DailyBox

Burundi : perezida Evariste Ndayishimiye yafunguye ku mugaragaro ikigo gitanga amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba

Perezida Evariste Ndayishimiye yafunguye ku mugaragaro ikigo kitezweho gutanga amashyarazi akomoka ku mirasire y’izuba mu gace ka Gahando gaherereye muri komine ya Vuzigo yo mu ntara ya Makamba mu majyepfo y’uburundi ,iki kigo kitezweho kuzajya gitanga amashanyarazi angana na kilowati 34 ku munsi. iki kigo cyashyizweho mu rwego rwo guteza imbaraga zikomoka ku masoko yisubira…

Read More

Tshisekedi niwe kibazo cya Congo; ihuriro AFC/M23 ryariye karungu nyuma y’uko Leta irenze kugahenge kemeranyijwe

Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Nyakanga 2024, ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka ARC/M23, riyobowe na Corneille Nangaa bagarutse ku mpungenge bafite ku bijyanye n’agahenge kari kagamije ahanini kugira ngo abaturage bahunze intambara bahabwe ubufasha bitagoranye. Nubwo AFC yashimye uruhare rw’umuryango mpuzamahanga, cyane cyane Leta Zunze Ubumwe…

Read More

Amakuru Mashya:Joe Biden yaretse kwiyamamaza;Kamara Harris niwe ugiye guhagararira aba Demokarate

Perezida joe Biden wari umaze igihe kinini avuga ko ashaka guhagararira ishyaka rye mu matora y’Umukuru w’igihugu azaba muri uku kwacumi nakumwe,birangiye abivuyemo ahezeza ikaze Kamara Harris ngo ahagararire aba Demokarate muri aya matora. Ibi yabitangaje kuri iki cyumweru ko atakiyamamaje muri aya matora, ibintu abenshi bafashe ko ari ikimenyetso cya Demokarasi kuko hari hashize…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United yafashe umwanzuro ukakaye kuri Antony, Barcelona igiye gusinyisha undi mukinnyi utari Nico Williams

Crystal Palace  y’umutoza Olivier Glasner  y’iteguye gutanga amafaranga angana na  £30m  kuri Emile Smith Rowe, 23 Umusore ukina hagati mu kibuga muri Arsenal. (Talksport) Umunya-Spain  ukina hagati mu kibuga  Sergi Roberto, 32, ashobora kwerekeza muri shampiyona yabongereza Premier League  nyuma y’uko asoje amasezeranoye mu ikipe ya Barcelona kandi ikaba ntagahunda ifite yokumwongerera amasezerano  . (Mundo Deportivo –…

Read More

Umukuru w’igihugu cy’Uburundi yemeje ko ubukene bugiye gushira kubera umutungo Ababiligi bari barahishe wavumbuwe!

Ibi byavuzwe na Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wababajwe cyane bikomeye n’abakoloni b’Ababiligi basize bahishe amabuye y’agaciro y’igihugu cyabo yo mu bwoko bwa Gasegereti. Umuyobozi wa sosiyete BIMECO icukura Gasegereti na Coltan yamusobanuriye ko ubushakashatsi bwahakorewe mu gihe cy’umwaka n’igice, bwagaragaje ko hari amabuye apima toni 12.700.000. Uyu muyobozi yabwiye Ndayishimiye ati “Kera…

Read More

Kwandura Covid-19 bikiyongeraho n’impungenge zogutsindwa na Donald Trump; Joe Biden arageraniwe!

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yagaragaweho na COVID 19,ubwo yari I Las Vegas mu bikorwa yari akomeje byo Kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganijwe mu kwezi Kwa cumi na kumwe uyu mwaka. ibintu benshi bemeza ko bishobora kuzagira ingaruka ku matora ateganyijwe ahangayemo na Donald Trump. Ni mu itangazo ryatanzwe n’umunyamabanga w’ibiro by’umukuru…

Read More

Ninde uzayobora inteko ishingamategeko y’u Rwanda?

Nyuma y’uko Abanyarwanda bari imbere mu gihugu ndetse n’abo mu mahanga batoye mu buryo butaziguye abadepite 53 baturuka mu mitwe ya Politiki cyangwa umukandida wigenga hari kwibazwa ufite amahirwe yokuba umukuru w’inteko? Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, yagaragaje ko amatora muri rusange yagenze neza ashimira abayagizemo uruhare ati “Tuboneyeho gushimira Abanyarwanda ku bwitabire…

Read More

Ibyavuye mu matora by’agateganyo mu byiciro byose nk’uko byatangajwe na Komisiyo ibishinzwe

Komisiyo y’igihugu y’amatora kuri uyu wa kane wa tariki ya 18 Nyakanga 2024 yongeye gutangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite, ibyerekanye ko Paul Kagame n’ishyaka rye bayoboye. Nk’uko yari yabyijeje abanyarwanda, komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gushyira hanze by’agateganyo imibare itangwa n’ababarura amajwi y’Umukuru w’igihugu ndetse n’abadepite Aho Paul Kagame akomeje kugira amajwi menshi…

Read More

Kenya: Nta myigaragambyo izongera kubera mu mugi wa Nairobi Nk’uko byari bisanzwe.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Kenya cyatangaje ko nta myigaragambyo izongera kubera mu murwa mukuru w’iki gihugu Nairobi kugeza igihe kitazwi, nyuma y’uko imyigaragambyo irimo kuzamo n’udutsiko tw’amabandi ndetse n’abagizi ba nabi bagamije gusahura abaturage. Zimwe mu mpirimbanyi zahamagariye abantu guterana kuri uyu wa Kane bafite ibikoresho byo gukambika cyangwa “kwigarurira” Parike ya Uhuru…

Read More