Dore ikizakoreshwa arenga Miliyari 60Frw yasinywe n’u Rwanda n’u Butaliyani
Leta y’u Rwanda n’iy’u Butaliyani zasinyanye amasezerano y’inkunga afite agaciro a Miliyoni 50 z’amayero agomba gukoreshwa mu iterambere ry’ibikorwa byo kubungabunga ikirere no guhangana n’imihindagurikire ya cyo. kuri uyu wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024 nibwo aya masezerano yashizweho umukono ku mpande zombi ,aho kuruhande rw’u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi…