DailyBox

ISRAEL : nyuma yo kugabwaho ibitero rutura na Hezbollah ;Netanyahu yatangaje ukwihorera kweruye kuri uyu mutwe

Umutwe wo Hezbollah wo muri Libani waraye urekuriye mu gihugu cya Israel ibisasu n’indege zitagira abapilote (drone) 200 byose hamwe, mu guhorera urupfu rw’umwe mu ngabo nkuru zawo. Igisirikare cya Israel kivuga ko umwe mu basirikare bawo bishwe muri iki gihugu gusa ariko gikomeza kivuga ko hari umusirikare ukomeye nabo batakaje, ariyo mpamvu ngo igiye…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 5/Nyakanga ,Arsenal FC yaciye agahigo ku isoko ry’igura n’igurisha naho Dejan Lovren abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatanu /Nyakanga ni umunsi w’187 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 179 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 2003 Umupiloti w’indege w’umufaransa Sébastien Bourdais yatsindiye irushanwa rya Champ Car ryabereye ku yikibuga cyindege cya Burke…

Read More

TODAY IN HISTORY : [taliki ya 5/Nyakanga], General Major Juvénal Habyarimana yahiritse ku butegetsi Grégoire Kayibanda naho Shane Filan umwe mu bagize westlife abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatanu /Nyakanga ni umunsi w’187 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 179 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1295: U Bufaransa na Ecosse byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rwo kurwanya u Bwongereza. 1687: Isaac Newton yashyize ahagaragara inyandiko…

Read More

PREMIER LEAGUE : nyuma ya byinshi byavuzwe manchester united yongereye Tenhag amasezerano

Mu kanya gashize Ikipe ya Manchester united imaze kongerera umutoza wayo Eric Tenhag amasezerano y’umwaka umwe azamugeza muri 2026 ,nyuma yo kwitwara neza mu mpera z’umwaka ushize agatwara igikombe cya Fa Cup atsinze Manchester city. Ikipe ya Manchester United yatumye umwaka umwe wongerwa mu masezerano ya Erik icumi Hag yo kumugumana muri iyi kipe kugeza…

Read More

CAMEROUN : umukobwa wa perezida ashobora kuba ari umutinganyi

Umukobwa w’umukuru w’igihugu Cameroun yasohoye amafoto asomana n’uwundi mugore, ibi byatumye abatari bake bacika ururondogoro mu gihe ibikorwa by’abahuje ibitsina muri iki gihugu bihanwa n’amategeko. Ubu ni ubutumwa yacishije ku rubuga rwe rwa Instagram bwerekana Brenda Biya w’imyaka 26 arigusomana n’umunyamiderikazi wo muri Brezili Layyons Valença. Brenda Biya yanditse ati: “Naragupfiriye kandi ndashaka ko isi…

Read More

H.E Paul Kagame: iyo hagize utuzanaho urugomo n’ubushotoranyi, duhagurukira kwirwanaho

Kuri uyu wa 04/07/2024,u Rwanda,abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bizihije umunsi mukuru w’imyaka 30 ishize u Rwanda rwibohoye ingoma y’amacakubiri,ivangura,akarengane n’ibindi byakandamizaga abanyarwanda. Uyu munsi Kandi nibwo abanyarwanda bibuka Ingabo za FPR Inkotanyi zahoze Ari iza RPA zabohoye u Rwanda zikanahagarika Genocide yakorewe abatusi mu 1994.Ku itariki ya 04/07/1994,nibwo ingabo za FPR Inkotanyi,zabohoye u Rwanda,urugamba zari…

Read More

KENYA: kubera uburakari bw’abaturage ;Perezida Ruto yahagaritse kongera imishahara y’abadepite

Perezida wa Kenya  William Ruto yategetse igitaraganya ko ibikorwa byose byari bigamije kongerera imishahara abadepite n’abaminisitiri byari biteganijwe bihita bihagarara kubera uburakari bw’urubyiruko ruri mu myigaragambyo bukomeje kwiyongera. ibi bije nyuma y’icyumweru imyigaragambyo yitabiriwe n’imbaga ihatiye Ruto kureka umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari wari urimo kongera imisoro.ejo Ku wa gatatu, ukuriye akanama k’igihugu k’imishahara (SRC) Lyn…

Read More

DRC : Abasirikare 25 bakatiwe urwo gucibwa umutwe nyuma yo kugaragaza ubugwari kurugamba

Ejo ku wa gatatu ,Ingabo 25 za Congo zakatiwe igihano cy’urupfu n’urukiko rwa gisirikare rwo muri kiriya gihugu nyuma yo guhamwa byo guhunga umwanzi kurugamba[M23] ibi ni ibyaha bakorewe muri Teritwari ya Lubero mu mpera z’icyumweru gishize, aho inyeshyamba z’umutwe wa M23 zigaruriye uduce dutandukanye nk’umijyi ya Kanyabayonga na Kirumba, Ku mugoroba wo ku wa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : [4/Nyakanga],Igitego cya Bebeto cyakijije Brezil ipfunwe imbere ya leta zunze ubumwe z’Amerika naho rutahizamu w’umufaransa Georges Bereta aratabaruka

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki muri siporo: 1964 Tennis y’abagore ya Wimbledon: Umunyaburezili Maria Bueno yegukanye igikombe cya 3 cya Wimbledon ,ibi yabigezeho amaze gutsinda Margaret Smith…

Read More

TODAY IN HISTORY:taliki ya 4/Nyakanga,ingabo zahoze ari iza RPA zabohoye u Rwanda naho Papa Benedict V yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya kane /Nyakanga ni umunsi w’186 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 180kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka: Igitondo cyo kuwa 4 Nyakanga 1994 muri Kigali ntabwo cyari kimeze nk’igisanzwe. Nyuma y’amezi atatu aburaho iminsi itatu, imiborogo,…

Read More