Ingabo z’Amerika n’iza Indoneziya ziri gukorana imyitozo ihanitse

Indoneziya na Leta zunze ubumwe z’Amerika batangiye imyitozo mpuzamahanga ya gisirikare ya karundura. Ni imyitozo izamara ibyumweru bibiri. Irimo abasirikare ba Indoneziya 4.400, ab’Amerika 1.800, n’abandi amagana bo mu Bufaransa, Ubwongereza, Canada, n’ibindi bihugu bitanu bitandukanye byo mu karere k’Aziya-Pasifika, ari byo Ositarariya, Ubuyapani, Singapore, Koreya y’Epfo, na Nouvelle-Zelande. Ibindi bihugu umunani, Burezile, Ubudage, Ubuholandi,…

Read More

Minisitiri Biruta yagiranye inama n’abayobozi ba Polisi y’u Rwanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kanama, Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Dr. Vincent Biruta yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku cyicaro gikuru ku Kacyiru. Yakiriwe  n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) CG Felix Namuhoranye, ashima intambwe Polisi imaze gutera mu gukora kinyamwuga n’uruhare igira mu gushyigikira…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Ibitero bikomeye by’Uburusiya byibasiye bikomeye Ukraine

Igihugu cy’Uburusiya cyongeye cyibasiye Ukraine mu yindi nkubiri y’ibitero byiciwemo abantu, umunsi umwe nyuma yuko buyigabyeho kimwe mu bitero binini cyane byo mu kirere bibayeho muri iyi ntambara. Mbere, abagenzuzi b’ikirere ba Ukraine batahuye indege z’Uburusiya zigaba ibitero bya misile zihuta cyane kurusha umuvuduko w’ijwi zizwi nka ‘hypersonic missiles’, ndetse igisikare cya Ukraine kirwanira mu…

Read More

IGP Namuhoranye yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Liberia

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) CG Felix Namuhoranye, yakiriye mugenzi we wa Liberia, Gregory O W Coleman n’itsinda yari ayoboye , ku Kacyiru ku cyicaro gikuru cya Polisi. Abayobozi ba Polisi z’ibihugu byombi bagiranye inama yagarutse ku ngamba zigamije gushimangira ubufatanye n’imikoranire mu bikorwa bitandukanye bya Polisi z’bihugu byombi. IGP Namuhoranye yashimiye mugenzi…

Read More

Danimarike yafunze Ambasade Zayo muri Mali na Burkina Faso

Danemark yavuze ko irimo gufunga ambasade zayo muri Mali na Burkina Faso, nka zimwe mu ngamba nshya kuri Afurika, mu gihe kudeta za gisirikare “zagabanyije cyane ibikorwa mu karere ka Sahel”. Danemark ivuga ko izafungura ambasade muri Senegali, Tuniziya no mu Rwanda, kandi ko izongera abadipolomate muri z’ambasade zayo mu Misiri, Kenya, Afurika y’Epfo, Nijeriya…

Read More

Butera Sandrine Isheja yahawe ikaze n’Ubuyobozi bukuru bwa RBA

Kuri uyu wa Kabiri, Ubuyobozi bukuru bw’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) bwahaye ikaze Butera Sandrine Isheja , Umuyobozi Mukuru Wungirije, uherutse gushyirwa kuri uyu mwanya n’Inama y’Abaminisitiri, bumwizeza imikoranire inoze mu nshingano nshya. Sandrine Isheja Butera wari usanzwe ari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yagizwe Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA.Isheja Butera yari asanzwe ayobora…

Read More

Ituri: 3 bapfuye kandi abantu bagera ku icumi bafashwe bugwate mu gitero cy’inyeshyamba za ADF i Bahaha

Abasivili bagera kuri batatu bapfiriye mu bikorwa byo gutwika amazu menshi ndetse no gushumuta abantu icumi bivugwa ko byakozwe n’inyeshyamba za ADF zirwanya ubutegetsi buriho bwa Uganda mu gace ka Bahaha ko muri Ituri . Amakuru aturuka mu gace ka Bahaha (Ituri) yatangaje ko ku wa mbere Kanama 25, hapfuye abasivili batatu,nyuma yo gutwika amazu…

Read More

Israel irashinjwa guhonyora uburenganzira bw’itangazamakuru

Imiryango 60 iharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yashyize umukono ku ibaruwa isaba Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi gufata ingamba zihamye zo kurwanya Isiraheli kubera ko ihohoterwa rikabije ry’ubwisanzure bw’itangazamakuru ndetse n’iyicwa ry’abanyamakuru muri Gaza ndetse no mu gace ka west Bank yigaruriwe na Isiraheli. Ibaruwa yo ku wa mbere yasabye ko amasezerano y’umuryango…

Read More

Mali : abantu bagera kuri 15 bahitanywe n’Ibitero bya Drone

Abantu 15 barimo abana bishwe n’ibitero by’indege mu majyarugu ya Mali ahakomeje imirwano hagati y’ingabo za leta zishyigikiwe n’abancancuro b’Abarusiya, n’imitwe y’inyeshyamba z’abajihadisite bashaka kwitandukanya na Mali. Umuvugizi w’izo nyeshyamba Mohamed Elmaouloud Ramadane yavuze ko ibyo bitero byatangiye byibasira farumasi, nyuma hakurikira no kurasa ku baturage. Izo nyeshyamba zirashinja ingabo za leta n’abacancuro ba Wagner…

Read More