Jose Mourinho nyuma y\’igihe kinini mu bushomeri yabonye ikipe nshya
Jose Maria Felix Mourinho ukunze gutazirwa [udasanzwe(the special one)] yamaze kwemeranya byose n\’ubuyobozi bwa ekipe ya Fenerbache kuyibera umutoza mu gihe cy\’imyaka ibiri. Amakuru ikinyamakuru Daily–box gikesha abagihagarariye mu gihugu cya Turkey avuga ko uyu mutoza w\’umunyabigwi ufite amamuko mugihugu cya portigal araza kuza kuba atoza ekipe ye ya cumi na rimwe mu mwuga we…