Amerika yemeje bidasubirwaho ko u Rwanda rufasha M23 mu guteza intambara muri DR.congo

Leta zunze ubumwe z’Amerika zemereye akanama k’umuryango w’abibumbye ko u Rwanda rufite abasirikare barenga ibihumbi bine muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amerika yashinje u Rwanda kohereza ingabo zirenga 4000 mu gushimangira ubushobozi bwa M23 n’imitwe y’inyeshyamba za Congo River Alliance mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Raporo nshya impuguke za Loni…

Read More

AMATORA 2024: Uko Umunsi wa 17 wo kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’itangazamakuru.Mpayimana yasezeranije abaturage ko…

Read More

Dore icyo u Rwanda ruvuga ku bijyanye n’iseswa ry’amasezerano arebana n’abimukira yari hagati yarwo na leta y’ u Bwongereza

Ku nshuro ya mbere leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku bimaze iminsi bitangajwe na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer byerekeye amasezerano u Rwanda rwagiranye n’icyo gihugu arebana nikibazo cy’abimukira bivugwa ko yamaze guseswa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere ariki 08 Nyakanga 2024 ,mu itangazo ryasohowe n’ibiro by’umuvugizi wa Guverinoma y’u…

Read More

 Dore ikizakoreshwa arenga Miliyari 60Frw yasinywe n’u Rwanda n’u Butaliyani

Leta y’u Rwanda n’iy’u Butaliyani zasinyanye amasezerano y’inkunga afite agaciro a Miliyoni 50 z’amayero agomba gukoreshwa mu iterambere ry’ibikorwa byo kubungabunga ikirere no guhangana n’imihindagurikire ya cyo. kuri uyu wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024 nibwo aya masezerano yashizweho umukono ku mpande zombi ,aho kuruhande rw’u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi…

Read More

AMATORA 2024 : uko umunsi wa 16 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho [Inkuru yose ]

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Gakenke na Rulindo.Mu masaha ya saa…

Read More

Menya ibyavuye ku meza y’ibiganiro hagati ya leta y’u Rwanda n’iya congo

kuri iki Cyumweru tariki ya 7/ Nyakanga 2024, muri Zanzibar ,Abahagarariye leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye mu ibiganiro, byaciye amarenga ko hari ubushake bwo gukemura ibibazo ndetse n’umwuka mubi w’intambara uri gututumba hagati y’ibi bihugu. Abahagarariye leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye mu ibiganiro, byaciye amarenga…

Read More

nzabaha ubutaka burundu maze mureke kubukodesha na leta : Dr Frank Habineza, Uko Umunsi wa 16 wo Kwiyamamaza wagenze ku ba kandida Perezida na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza ku bakandida perezida bose uko ari batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza muri mahanga.Uyu mukandida Kandi nk’uko…

Read More

AMATORA MU UBUFARANSA : Ese ishyaka ry’abahezanguni rya madame Marine Le Pen rirakomeza kuyobora mu bwiganze?

Mu kanya gato nibwo mugihugu cy’ubufaransa haza gutangazwa ibyavuye mu kiciro cya kabiri cy’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko yatangiye ku isaha y’i saa mbili nyuma y’uko ikiciro cya mbere cy’aya matora cyatsinzwe n’ishyaka rya Rassemblement National (RN) rya madame Marine Le Pen binakomeza gushyira habi Macron. Abaturage b’igihugu cy’ubufaransa bari mu matora akomeye cyane abayeho…

Read More

DR.Congo: Kongo yongeye kwakira ibimodoka by’Agisirikare byo guhangana n’u mwanzi wayo aho ari hose!

Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo kera kabaye igiye kwakira intwaro kirimbuzi zifashisha ikoranabuhanga ku rugamba mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano iki gihugu cyagiranye na sosiyete yitwa Katmerciler yo mu gihugu cya Turkey yari yarasinywe muri 2020. Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zongereye imbaraga n’umwete mu kugura imodoka zitwara ibirwanisho…

Read More

u Rwanda ni igihugu gikennye cyane kuburyo ntabushobozi gifite bwo gutunga neza impunzi : Minisitiri w’intebe mushya w’ubwongereza

Keir Starmer watorewe kuba minisitri w’intebe w’ubwongereza,yamaganiye kure umushinga wari waremejwe wo kuzana abimukira mu Rwanda bavuye mu Bwongereza. Mu kiganiro cya mbere yagiranye n’itangazamakuru Keir Starmer akimara kugera mu biro bya No 10 Downing street, yashimangiye uruhande yahozeho n’ishyaka rye ko umushinga wo kuzana abimukira mu Rwanda utanyuze mu mucyo. Mu magambo ye yagize…

Read More