DailyBox

A.s Kigali yasinyishije myugariro Rwabuhihi Aimée Placide

myugariro Rwabuhihi Aimée Placide watandukanye n’ikipe ya APR FC yasinyiye ikipe ya A.s de Kigali yari isanzwe ivugwamo ibibazo by’amikoro byanagiye biyikoma mu nkokora mu kuba yatangira imyitozo. Nubwo hari amakuru yavugaga ko ikipe ya Kiyovu Sports yamwifuje kuva kera ndetse ikanamwizeza igitambaro cy’ubukapiteni ;Rwabuhihi Aimée Placide yahisemo kwerekeza muri ekipe ya AS de Kigali…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : u Bwongereza bwegukanye igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru naho Seán Dillon abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1905 Louis Trousselier w’umufaransa yatwaye Tour de France yabaga ku nshuro yayo ya 3 . 1909 John Heyder yabaye perezida wa shampiyona yigihugu ya baseball muri Amerika. 1911 Gustave Garrigou w’Umufaransa yegukanye Tour de France yagaba ku nshuro ya 9. 1930 Umukino wanyuma wigikombe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal igiye kubona rutahizamu imupapuye Liverpool, David de Gea yongeye kuvugwa mu makipe akomeye Iburayi

Paris St-Germain  yamaze kugera kumasezerano yibanze  na Jadon Sancho   Umwongeza w’imyaka 24  gusa nanone iy’ikipe yo mu Bufaransa igomba  kwishyura   Manchester United  byibuza  agera kuri  £50m. (Sports Zone – in French) Manchester United  irifuza gutwara abasore batatu bikipe ya  Paris St-Germain   harimo uwimyaka  26  akaba akina kuruhande yugarira Nordi Mukiele,  Umunya-Uruguay ukina hagati mu kibuga  Manuel…

Read More

Ethiopia : agaciro k’ifaranga rya Ethiopia kikubise hasi bitewe n’ingamba za leta zidahamye

Banki nkuru z’ubucuruzi zo muri Ethiopia zavuze ko agaciro k’ifaranga rya Ethiopia kagabanutseho 30% ugereranije n’idolari ry’Amerika nyuma y’uko guverinoma idebetse ku ingamba zo gucunga ifaranga mu gihugu. Guverinoma ya Ethiopia yahinduye politiki yari imaze igihe yo kugena igipimo cy’ivunjisha mu rwego rwo kubona inguzanyo ya biliyoni 10.7 z’amadolari yatanzwe n’ikigo mpuzamahanga cyita ku ubukungu…

Read More

Rayon sports yamaze kwemeranya byose kugirango isinyishe abanya – senegal babiri

Ikipe ya Rayon sports mu rwego gutegura neza umwaka w’imikino utaha w’imikino yamaze kwemeranya n’abanya -senegal babiri kuba basinyira iyi kipe barimo Youssou Diagne na Fall Ngagne. Rayon Sports yumvikanye na Youssou Diagne, myugariro w’Umunya-Sénegal wari Kapiteni wa Ittihad Zemmouri de Khémiss yo muri Maroc. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 ategerejwe i Kigali kuri uyu wa…

Read More

Perezida wa Rayon sports avuga ko kuba Rayon day itazabera kuri Sitade Amahoro byabahombeje byinshi

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko nubwo iyi kipe hari amafaranga menshi yari kwinjiza kuri ‘Rayon Day’ iyo ibera kuri Stade Amahoro, ariko igihombo kinini yagize ari uko batashoboye kwereka ibigo bikomeye ko bafite umubare munini w’abafana ku buryo byayifasha gukorana na byo. Si gahunda ya Rayon day yakomwe mu nkokora gusa…

Read More

Afurika y’epfo : Jacob Zuma wahoze ari perezida w’afurika y’epfo yirukanywe mu ishyaka rya ANC

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yirukanwe muri mu ishyaka rye rya African National Congress (ANC) yanigeze kuyoboraho kubera kwiyamamariza mu ishyaka ryari rihanganye naryo mu matora rusange y’umukuru w’igihugu yabaye ku ya 29 Gicurasi. Komite ishinzwe imyitwarire ya ANC yasanze Bwana Zuma ahamwa n’icyaha cyo kugambanira ubusugire bw’ishyaka nyuma yo kujya mu…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : u Rwanda rwarekuye abagororwa barenga benshi biganjemo abashinjwaga ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi naho Benito Mussolini abona izuba

Tariki ya 29 nyakanga ni umunsi mpuzamahanga wahariwe Ibisamagwe, umunsi washyizweho 2010 i Saint Petersburg ugamije kubungabunga ibi binyabuzima. uyu munsi tariki 29 Nyakanga ni umunsi wa 211 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 155 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1836: Hafunguwe inzu ndangamurage izwi cyane…

Read More

Ibyo kubona ubushobozi bwo gushyingura Dorimbogo aho yifuje gushyingurwa bikomeje kuba ingorabahizi !

Abagize Umuryango wa Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka ’Vava cyangwa Dorimbogo” uravuga ko uhangayikishijwe no kubona ubushobozi bwo gushyingura Valentine aho yifuje gushyingurwa. Amakuru avuga ko ashyingurwa kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024 nk’uko byatangajwe na Rweme Mbabazi Gerard, umwe mu banyamakuru watumye amenyekana nyakwigendera. Gusa kurundi ruhande mu kiganiro mama…

Read More