Twagirumukiza Janvier

Aisha yasabye imbabazi abagabo bose nyuma yo kubita amagweja n’ibimonyo

Inkindi Aisha usanzwe ari Umukinnyi wa Sinema Nyarwanda, yasabye imbabazi anavuga ko yabivuze atazi ko ari n’ibitutsi nyuma yo kwita abagabo ibimonyo n’amagweja.  Inkindi Aisha nyuma yo kwita abagabo batabarizwa mu itsinda rishinzwe kurwanya iterabwoba rizwi nka CTU ,amagweja ndetse n’ibimonyo, amaze kubisabira imbabazi nyuma yo gutukwa bikomeye cyane ku mbuga nkoranyambaga n’abatari bake. Umukinnyi…

Read More

BREAKING NEWS : Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye imana

 Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, wari ambasaderi w’igihugu cya Qatar mu Rwanda yitabye imana . Amakuru mabi yatashye i Doha ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ubwo Nyakabahwa Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani usanzwe ari minisitiri w’intebe w’iki gihugu yatangaje iyi nkuru y’incamugongo kuri rubanda,abicishije ku urukuta rwe rwa X ,aho yihanganishije umuryango ndetse…

Read More

TODAY IN HISTORY: Tariki ya 20/Nyakanga, CIA yashyize ahagaragara inyandiko z‘amabanga ziba zigenzurwa na Guverinoma naho igikomangoma Haakon cyibona izuba

uyu munsi tariki 20 Nyakanga ni umunsi wa 202 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 164 kugira ngo umwaka ugere ku isoko. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Tariki ya 20 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umukino wa Damu, umukino wavumbuwe mu 1924. Uyu munsi watangiye kwizihizwa kuva mu 1966, bitangijwe n’ishami…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Cristiano Ronaldo yaciye agahigo muri shampiyona zose eshanu zikomeye ku isi naho Kiki Musampa abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1920 hashinzwe ikipe y’umupira w’amaguru yo mu ubuholandi yitwa Sportclub Heerenveen; ariko yabanje witwa Athleta mu ntago z’ishingwa ryayo;iyi inafite Igikombe cy’igihugu cyo mu buholandi cyizwi nka KNVB mu mwaka w’imikino wa 2008–09. 1924 Ottavio Bottecchia wo mu Butaliyani yegukanye Tour De france yabaga…

Read More

PaperTalk[Europe]: N’Golo Kante agiye kugaruka mu Bwongereza,Chelsea yageze muri Paris St-Germain irashaka gukuramo barutahizamu babiri!

Tottenham Hotspur yiteguye guhangana n’ikipe ya Fulham mu Gusinyisha  Scott McTominay  wa Manchester United ubu akaba afite imyaka  27 ariko akaba yarabuze umwanya uhagije wo gukina  bimusunikira gusohoka muri iy’ikipe. (Sun) Fulham   kandi irasha kuzana Umunya-Brazil  Ukina hagati mu kibuga  Andre, 23, ukinira ikipe ya  Fluminense  mu gihugu cya Brazil akaba afite imyaka 29  uyu bakaba…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Abakozi ba Kiyovu Sports bakomeje kugaruka mu kazi nubwo havugwamo ibibazo! Lamine Bah uheruka gusinyira APR FC ntakereje muri Olempike

Zira FK ya Mutsinzi Ange yabuze amahirwe yo gukomeza muri Europa League. Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange yatsinzwe na FC Sheriff yo muri Moldova penaliti 5-4, nyuma  yo kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi yo mu ijonjora rya mbere mu yo gushaka itike y’amatsinda ya UEFA Europa…

Read More

Nyuma y’Imyaka 10  APR FC yongeye kugera kumukino wanyuma wa CECAFA Kagame Cup itanga ubutumwa kuri  Azam bafitanye urubanza!

Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC imaze kugera kumukino wanyuma wa CECAFA nyuma yogutsinda kuri za penaliti  Al- Hilal Omdurman 5-4  umukino wabereye kuri KMC Stadium. Kuri uyu wa gatanu n’ibwo ikipe y’ingabo z’igihugu  APR FC  yagombaga kwisobanura n’ikipe ya Al- Hilal Omdurman yo muri Sudani  y’umutoza  Florent Ibengé akaba ari n’umukino wagombaga gutanga itike y’umukino w’anyuma…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Impinduka kumukino wa APR FC muri CECAFA Kagame Cup,Rwanda Premier League, FERWAFA kongera abanyamahanga!

Harasabwa ko umubare w’abanyamahanga bakina muri shampiyona y’u Rwanda wongerwa bakaba 12. Ihuriro ry’amakipe akina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, ryasabye ko umubare w’abakinnyi bakomoka hanze y’u Rwanda wava ku bakinnyi batandatu ukagera kuri 12 kuva mu mwaka w’imikino 2024-2025.(#Kigali ToDay) Basketball: REG WBBC yihimuye kuri APR WBBC inasoza shampiyona iyoboye. mu mukino w’abakeba…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTOR: Arsenal yatsinze Everton mu mukino utoroshye, naho Carlos Diogo abona izuba

BIMWE MU BIHE BY’INGENZI BYARANZE IYI TARIKI MU MATEKA YA SIPORO 1926 hakinwe Tour de France kunshuro ya 20 yatwawe na Lucien Buysse ukomoka mu gihugu cy’ububiligi wakurikiwe na Nicolas Frantz kumwanya wa kabiri we akaba akomoka mu gihugu cya Luxembourg. 1930 Ikipe y’umupira w’amaguru ya SHO yarashinzwe muri Old Beijerland mu gihugu cy’ubuhorandi 1959…

Read More

Paper Talk[Europe]:Igisubizo cya Jurgen Klopp  kukuba yatoza Abongereza, Manchester United  yahaye igisubizo Fulham kuri Scott McTominay 

Umusore w’Ikipe ya  Everton   w’Imyaka 22  Amadou Onana  Umubiligi  ukina hagati mu  kibuga  bitarenze iki cyumweru agomba kuba yabaye umukinnyi mushya w’ikipe ya  Aston Villa y’umutoza Unai Emery. (Sky Sports) Atletico Madrid yatangiye kugaragaza ko y’ifuza gutwara umusore w’ikipe ya  Manchester City akaba na rutahizamu w’umunya Argentine   Julian Alvarez, 24, kugirango bamusimbuze  Alvaro Morata Umunya-Esipanye…

Read More