CAF Champions League irarimbanyije: Yanga Africans yatangiye yandagarizwa mu rugo

Kuri uyu wa gatatu , tariki ya 27/Ugushyingo , Imikino yo ku rwego rw’umugabane ihuza amakipe yitwaye neza iwayo muri Afurika yaraye itangiye ndetse hagaragaramo gutungurana ku mpande zitandukanye. Muri iyi nkuru ikinyamakuru Daily–box kiragaruka ku musaruro wabonetse mu mikino umunani yakinwe mu irushanwa rya (CAF champions league) ndetse iranyuzamo ikubwire no ku mikino imwe…

Read More

Ben Chilwell wa Chelsea nyuma yo kudakoreshwa na Maresca ashobora kwereza muri Juventus

Umwongereza usanzwe ari Myugariro wa Chelsea witwa Ben Chilwell ari kwifuzwa nk’intizanyo n’amakipe agiye akomeye ku mugabane w’i Burayi ayabowe na Juventus mu kwezi kwa mbere nyuma yuko uyu musore agaragaje ko ashaka gusohoka muri iyi ikipe bijyanye nuko yabuze umwanya uhagije wo gukina mu ikipe ya Chelsea . Uyu musore wimyaka 27 yagaragarijwe ko…

Read More

Champions League: Ibyo wamenya ku mukino ugiye guhuza Liverpool na Real Madrid

Ku munsi wa Gatanu wa UEFA Champions League ikipe ya Liverpool y’umutoza Arne Slot igihe kwakira Real Madrid kuri Anfield ibura inkingi z’amwamba zirimo n’Umunya-Brazil Vinicius Junior, ukaba umukino uteganyijwe mu masaha make ari imbere ku isaha y’isayine z’umugoroba (22:00 PM). Ikipe ya Liverpool kuva uyu mwaka wa Champions League watangira ntiratakaza umukino numwe aho…

Read More

Perezida wa Gasogi United KNC yakije umuriro ‘Malipangou ni umukinnyi wacu’

Perezida w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka “KNC” yatangaje ko Malipangou Christian Yawanendji uri kuvugwa cyane muri Rayon Sports akiri umukinnyi ugifite amasezerano muri Gosogi United. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo 2024, nibwo habyutse amakuru avuga ko uyu Munya-Central African Republic ashobora kwerekeza mu ikipe yambara…

Read More

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ishobora kutitabira CECAFA U-17, byagenze bite?

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 17 ishobora kutazitabira CECAFA U-17 izabera muri Uganda hagati ya tariki 14 na 28 Ukuboza 2024 kubera ibibazo bitandukanye byiganjemo iby’amanyanga. Mu rwego rwo guteza umupira w’amaguru haherewe mu bato mu karere k’ibihugu by’iburasirazuba “CECAFA” iri shyirahamwe ryashyizeho andi marushanwa yunganira CECAFA y’abakuze “CECAFA Senior Challenge Cup” harimo rero…

Read More

Liverpool yagaruye umukinnyi wayo w’ingenzi mbere yo gukina na Real Madrid

Myugariro w’ikipe ya Liverpool Umwongereza Trent Alexander-Arnold amahirwe ni menshi ko azagaragara ku mukino ikipe ya Liverpool izakiramo Real Madrid nyuma y’ibibazo by’imvune uyu musore yari yagize. Uyu musore ukina nka myugariro w’iburyo yari yagiriye ikibazo cy’imvune ku mukino ikipe ya Liverpool yari yatsinzemo Aston Villa ibitego bibiri ku busa(2-0) mbere gato y’akaruhuko mpuzamahanga(International Break)….

Read More

Byamenyekanye niba Lamine Yamal ari bukine umukino wa Barcelona muri Champions League

Mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions League 2024-2025 ikipe ya FC Barcelona iraza kwakira ikipe ya Brest yo mu gihugu cy’Ubufaransa idafite kizigenza wa yo Lamine Yamal nk’uko byamaze kwemezwa. Nyuma yo gusiba imikino ibiri iheruka ya Shampiyona y’igihugu ya Esipanye “La Liga” yose Barcelona itabonyeho amanota atatu imbumbe aho batsinzwe na Real…

Read More

Kera kabaye umukino wa Rayon Sports na Apr fc wamenyekanye igihe ugomba kuzaberaho !

Urwego rutegura Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Mupira w’Amaguru (Rwanda Premier League) rumaze gutangaza ko kuri sitade Amahoro, tariki ya 7 / Ukoboza /2025 ari bwo  umukino ubanza uzahuza ikipe ya Rayon Sports na  Apr Fc ugomba kuzaba . Uyu mukino ufatwa nk’uhatse iyindi kubutaka bw’u Rwanda wakunze guterwa ipine inshuro nyinshi bijyanye nuko hagendaga…

Read More

Carlo Ancelotti utoza Real Madrid yashyize umucyo ku bivugwa k’ubuzima bwa Kylian Mbappe

umukambwe Carlo Ancelotti, usanzwe ari umutoza mukuru w’ikipe ya Real Madrid, yahakanyije abakomeje gutangaza amakuru we yise ibinyoma avuga ko rutahizamu Kylian Mbappe, amaze igihe kinini ahanganye n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe. Ubwo yari mu ikiganiro n’itangazamakuru mbere y’umukino ikipe ya Real Madrid yatsinzemo Leganes, 3-0, Ancelotti yavuze ko afitiye ikizere rutahizamu we ndetse yizeye…

Read More