Micheal Jordan yaciye agahigo ko gutsinda amanota 38,Raphael Nadal yatsinze bikomeye cyane Novak Djokovic,orlando Magic ….. uyu munsi mateka mu isi ya siporo taliki 11/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri,Tariki 11/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 163 mu igize umwaka, hasigaye 203 ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi mu byaranze uyu munsi mu isi ya siporo; 1938 Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza ya Cricket yatsindiye Australiya ibizamini 58 ku 8 akaba ari umukino wabereye kuri kuri Trent Bridge. 1955 Impanuka yimodoka ya…

Read More

Minisitiri w’Intebe wa Canada Stephen Harper yasabye imbabazi ku mugaragaro,Manuel Uribe,Umuvumbuzi Edwin Armstrong yakoze FM…,uyu munsi mu mateka ,taliki ya 11/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri,Tariki 11/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 163 mu igize umwaka, hasigaye 203 ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi mu byaranze uyu munsi; 1776: Hashyizweho itsinda rigizwe na Thomas Jefferson, John Adams, Benjamin Franklin, Roger Sherman, na Robert R. Livingston ryari rigamije gukora inyigo ijyanye no gusaba ubwigenge bwa Leta Zunze…

Read More

Indege yari itwaye Vice-president wa Malawi yaburiye irengero!

Saulos Chilima,Perezida wungirije wa Malawi,yaburiwe irengero mu ndege yafashe mu masaha ya mugitondo Aho yerekezaga Mzuzu mu majyaruguru y\’icyo gihugu. Mu masaha yashize, ibiro bya perezida wa Malawi,byatangaje ibura ry\’indege yari itwaye uyu mwunganizi wa perezida mu nshingano,yaburiwe irengero ndetse na radari zikaba zakomeje kuyibura.Iyi ndege yari itegerejwe kugera I Mzuzu ku isaha ya saa…

Read More

Paper Talk[Europe]: Xavi Hernandez  agiye kujya muri Premier League,Arsenal irasabwa iki kugirango ibone Douglas Luiz?

Everton  yamaze gutangira ibiganiro byo gusinyisha umusore ukomoka mu gihugu cya Albania Armando Broja, 22, akaba intizanyo ya ekipe ya Chelsea, ikipe ya Everton ishobora gutanga agera kuri £30m . (Ben Jacobs) Wolverhampton Wanderers F.C. yamaze kumvikana  n’umusore w’imyaka  20-ukomoka mu gihugu cya  Portugal Rodrigo Gomes usanzwe akinira n’ubundi ikipe yomugihugu cya Portugal ariyo Braga. (Athletic – subscription…

Read More

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza ikomeje kuza mu majwi ya abatari bake mu zihabwa amahirwe yo kwegukana EURO 2024

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza iri muzihabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Euro 2024 rizabera mu gihugu cy\’ubudage kuri uyu wa kane taliki 14/Kamena /2024 bashingiye kubudasa n\’ubuhanga bwa abakinnyi bayo n\’uko yagiye yitwara mu marushanwa yashize. Nyuma yaho iterwa rya penaliti ribujije ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza gutwara igikombe cy\’uburayi cyo muri 2021 nyuma gutsindwa n\’abataliyani kuri penaliti,…

Read More

Menya inkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine! Kuva kuri Aburahamu

Amateka ya Israel na Palestine atangirira mu Myaka ya kera cyane,Agahuzwa n’ubwami bwabami nk’ubwa Otomani,Abaromani, Intambara zose z’isi,ndetse b’ibihugu by’ubu nka Leta Zunze Ubumwe Za Amerika,Ubwami bw’Ubwongereza n’Ubudage! Muri iyi nyandiko Daily –box iradusobanurira inkomoko kugeza kuri iyi ntambara ya Hamasi na Israel. Inkomoko nyirizina y’abayisrael ni igice cy’amajyaruguru y’Uburengerazuba bwa Mezopotamiya,aba bari bagizwe n’imiryango…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende ntashaka kuza muri APR FC, Marocco yemeye kwishingira Congo Brazzaville yari yanze kuza gukina!

Buri mukinnyi wa South Sudan biteganyijwe ko  azahabwa  ???????????? $????????????  n‘ibaramuka batsinze umukino bafitanye na Sudan mumikino yo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 kuri uy’uwakaniri, bakazongerwa n’anone agera , ???????????? $???????????????? kuri buri mukinnyi azatangwa n’umunya poliki ukomeye muri ikigihugu w’itwa Tut Gatulak. ( Micky Jnr) Mumukino  wahuje ekipe  ya  ???????????????????? ???????????????????????????? na ????????????????????????????…

Read More

Perezida Macron n\’ishyaka rye bakubitiwe ahareba inzega mu matora y\’iburayi ;ahita asesa inteko ishinga amategeko anahamagaza amatora yo kuyisimbuza

Ku wa mbere, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko yizeye ko Abafaransa bazahitamo neza mu matora y’agateganyo azaba kuri iki cyumweru nyuma y’uko ishyaka ry\’ubumwe bw’abakristu rye buzwi nka [centrist alliance] bwakubiswe inshuro n’ubw’iburyo mu matora y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi. Ubufaransa buzajya mu matora gutora Inteko ishinga amategeko nshya ,aho ikiciro cyambere cyayo cyabaye taliki ya…

Read More

KWIBUKA 30: Ambasade y\’u Rwanda muri Niger yifatanije n\’inshuti z\’u Rwanda kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994

Kuri uyu wa gatandatu w\’icyumweru dusoje abanyarwanda baba mu gihugu cya Niger nabo bongeye kuzirikana abarenga miliyoni imwe y\’abanyarwanda baburiye ubuzima muri jenoside yakorewe abatutsi muri Mata ,1994. Muri izi impera z\’icyumweru dosoje nibwo abagize diyasipora nyarwanda batuye mu gihugu cya Niger giherereye muri Afurika y\’iburengerezuba bifatanije na abakozi b\’imiryango mpuzamahanga ,abahagarariye ibihugu byabo muri…

Read More

Carlo Ancelotti wa Real Madrid yavutse,Manchester city itwara Treble,David Villa … uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,Taliki ya 10/Kamena

uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 10/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 162 mu igize umwaka, hasigaye 204 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1934 Umukino wanyuma wigikombe cyisi cya FIFA, kuri eStadio Nazionale PNF,iherereye i Roma, mu butaliyani: Angelo Schiavio yatsinze igitego mu minota y\’inyongera anafasha Ubutaliyani gutsinda…

Read More