daily

Kamonyi : Polisi yafatiye mu cyuho abakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe

Ku munsi wejo Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafatiye mu cyuho abantu batandatu bari mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Kayenzi. Aba batawe muri yombi  bagiye bafatirwa  ahantu habiri hatandukanye, kandi ahanini biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage. Aya ni amakuru kandi yanemejwe n’Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo,…

Read More

Transfers : Liverpool irashaka gusinyisha umwataka w’ikipe ya Napoli

Ikipe ya Liverpool biravugwa ko iri kwifuza gusinyisha umwataka w’ikipe ya Napoli ukomoka mu gihugu cya Georgia witwa Khvicha Kvaratskhelia  uri gushakishwa n’andi makipe arimo Paris saint Germain yo mu Bufaransa . Ikipe ya Liverpool ifite intwaro nyinshi zo kwifashisha byumwihariko mu gice cy’ubusatirizi cyabo aho bafite abarimo Luis Diaz, Cody Gakpo, Diogo Jota na…

Read More

Nsanzimfura Keddy ufite amasezerano ya Kiyovu Sports ashobora kwerekeza muri AS Kigali

Nsanzimfura Keddy usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina mu kibuga hagati, yatangiye gukora imyitozo mu ikipe ya AS Kigali nyuma yo kubura  umwanya wo gukina muri ikipe ya Kiyovu kubera ibihano yafatiwe .  Uyu musore utarabashije gukinira Kiyovu Sports, kubera ibihano yafatiwe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [ FIFA], ashobora kuzagaragara mu mwambaro wa…

Read More

Juventus irifuza gutanga umwataka wayo ngo imugurane na Zirkzee wa Man United

Ikipe ya Manchester United biravugwa ko yamaze kwakira ubusabe bw’ikipe ya Juventus ku kuba bagurana rutahizamu wayo witwa Dusan Vlahovic bakamugarana Joshua Zirkzee . Iyi kipe yo  mu Butaliyani biravugwa  ko yiteguye gutanga Dusan Vlahovic w’imyaka 24  baguze akayabo ka miliyoni 62 zama pound bamuvanye mu ikipe ya Fiorentina muri Mutarama 2022  bakamugurana uwitwa joshua…

Read More

Nyamasheke : Abaturage barasaba kubakirwa ikiraro gikomeje gutwara ubuzima bw’abatari bake

Abaturage bo mu Mirenge ya Kagano, Cyato, na Rangiro, bakomeje gutakamba kubera ikibazo cy’ikiraro kiri ku mugezi wa Kamiranzovu, gikoreshwa n’abaturage bambuka bagana ku isoko rya Rwesero no ku biro by’Akarere ka Nyamasheke.  Icyo kiraro cyubatswe mu buryo butameze neza, kigizwe n’ibiti bibiri gusa, aho kimwe muri byo cyarangiritse bikomeye. Benshi mu baturage bavuga ko…

Read More

DRC : M23 yamaze kwigarurira Teretwari ya Masisi

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 4 Mutarama, teretwari ya Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yigaruriwe n’inyeshyamba za M23. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, ngo izi nyeshyamba ziri kugenzura uyu mujyi, nyuma y’imirwano ikaze yabaye muri kariya gace kuva ku wa gatanu hagati y’inyeshyamba za M23, leta DRC yo ivuga ko…

Read More

RWANDA MUSIC BILLBOARD : The Ben na Zeo Trap bongeye gushyiraho akandi gahigo

Kuri uyu wa kane tariki ya 2 / Mutarama /2025 , ikinyamakuru Daily Box cyashyize ahagaragara urutonde ngarukakwezi rw’indirimbo ijana zikunzwe mu rw’imisozi igihumbi , ni urutonde rwaranzwe n’impinduka zitandukanye ugereranije nuko rwari rwasohotse mu kwezi ku Ugushyingo . uru ni urutonde ngaruka kwezi rw’indirimbo ijana zikunzwe kurusha izindi mu gihugu za abahanzi nyarwanda baba…

Read More

Zimbabwe : Perezida Mnangagwa yavanyeho igihano cy’urupfu

Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yemeje itegeko rikuraho igihano cy’urupfu muri iki gihugu giherereye muri  Afurika y’amajyepfo ndetse ko iri tegeko rihita ritangira gukurikizwa. Iki cyemezo cya Mnangagwa kibaye nyuma y’uko mu Ukuboza inteko ishinga mategeko ya Zimbabwe itoye   gukuraho igihano cy’urupfu. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu  wa Amnesty washimye iki cyemezo  ndetse ugifata nk…

Read More