daily

Paper Talk [ Europe ] : Liverpool yo byanze – i Burayi haramutse handikwa iki ?

1. Ikipe ya Arsenal biravugwa ko iri kwifuza gusinyisha rutahizamu w’umunya – Esipanye w’imyaka 22 ukinira ikipe ya Atheletico Bilbao witwa Nico Williams. [ FICHAJES ] 2.Ikipe ya Real Madrid ngo ntiyigeze icika mu gukomeza gukomangira ikipe ya Liverpool kugirango ibashe gusinyisha myugariro wayo ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza ukina ku ruhande rw’iburyo witwa Trent Alexander…

Read More

Musanze : Uwigeze kuba musenyeri yagejejwe imbere y’urukiko

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025 ,uwohoze ari umwepisikopi wa diyosezi y’Abangilikani ya Shyira yagejejwe imbere y’urukiko kugirango atangire kuburanishwa ku byaha akurikiranyweho birimo ubujura bw’amaturo . Uyu mwepisikopi yitwa Mugisha Samuel yatawe muri yombi muri Mutarama ndetse yari afunzwe mu gihe yari ategereje ko hakorwa dosiye ye ku byaha aregwe birimo…

Read More

DRC : Perezida Tshisekedi yasabye amadini kurwanya M23

Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yahamagariye abayobozi b’amadini atandukanye kwihuriza hamwe bagashaka ingamba zihuriweho zo kugarura umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu . Uyu mukuru w’ibihugu yatangarije ibi mu muhuro yagiranye n’abahagarariye amadini n’amatorero atandukanye akorera ku butaka bw’iki gihugu ku mugoroba wo ku wa ku munsi wejo tariki ya 11 Gashyantare…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya ku tariki ya 12 / Gashyantare mu mateka

Tariki ya 11 Gashyantare ni umunsi wa 42 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 323 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yo hirya no hino ku isi . 2002: Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho Yougoslavia (TPIY), rwatangiye urubanza rw’uwahoze ari Perezida wa Serbia, Slobodan Milošević, washinjwaga ibyaha by’intambara no kubangamira…

Read More

DRC : abatuye umujyi wa Goma bashobora kongera guturitswa n’ibisasu bikomeye

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Gashyantare 2025 ,umuryango uharanira amahoro n’iterambere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo watanze impuruza ku baturage batuye mu mujyi wa Goma bashobora guturikanwa n’ibisasu byasizwe n’intambara ya M23 na FARDC yabaye mu minsi ishize . Uyu muryango watangaje ko mu mujyi wa Goma hakiri ibisasu byinshi bitigeze biturikiraho…

Read More

DRC : FARDC yahawe amasaha 48 yo kuba yavuye muri Bukavu

Kuri iki cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2025  ,Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo abaturage bahaye ingabo za FARDC amasaha 48 kugira ngo zibe zavuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo.  Aba bari kwigaragambya bari kwamagana izo ngabo n’abarwanyi ba Wazalendo kwica no gusahura abaturage. Ni nyuma y’uko abantu icyenda biciwe mu…

Read More

DRC: Gutinya gukorerwa coup d’état mu mpamvu zituma Tshisekedi adasohoka igihugu

Perezida  Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  biravugwa ko afite impugenge z’uko aramutse asohotse igihugu cye ashobora guhirikwa n’umutwe wa M23 . Amakuru aturuka muri kiriya gihugu yemezo ko ari nayo mpamvu  nyamukuru yaba yaratumye yongera gutsemba ubutumire  bwa perezida Emmanuel Macron  uyobora igihugu cy’Ubufaranda wifuza kumuhuriza ku meza y’ibiganiro na Perezida Kagame i…

Read More