ISRAEL : nyuma yo kugabwaho ibitero rutura na Hezbollah ;Netanyahu yatangaje ukwihorera kweruye kuri uyu mutwe
Umutwe wo Hezbollah wo muri Libani waraye urekuriye mu gihugu cya Israel ibisasu n’indege zitagira abapilote (drone) 200 byose hamwe, mu guhorera urupfu rw’umwe mu ngabo nkuru zawo. Igisirikare cya Israel kivuga ko umwe mu basirikare bawo bishwe muri iki gihugu gusa ariko gikomeza kivuga ko hari umusirikare ukomeye nabo batakaje, ariyo mpamvu ngo igiye…