazamukiye mu irerero(academy) ry’ikipe ya Barcelona “La Masia” amasezerano asanganwe azarangirana na tariki 30 Kamena 2026 , ubu iyi kipe iyobowe n’umukambwe Joan Laporta ikaba…

Read More

Icyo amategeko n’amabwiriza bya CAF bivuga ku birego Guinea ishinja Tanzania

Ikipe y’igihugu ya Tanzania bakunze kwita (Taifa stars) irashinjwa na Guinea kuba yarakinishije umukinnyi ufite nimero itandukanye n’iri ku rupapuro rw’umukino, ibintu bihanwa n’amategeko y’umukino mu marushanwa ya CAF. Mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika uherutse kuba ubwo iki gihugu cyatsindaga silly national ya Guinea ndetse bigahita byemezwa ko Tanzania ariyo ibonye itike nyuma…

Read More

Tanzania ishobora guhura n’uruvagusenya ikamburwa itike y’igikombe cya Afurika yari yabonye

Ikipe y’igihugu ya Tanzania ishobora kwamburwa tike y’ikombe cya Africa cya 2025 yari yabonye kubera amakosa yakoze ku mukino batsinzemo ikipe y’igihugu ya Guinea igitego kimwe ku busa(1-0) umukino wabereye kuri Benjamin Mkapa Stadium. Hari ku itariki ya 19 Ugushyingo ubwo ikipe y’igihugu ya Tanzania yakiraga iya Guinea mu gushaka itike y’imikino y’ikombe cya Africa…

Read More

Frank Lampard ku ruhembe rw’iburyo rw’abagomba kuvamo utoza ikipe ya Coventery City

Umwongereza Frank Lampard akomeje kuyobora urutonde rw’abatoza bashobora kuvamo uza kugirwa umutoza mukuru w’ikipe ya Coventry city usimbura Mark Robins uherutse kwerekwa imiryango ku tariki ya karindwi /Ugushyingo. Uyu wahoze ari rurangiranwa mu ikipe ya chelsea ndetse no mu ikipe y’igihugu y’Abongereza izwi nk’intare eshatu bivugwa ko ari mu bimbere bakomeje kuza mu ntekerezo z’umuherwe…

Read More

Tottenham yajuririye uburebure bw’igihano cyahawe Rodrigo Bentancur nyuma yo guhamwa n’amacakubiri ashingiye ku moko !

Ikipe ya Tottenham yatangaje ko yajuririye uburebure bw’igihano giherutse guhabwa umunya- Uruguayusanzwe uyukinira witwa Rodrigo Bentancur cyo guhagarikwa imikino irindwi kubera amagambo yumvikanyemo igisa n’ivangura yavuze kuri mugenzi we ukinira ikipe y’igihugu ya Koreya y’Epfo witwa Son Heung-min. Ku wa mbere, nibwo Bentancur yabujijwe n’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru mu bwongereza kongera gukandagira mu kibuga mu gihe…

Read More

Nyuma yo gukora byiza bidafite akamaro ; Amavubi agarutse i Kigali !

 Mu kanya gashize ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), rimaze gutangaza ko abakinnyi, abatoza ndetse n’abayobozi bari bajyanye n’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, bari mu rugendo rugaruka i Kigali nyuma yo gutsinda ikipe ya Nigeria ibitego bibiri kuri kimwe ariko ntibigire icyo bitanga mu rugendo rugana muri CAN izabera muri Morocco .  Ribinyujije ku rukuta rwayo rwa X…

Read More