TODAY IN SPORTS : taliki ya 3 /Nyakanga,Romania yakuyemo Arijantine mu gikombe cy’isi naho Sebastian Vettel abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927: Gerard de Courcelles yapfuye azize impanuka mu birori byabereye muri Grand Prix y’Abafaransa i Montlhery. 1932 Nyuma yimyaka 30…

Read More

Inkuru Yose: Uko umunsi wa 11 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 02 Nyakanga ,2024  ndetse na gahunda y’Umunsi wa 12

Ku munsi wa 11   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uyu wa Kabiri  taliki ya 02 Nyakanga 2024 abakandida bose  uko aribatatu bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza nyuma y’uko bamwe muribo bari babisubitse kuri uyu wa mbere w’icyumweru. Umukandida w’Umuryango wa   FPR Inkotany Paul Kagame yasubukuriye ibikorwa bye byokwiyamamaza  mu Karere ka Kirehe kuri  site ya Kirehe …

Read More

DAILY BOX MUSIC BILLBOARD HOT 100+: Sekoma ya chris easy iyoboye izindi 99 ,ni izihe ,ni iz’abahe bahanzi ,zatsindishijwe iki ,hagendwe ku iki ?

Urutonde ngaruka kwezi rwa Nyakanga rw’ikinyamakuru Daily box rumaze amasaha 24 rugiye ahagaragara ,rukaba rwahindutse ku kigero cya mirongo irindwi na kabiri ku ijana nk’uko inzobere zirutunganya zimaze kubitangaza ,Menya byinshi byahindutseho kuri uru rutonde ndetse n’uduhigo twagiye ducibwa naba nyir’ibihangano. Nkuko bimenyerewe buri mpera z’ukwezi abayobozi b’igisata cy’imyidagaduro mu kinyamakuru Daily box bategura ndetse…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea irikwitwara neza cyane ku isoko pe! Yageze no kuri Nico Williams, Manchester United igiye kugura umukinnyi wa mbere akaba myugariro  

Anthony Gordon Umwongereza w’imyaka 23   ari kwifuzwa cyane  n’ikipe ya  Liverpool  yumutoza Arne Slot  ariko biragoye cyane  kuko Newcastle United  ivugako ntagahunda ifite yokugurisha  uyu musore ukina nka mababa  (Telegraph – subscription required) Manchester United biravugwa ko yamaze guha amasezerano y’imyaka itanu myugariro   Matthijs de Ligt, 24, ukomoka mu gihugu cya  Netherlands  mu gihe…

Read More

KENYA :Abarenga 10 bapfiriye mu bikorwa by’igipolisi byo gutatanya abigaragambyaga uyu munsi

Kuri uyu wa mbere igipolisi cyo muri Kenya cyakoresheje imbaraga z’umurengera zirimo kurasa ibyuka biryana mu maso kugirango gitatanye imbaraga z’abigarambyaga bamaganaga ibyo gutora umushinga w’itora rigamije kongera umusoro muri iki gihugu bivugwa ko abatari bake bahatakarije ubuzima. Igipolisi cyarashe ibyuka biryana mu maso mu murwa mukuru mu kwirukana abari mu myigaragambyo yo kwamagana leta,ibi…

Read More

PREMIER LEAGUE : Tottenham Hotspurs imaze kwibikaho Archie Gray wakiniraga leeds united

Ikipe ya Leeds united imaze kwemeza ko imaze kugurisha umukinnyi Archie Gray mu ikipe ya Tottenham Hotspurs kuri miliyoni 30 z’amyero,uyu musore w’imyaka 18 bitezweko azafasha iyi ikipe yo mu murwa mukuru i Londres kwitwara neza mu mwaka w’imikino utaha. Leeds United yashyize ahagaragara itangazo ridasanzwe nyuma yo kugurisha Archie Gray muri Tottenham kuri £30m,ndetse…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Rayon Sports iri gukora  remontada muri taransiferi! Umunya-Africa yanditse amateka muri Tour de France

Umunya-Eritrea Biniam Girmay, yabaye umukinnyi mu mukino w’amagare wa mbere w’Umwirabura wegukanye agace (Etape) mu isiganwa rikomeye ku Isi rya Tour de France, iyi ntsinzi yabonetse kuri uyu wa Mbere tariki 01 Nyakanga 2024, ubwo hakinwaga agace ka gatatu kiri siganwa rya Tour de France.(# Tour de France 2024) Simba SC  ikomeje kwiyubaka  yitegura  umwaka…

Read More

AMATORA MURI AMERIKA : Nyuma yo kubyemeranyaho n’umuryango we ;perezida Biden azakomeza guhatanira ku mwanya wa Perezida

Akanama ka abagize umuryango wa Perezida Joe Biden kamaze kwemeza ko agomba kutava ku izima mu kwiyamamariza ku mwanya wa perezida nubwo Biden yitwaye nabi cyane ndetse agakubitwa incuro na mugenzi we Trump bahanganye mu kiganiro mpaka giherutse kubera kuri CNN i Atlanta. Umuryango wa Perezida w’Amerika ndetse akaba n’umudemokarate , Joe Biden wamushishikarije gutera…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 2 /Nyakanga, Luis Suarez yahesheje Uruguay intsinzi imbere ya Ghana naho umubiligi Maarten Martens abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi byumwihariko mu isi ya Siporo : 1932 Muri Tennis , umunyamerika Ellsworth Vines yatsindiye ku mukino wa nyuma Bunny Austin mugenzi we bahuje ubwenegihugu amaseti atatu…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 2/Nyakanga ,Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) naho Patrice Lumumba waharaniye ubwigenge bw’icyahoze ari Zaire abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 1266 : Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) arangiza intambara yahuzaga Ecosse na Norvège na Espagne….

Read More