u Rwanda ni igihugu gikennye cyane kuburyo ntabushobozi gifite bwo gutunga neza impunzi : Minisitiri w’intebe mushya w’ubwongereza
Keir Starmer watorewe kuba minisitri w’intebe w’ubwongereza,yamaganiye kure umushinga wari waremejwe wo kuzana abimukira mu Rwanda bavuye mu Bwongereza. Mu kiganiro cya mbere yagiranye n’itangazamakuru Keir Starmer akimara kugera mu biro bya No 10 Downing street, yashimangiye uruhande yahozeho n’ishyaka rye ko umushinga wo kuzana abimukira mu Rwanda utanyuze mu mucyo. Mu magambo ye yagize…