DailyBox

 Dore ikizakoreshwa arenga Miliyari 60Frw yasinywe n’u Rwanda n’u Butaliyani

Leta y’u Rwanda n’iy’u Butaliyani zasinyanye amasezerano y’inkunga afite agaciro a Miliyoni 50 z’amayero agomba gukoreshwa mu iterambere ry’ibikorwa byo kubungabunga ikirere no guhangana n’imihindagurikire ya cyo. kuri uyu wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024 nibwo aya masezerano yashizweho umukono ku mpande zombi ,aho kuruhande rw’u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi…

Read More

AMATORA 2024 : uko umunsi wa 16 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho [Inkuru yose ]

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Gakenke na Rulindo.Mu masaha ya saa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 8/Nyakanga,Brazil yandagajwe bikomeye n’ikipe y’igihugu y’ubudage naho Virgil van Dijk na Son Heung-min babona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi twibukiranya kuri iyi taliki mu mateka mu isi ya siporo: 1990 igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyabereye kuri Stadio Olimpico iherereye i Rome muri Italy penaliti yo kumunota wa 85 w’umukino ya Andreas Brehme yahesheje ubudage bw’iburengerazuba igikombe imbere ya Argentine 2004 Mark Viduka rutahizamu kabuhariwe wakiniraga Leeds united akanayitsindira ibitego 14 muri…

Read More

BAYERN MUNICH : nyuma ya Micheal Olise wamaze gusinya ;Joao Palinha niwe utahiwe muri iyi kipe!

Ikipe ya Bayern Munich ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X, yatangaje ko yasinyishije Micheal Olise ,rutahizamu w’umufaransa wakiniraga Cryistal palace yo mu bwongereza kuri miliyoni 50 z’amapawundi harimo n’uduhimbaza musyi. Olise w’imyaka 22 y’amavuko nyuma yo kugurwa na Bayern yahise asinya amasezerano y’imyaka itanu azamugeza mumwaka wa 2029. Michael Olise abinyujije kurukuta rwa X, yagize…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 8/Nyakanga,Radiyo RTLM, (Radio Television des Mille Collines) yatangije ibiganiro byayo naho Kim Il-sung yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya munani /Nyakanga ni umunsi w’i 189 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 177 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Ibyaranze tariki 8 Nyakanga mu mateka: 951 : Nibwo Umujyi wa Lutèce mu Bufaransa wahinduye izina witwa Paris.kugeza ubu. 1099: Mu ntambara ya mbere y’amadini, izwi nka Crusade, ingabo…

Read More

Menya ibyavuye ku meza y’ibiganiro hagati ya leta y’u Rwanda n’iya congo

kuri iki Cyumweru tariki ya 7/ Nyakanga 2024, muri Zanzibar ,Abahagarariye leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye mu ibiganiro, byaciye amarenga ko hari ubushake bwo gukemura ibibazo ndetse n’umwuka mubi w’intambara uri gututumba hagati y’ibi bihugu. Abahagarariye leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye mu ibiganiro, byaciye amarenga…

Read More

CECAFA yahumuye APR FC irigukora imyitozo nkiyitegura gutwara igikombe !

Muri iki gitondo ikipe ya Apr fc yatangiye gukora imyitozo na bamwe mu bakinnyi bayo bashya yaguze kuri sitade ikirenga i Shyorongi yitegura kwerekeza muri Tanzania aho izaba igiye kwitabira irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP 2024. Ikipe y’ingabo z’igihugu yatangiye imyitozo mbere yuko berekeza muri CECAFAKAGAMECUP2024 muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki…

Read More

nzabaha ubutaka burundu maze mureke kubukodesha na leta : Dr Frank Habineza, Uko Umunsi wa 16 wo Kwiyamamaza wagenze ku ba kandida Perezida na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza ku bakandida perezida bose uko ari batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza muri mahanga.Uyu mukandida Kandi nk’uko…

Read More

EURO 2024 : Jadon Sancho yageneye ubutumwa bw’isanamutima Bukayo Saka nyuma yo kwitwara neza imbere y’ubusuwisi

Jadon Sancho yageneye ubutumwa buvuye ku mutima Bukayo Saka nyuma yuko Ubwongereza bugeze muri kimwe cya kabiri kirangiza muri Euro 2024. Intare eshatu zasezereye u Busuwisi kuri penariti ku mugoroba udasanzwe wabereye i Dusseldorf, uruhande rwa Gareth Southgate rwongeye kubira icyuya kugira ngo bagere mu cyiciro gikurikira. Asubiza rutahizamu Breel Embolo, Bukayo Saka yasubije Ubwongereza…

Read More

AMATORA MU UBUFARANSA : Ese ishyaka ry’abahezanguni rya madame Marine Le Pen rirakomeza kuyobora mu bwiganze?

Mu kanya gato nibwo mugihugu cy’ubufaransa haza gutangazwa ibyavuye mu kiciro cya kabiri cy’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko yatangiye ku isaha y’i saa mbili nyuma y’uko ikiciro cya mbere cy’aya matora cyatsinzwe n’ishyaka rya Rassemblement National (RN) rya madame Marine Le Pen binakomeza gushyira habi Macron. Abaturage b’igihugu cy’ubufaransa bari mu matora akomeye cyane abayeho…

Read More