DailyBox

Sudani : intambara hagati ya leta n’imitwe yitwara gisirikare ikomeje guteza ikibazo k’ibura ry’ibiribwa

Umutwe w’inyeshyamba, the Sudan People’s Liberation Movement-North (SPLM-N), ugenzura imisozi ya Nuba muri Sudani hamwe n’ibice bya Leta ya Blue Nile, kuri uyu wa gatatu wavuze ko abaturage baho bugarijwe n’ibibazo by’inzara ikabije. Intambara irakomeje hagati y’ingabo za Sudani n’umutwe witwara gisirikare wa (RSF) yatumye kimwe cya kabiri cy’abaturage bahura n’ibibazo by’ibura ry’ibiribwa. SPLM-N yavuze…

Read More

imbaga y’abatari bake iteraniye i Kibeho kwizihiriza Umunsi Mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya

Abakirisitu babarirwa mu bihumbi baturutse mu bihugu bitandukanye bateraniye i Kibeho ku Ngoro ya Bikiramariya aho bari kwizihiriza Umunsi Mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya, uzwi nka Asomusiyo. Ni umunsi ngarukamwaka aho ku wa 15 Kanama ku Isi hizihizwa umunsi mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Biriramariya, aho aba Kirisitu Gatolika bakunze guhurira ku Butaka Butagatifu…

Read More

Beni : ingabo zigera kuri 132 za MONUSCO zambitswe imidali y’ishimwe

Kuri uyu wa gatatu , ingabo 132 zaturutse mu mutwe w’Afurika yepfo wa MONUSCO ufite icyicaro i Beni, mu majyaruguru ya Kivu zahawe imidali y’ishimwe kubw’uruhare rwabo mu gushakisha ibisubizo by’amahoro no kurengera abaturage muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Uyu wari muhango wari uyobowe na Jenerali Majoro Khar Diouf, Umuyobozi wungirije w’ingabo za MONUSCO,…

Read More

OMS irahururiza isi yose mu guhagurukira kurwanya indwara y’ubushita bw’inkende

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika ari ikibazo cy’ubuzima rusange cyihutirwa gihangayikishije isi. Umukuru wa OMS Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko kuba ishobora kurushaho gukwirakwira muri Afurika no hanze y’Afurika “birahangayikishije cyane”. Yagize ati: “Igisubizo mpuzamahanga gihuriweho ni ingenzi cyane mu…

Read More

abanyeshuri bagiye guhagararira u Rwanda mu mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba berekeje muri Uganda

Itsinda ry’abantu 198 ririmo abanyeshuri 162 ni ryo rigiye guhagararira u Rwanda mu Mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba (FEASSSA) izabera i Bukedea muri Uganda tariki ya 16-27 Kanama 2024. U Rwanda rufite amakipe 14 mu mikino irimo Umupira w’Amaguru, Handball, Volleyball, Basketball (5X5), Basketball 3X3, Rugby, Netball n’ImikinoNgororamubiri. Abitabiriye iyi Mikino bafashe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Brendan Rodgers yagizwe Umutoza wa Liverpool naho Alex Oxlade-Chamberlain abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 2012: Brendan Rodgers yagizwe Umutoza wa Liverpool kumasezerano yimyaka 3,Umunya Irlande y’Amajyaruguru yahawe uyu mwanye bijyanye nuko yabonwaga nk’umutoza ushimishije, ukiri muto washoboraga gukorana n’impano z’abasore ba Liverpool. 1966 mu iteremakofe ,umunya Porto Rika, José Torres yatsindiye Umunyamerika Eddie Cotton intagaruka mu mujyi Las…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : umugore wambere yasifuye umukino ukomeye mu mikino nyaburayi yabagabo naho Jay-Jay Okocha abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 2010 Imikino Olempike y’urubyiruko y’impeshyi yatangiye ku mugaragaro muri Singapore . 2016 Usain Bolt wamamaye muri siporo yo muri Jamaica yegukanye umudari wa zahabu 100m mu kwiruka metero 100 akoresheje iminota icyenda n’amasegonda umunani mu mikino Olempike ya Rio de Janeiro ,anaca agahigo ko…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Chairman wa APR FC yiseguye ku bafana, yakiriwe nk’umwami nyuma yo kwitwara neza muri Olempike!

Umusore ukomoka mu gihugu cya Tanzania  Israel Mwenda  uherutse gutandukana na  Simba SC yaho mri Tanzania yamaze gusinyira ikipe ya Singida Black Stars ku masezerano y’imyaka itatu, uyu musore ukina ku ruhande rw’iburyo yugarira w’imyaka 24. (#MickyJr) Mugihugu cya  Botswana   bakiri ye mu buryo budasanzwe  Letsile Tebogo  aho abarenga 30,000  aribo baje kumwakira nyuma yo…

Read More