DailyBox

Miss Jolly yigaramye ibyo urukundo rwe n’umuherwe w’Umunya-Tanzaniya

Tariki ya 10 Mutarama 2025, Miss Jolly Mutesi, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, yatangaje ko konti ye ya Instagram yibwe nyuma yo kugaragaza amagambo y’urukundo hagati ye n’umuherwe ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya witwa Lugumi Saidi Hamad, byatumye havuka impaka ku mbuga nkoranyambaga. Ibi byabaye nyuma y’uko kuri konti z’aba bombi, harimo ubutumwa bwagiye…

Read More

Sobanukirwa ihuriro n’itandukaniro riri hagati ya England,Great Britain na UK ibigora benshi

Ni kenshi mu matwi yacu twumvamo ijambo England , Great Britain cyangwa se United Kingdom(UK) kandi rimwe na rimwe ukumva birakoreshwa mu kuvuga igihugu cy’Ubwongereza. Si byo gusa kuko rimwe na rimwe ujyakumva ngo Scotland , Wales, England cyangwa se Great Britain ngo byitabiriye amarushanwa runaka kandi ukumva ngo bibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza. Muri iyi…

Read More

Ikipe ya APR FC yasinyishije rutahizamu wahataniraga igihembo na  Alejandro Garnacho

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yamaze gusinyisha rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Uganda Denis Omedi wakiniraga Kitara FC, ikipe ibarizwa mu kiciro cya mbere mu gihugu cya Uganda. Ikipe ya APR FC ni imwe mu makipe atarabashije kwinjiza ibitego byinshi mu gice kibanza cya shampiyona nubwo yo itarasoza imikino y’ayo, iyi kipe yinjije ibitego 16 yinjizwa ibitego…

Read More

Amakipe yatangiye kugura abakinnyi andi biri munzira; Rayon Sports yakiriye umukinnyi ku kibuga cy’indege

Ikipe ya Rayon Sports igiye kurangizanya na mababa w’Umunyarwanda Lague Byiringiro waciye mu ikipe y’Ingabo z’Igihugu ‘APR FC’ yavuyemo yerekeza ku Mugabane w’Uburayi. Uyu musore aherutse gutandukana n’ikipe ya kiniraga yo mu gihugu cya Sweden yitwa Sandvikens IF yagezemo mu mwaka wa 2023, akaba byibuze yari amaze kuyikinira imikino irenga 36 ayitsindira ibitego birenga 9….

Read More

Kigali : Abadepite bari kwigira hamwe uburyo bwo kwimakaza ubunyamwuga mu gutanga amasoko ya leta

Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 / Mutarama / 2024 ,Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta, batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishyiraho Ikigo cy’Abanyamwuga mu gutanga Amasoko. Bagaragaje impungenge bafite kuri iki kigo kubera ko zimwe mu nshingano zacyo zisanzwe mu bindi birimo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutunganya Amasoko ya Leta, RPPA…

Read More

DRC : Abashinwa batatu bafatanywe ubutunzi burimo zahabu n’akayabo k’amadolari

Abayobozi ba DRC batangaje  ko abashinwa batatu batawe muri yombi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo nyuma yo gusanganwa uduce twa zahabu dusaga 12 ndetse  n’akayabo k’amadolari 800 ,000  bivugwa ko bigwijeho mu buryo butemewe n’amategeko. Nk’uko byatangajwe na Jean Jacques Purusi, Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo, ngo zahabu n’amafaranga basanganwe byari bihishe…

Read More

RBC yatangije ikoreshwa ry’imiti mishya mu kurwanya Malaria mu gihugu

Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 / mutarama / 2025 , Ikigo cy’Igihigu gishinzwe Ubuzima, cyavuze ko u Rwanda rugiye gukoresha imiti mishya mu guhangana na Malaria imaze iminsi igaragaza gukaza umurego ndetse inakwirakwira mu buryo budasanzwe mu bice bitandukanye by’igihugu. Imiti ibiri irwanya malariya yitwa dihydroartemisinin-piperaquine (DHAP), na artesunate-pyronaridine (ASPY) niyo igiye kongerwa…

Read More

Premier League : Bruno Fernandez yatangaje ko kunganya na Liverpool byabubatsemo ikizere

Kapiteni wa Manchester United witwa Bruno Fernandes yavuze ko niba Manchester United ishobora gukinira kuri Anfield ikahakura inota rimwe bibaha icyezere yuko no kubindi bindi bibuga bazitwara mu mikino isigaye y’igice cya kabiri cya shampiyona y’Ubwongereza [ premier league ]. Ibi Bruno Miguel Borges Fernandes yabitangaje   nyuma yuko ikipe yari imaze iminsi irangwa n’umusaruro muke…

Read More