Jose Mourinho nyuma y\’igihe kinini mu bushomeri yabonye ikipe nshya

Jose Maria Felix Mourinho ukunze gutazirwa [udasanzwe(the special one)] yamaze kwemeranya byose n\’ubuyobozi bwa ekipe ya Fenerbache kuyibera umutoza mu gihe cy\’imyaka ibiri. Amakuru ikinyamakuru Daily–box gikesha abagihagarariye mu gihugu cya Turkey avuga ko uyu mutoza w\’umunyabigwi ufite amamuko mugihugu cya portigal araza kuza kuba atoza ekipe ye ya cumi na rimwe mu mwuga we…

Read More

Amerika n\’inyeshamba zaba-Houthi bari kurebana ayi ingwe bapfa Gaza ; uburasirazuba bwo hagati byakomeye

Aba-houthi bo muri Yemeni bavuga ko bagabye igitero cya misile ku ndege yo muri Amerika itwara indege mu nyanja itukura kugira ngo basubize ibitero byakozwe na Amerika n\’Abongereza kuri Yemeni. Ku wa gatanu, umuvugizi w\’igisirikare cya aba -Houthi, Yahya Saree, yatangaje ko igitero cyagabwe ku bwikorezi bwa Eisenhower; iryo tsinda mbere ryatangaje ko byibuze abantu…

Read More

Usain Bolt yashyizeho agahigo kambere kw\’isi,zidane,Bayern Munich…..,taliki ya 31 /gicurasi mu mateka ya siporo

Muri 2008, Usain Bolt yashyizeho amateka yisi muri metero 100 akoresheje amasegonda 9,72 muri Reebok Grand Prix i New York. Bolt yihuta amasegonda 202 kurenza agahigo kari gafitwe na mugenzi we wo muri Jamayike, Asafa Powell. 2018 — Zinédine Zidane yatangazje ko yeguye ku mirimo ye nk\’umutoza wa Real Madrid nyuma y’ibikombe 3 bikurikirana. 1938…

Read More

Paper Talk: Arsenal kuri Benjamin Sesko bigeze kure, murumana wa Jude Bellingham kwisoko,Transiferi za Manchester United

Manchester United ira tekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Chelsea ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Trevoh Chalobah, 24 ukina mumu tima wa ba myugariro (centre-Back) muri uku kwezi kwa gatandatu (Independent) Mababa w’Ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cya Colombia Luis Diaz ndetse n’Umwongereza ukina nk’a  myugariro Joe Gomez, bari kwifuzwa n’ama kipe anyuranye yo muri shampiyona ya…

Read More

Umunsi wo kurwanya itabi,Natanyahu yatowe ku nshuro ye yambere…………uyu munsi mu mateka,taliki ya 31/gicurasi

Buri munsi wose mu mateka y\’Isi uba ufite icyo usobanuye haba ku muntu, ku muryango runaka, Igihugu, Umugabane, ndetse n\’Isi yose muri rusange. None tariki ya 31 Gicurasi 2024, reka dusubire inyuma mu mateka turebe iby\’ingenzi byaranze iyi tariki: Uyu ni umunsi 152 mu minsi igize umwaka. Uyu mwaka wa 2023 urabura iminsi 216. Uyu…

Read More

Paper Talk: Mvuyekure Emmanuel kurega Rayon Sports muri FIFA, John Bocco yasezeye Ruhago! Police ku bakinnyi baba nyamahanga

Martin Ndtoungou wari washyizweho nk’u mutoza w’Umusigire w’Ikipe y\’Igihugu ya Cameroon, nawe ya kuweho adatoje umukino n’Umwe nyuma y’Ubwiyunge bwa baye hagati ya Samuel Eto’o Fils umuyobozi wa federasiyo ya ruhago muri Cameroon(FECAFOOT) na  Marc Brys.(#BBC Sports Africa) Umunya Cameroon André Onana Onana,28 ukinira ikipe ya Manchester United y’Ibereye mu byaro by’Iwabo aho akomoka , ya garagaye…

Read More

Ubwongereza: Inteko nshingamategeko ya sheshwe hitegurwa gutora indi

Ni amatora y’abagize inteko nshingamategeko mu gihugu cy’Ubwongereza ateganijwe muri Nyakanga 2024. Aya matora nayo yitezwemo impinduka nyinshi Cyane ko ishyaka risanzwe rifite ubwiganze mu nteko ariryo ry’abadashaka impinduka ( Conservative party) ridahabwa amahirwe menshi nk’uko byari bisanzwe. Ibi bije nyuma y’ikusanyamakuru riherutse gukorwa ryerekanye ko ishyaka ry’abakozi ariryo rihabwa amahirwe Ari hejuru ya 40%….

Read More

Steven Gerrad ,Martin Dubravk ,Bobb Diamond ….ibyaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,taliki ya 30 /gicurasi

Tariki 30 Gicurasi ni umunsi w’151 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 215 umwaka ukagera ku musozo. dore ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu isi ya siporo: 1894 – Bobby Lowe (Boston Red Sox) yabaye umukinnyi wa mbere watsinze ibitego bine mu mukino umwe. 1911 – Ray Harroun yatsindiye Sweepstakes ya mbere ya Indianapolis. Isiganwa…

Read More

Paper Talk: Kanamugire Roger muri APR FC,Abatoza batatu APR FC izakuramo umwe,Seif na Savio muri Gor Mahia, BAL 2024

APR FC ikomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye yifuza gusimbuza Umufaransa Thierry Froger wasoje amasezerano ye muri iyi kipe barimo Aritz López Garai 44(spain), Julien Chevalier 43(France), Adel Amrouche 56(Belgium).(#Igihe) Bal 2024 Ku nshuro ya mbere yitabiriye BAL, Al Ahly yo muri Libya yageze ku mukino wa nyuma, itsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 89-83, mugihe…

Read More