Perezida Biden yabujije ubucukuzi bwa Gaze na Peteroli bwo mu nyanja bukorerwa hafi y’Amerika
Mu kanya gashize , Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko bibujijwe gucukura peteroli na gaze mu nyanja mu duce turi hafi y’inkombe z’iki gihugu , ibi Biden abitangaje mu gihe habura ibyumweru bike ngo atange umwanya kugirango Donald Trump atangira imirimo ye. Iki ni kimwe mu bikorwa bya politiki bikozwe…