u Rwanda ni igihugu gikennye cyane kuburyo ntabushobozi gifite bwo gutunga neza impunzi : Minisitiri w’intebe mushya w’ubwongereza

Keir Starmer watorewe kuba minisitri w’intebe w’ubwongereza,yamaganiye kure umushinga wari waremejwe wo kuzana abimukira mu Rwanda bavuye mu Bwongereza. Mu kiganiro cya mbere yagiranye n’itangazamakuru Keir Starmer akimara kugera mu biro bya No 10 Downing street, yashimangiye uruhande yahozeho n’ishyaka rye ko umushinga wo kuzana abimukira mu Rwanda utanyuze mu mucyo. Mu magambo ye yagize…

Read More

Mukareba umuntu mu maso mukamubwira ko atariwe Mana : Perezida Kagame , Uko Umunsi wa 15 wo Kwiyamamaza wagenze kuba kandida Perezida na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose uko ari batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Nyabihu na Rubavu,akigera mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Inkuru yakababaro itashye umupira w’u Rwanda, hatangajwe igihe Rayon Sports izazanira umutoza

Ahoyikuye Jean Paul bitaga Mukonya wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali, yitabye Imana azize impanuka yo mu kibuga ubwo yakoraga imyitozo mu batarabigize umwuga, uyu musore  y’Itabye Imana  kumyaka 26 kuko yavuzetse  taliki ya 16 Kanama 2024.(#DailyBox) Fadlu Davids Umunya-South Africa w’Imyaka 43  yamaze kuba umutoza mushya w’Ikipe  ya Simba SC yo mu gihugu cya…

Read More

Kiyovu sports nyuma y’uko ibibazo bya FIFA bitarakemuka yatangiye kureshya abakinnyi ngo bayikinire!

Ikipe ya Kiyovu Sports club imaze kumvikana n’umwataka ukomoka mu gihugu cy’u Burundi kuyisinyira witwa Jordan Kessy wakiniraga ikipe ya Vitalo yo muri iki gihugu mugihe ikipe ya Kiyovu Sports yasohotse kurutonde rw’Amakipe afitenye ibibazo na FIFA kubera imyenda bafitiye abakinnyi na batoza bayikoreye mu bihe bitandukanye Amakuru ahari n’uko ikipe ya kiyovu sports imaze…

Read More

Amabara y’umweru na kaki niyo azifashishwa mu matora ya perezida n’abadepite

Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora yatangaje ko muri aya matora y’abadepite n’aya perezida hazifashishwamo amabara ya kaki n’umukara ku mpapuro z’itora. Izi mpapuro z’itora mu matora yombi , zizaba zifite amabara abiri atamenyerewe ariyo Umweru na Kaki. Ibinyujije ku rukuta rwayo rw’icyahoze ari twitter rwabaye X iyi komisiyo yatangaje ko mu matora y’abadepite hazakoreshwa ibara rya…

Read More

KENYA : ni ibi ki byihishe inyuma y’ikiganiro Perezida Ruto yagiranye n’urubyiruko ruri kwigaragambya kuri X ?

Kuri uyu mugoroba wo ku wa gatanu ,Perezida wa Kenya Willam Ruto yagiranye ikiganiro n’urubyiruko ruri kwigaragambya ku urubuga rwa X bizwi nka “Space” ,aho baganiriye ku bibazo biri gutuma uru rubyiruko ruyoboka imihanda rukajya kwigagambya. Perezida Ruto yabajijwe ibibazo bikaze n’abigaragambya, mu kiganiro mpaka cyabereye ku rubuga nkoranyambaga X. Ku nshuro ya mbere, yasabye…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 6/Nyakanga , Real Madrid yerekanye Cristiano Ronaldo nk’umukinnyi wayo mushya naho Umuny-Brazil Zé Roberto abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatandatu/Nyakanga ni umunsi w’i 188 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 178 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 2000 umunyemari washoye mu mitungo itimukanwa Stan Kroenke aratangaza ko yaguze Denver Nuggets, Colorado Avalanche hamwe na…

Read More

UBWONGEREZA: Minisitri w’intebe mushya Keir Starmer yatorewe kuyobora abongereza asimbuye Rishi Sunak bari bahanganye.

Keir Starmer, umuyobozi mukuru w’ishyaka ry’abakozi ( Labor’s Party) mu gihugu cy’ubwongereza,yegukanye insinzi nk’Ishyaka rye batsinda ishyaka ry’abadaharanira impinduka (conservative party) bari bamaze igihe byoboye ubwongereza. Keir Starmer, umuyobozi mukuru w’ishyaka ry’abakozi ( Labor’s Party) mu gihugu cy’ubwongereza,yegukanye insinzi nk’Ishyaka rye batsinda ishyaka ry’abadaharanira impinduka (conservative party) bari bamaze igihe byoboye ubwongereza. Ni amatora yari…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 06/Nyakanga,Malawi yatangaje ubwigenge bwayo nyuma yo kwibohora ubukoloni bw’Abongereza naho 50 Cent abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatandatu/Nyakanga ni umunsi w’188 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 178 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 2004: Radio Izuba, Radiyo y’Abaturage ikorera mu Burasirazuba bw’u Rwanda yatangiye gukora ku mugaragaro. 1484: Diogo Cão ukomoka muri Portugal yageze ku isoko y’umugezi…

Read More