Chelsea ntiri gucogora kuri Ajandro Garnacho nubwo Man United iri guhenda

Manchester United yabwiye Chelsea ko yifuza miliyoni £50 ku Munya-Argentine Alejandro Garnacho niba bashaka ko ava kuri Old Trafford akerekeza ku kiraro. Chelsea yizeye ko uyu musore ufite amamuko muri Espagne gusa agakina ikipe y’igihugu ya Argentine, atagikenewe na Ruben Amorim, Kandi bizeyeko Garnancho ashaka kwerekeza muri Chelsea kurenza andi makipe yose amwifuza harimo na…

Read More

Aho kumushyira mu kibuga nashyiramo umukambwe : Ruben Amorim kuri Rashford

Amagambo ya Ruben Amorim avuga kuri Marcus Rashford_ Nubwo yatsinze ikipe ya Fulham ku cyumweru, ibintu si amahoro mu ikipe ya Manchester united, hagati y’umutoza w’iyi kipe Ruben Amorim, n’umukinnyi Marcus Rashford. Amakimbirane y’aba bombi yatangiye mu byumweru bike bishize gusa ibintu byaje gufata indi ntera kuri uyu wa mbere nyuma y’amagambo y’umutoza Ruben Amorim…

Read More

Transfert : Abahagarariye Rashford bagiranye ibiganiro n’amakipe arimo Dortimund

Kuri uyu wa kane tariki ya 9 / Mutarama / 2025, Abashinzwe kureberera inyungu za Marcus Brian Rashford biravugwa ko bagiranye ibiganiro n’intumwa zaturutse mu makipe ya Borussia Dortimund na Juventus kugirango babashe gusinyisha uyu musore wagaragaje ko yiteguye kuva muri ikipe . Muri aba bahagarariye Rashford bivugwa ko bagiranye ibiganiro n’aya makipe arimo Juventus…

Read More

Juventus irifuza gutanga umwataka wayo ngo imugurane na Zirkzee wa Man United

Ikipe ya Manchester United biravugwa ko yamaze kwakira ubusabe bw’ikipe ya Juventus ku kuba bagurana rutahizamu wayo witwa Dusan Vlahovic bakamugarana Joshua Zirkzee . Iyi kipe yo  mu Butaliyani biravugwa  ko yiteguye gutanga Dusan Vlahovic w’imyaka 24  baguze akayabo ka miliyoni 62 zama pound bamuvanye mu ikipe ya Fiorentina muri Mutarama 2022  bakamugurana uwitwa joshua…

Read More

Premier League : Bruno Fernandez yatangaje ko kunganya na Liverpool byabubatsemo ikizere

Kapiteni wa Manchester United witwa Bruno Fernandes yavuze ko niba Manchester United ishobora gukinira kuri Anfield ikahakura inota rimwe bibaha icyezere yuko no kubindi bindi bibuga bazitwara mu mikino isigaye y’igice cya kabiri cya shampiyona y’Ubwongereza [ premier league ]. Ibi Bruno Miguel Borges Fernandes yabitangaje   nyuma yuko ikipe yari imaze iminsi irangwa n’umusaruro muke…

Read More

TRANSFERT : Dani Olmo yahaye ubutumwa bw’ihumure abafana ba Barcelona

Dani Olmo yatangaje ko atigeze ashidikanya ku bijyanye n’ejo hazaza ha muri Barcelona ko agomba kuhaguma  nubwo ibyo kumwandikisha muri La Liga bikomeje kuba agatereranzamba kubera ikibazo cy’amikoro muri ikipe y’i Katalonya . Mu ubutumwa bwuzuye amarangamutima uyu mukinnyi mpuzamahanga wo muri Espagne yashyize ahagaragara mu joro ryakeye ryo kwizihiza umwaka mushya ,Dani olomo yavuze…

Read More