Rusizi : RIB yataye muri yombi umuganga ukekwaho gusambanyiriza umukobwa mu cyumba cy’isuzumiro

Umuganga w’umugabo w’imyaka 29 wakoraga ku Kigo Nderabuzima cya Nyakabuye mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kubwo gukekwaho gufata ku ngufu umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye ubwo yari ari mu cyumba cy’isuzumiro. amakuru agera ku kinyamakuru Daily Box avuga ko uyu mukobwa yavuze…

Read More

Gusura abanyeshuri biga bacumbikiwe ndetse n’imikino ihuza ibigo by’amashuri byasubukuwe

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko ibikorwa byo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa ku mashuri byasubukuwe, inakomorera imikino ihuza ibigo by’amashuri n’ibindi bikorwa bihuza abantu benshi mu bigo by’amashuri. Iki cyemezo cyari cyashyizweho mu rwego rwo kwirinda no kurwanya icyorezo cya Marburg ndetse Iyi ngingo ni imwe mu zari zikubiye mu mabwiriza iyi Minisiteri yasohoye ku wa Gatatu…

Read More

Umwe mu barwanyi ba Wagner yiciwe muri Mali

Abagize itsinda ry’abacanshuro b’Uburusiya, Wagner, ryemeje ko umwe mu barwanyi bawo wafatiwe muri Mali atakiriho. Alexander Efremov, yari umwe mu mfungwa ebyiri z’Abarusiya zafashwe ari bazima n’inyeshyamba z’abaTuareg nyuma y’urugamba mu butayu, rwaguyemo abarwanyi ba Wagner babarirwa muri mirongo mu mpera z’ukwezi kwa Karindwi. Umuvandimwe we Evgeny Efremov, yavuze ko Wagner yahamagaye kugirango ibamenyeshe urupfu…

Read More

DRC : M23 yashinje MONUSCO kurekura inkozi z’ibibi

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwashinje ingabo z’umuryango z’umuryango w’abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika iharanire Demokarasi ya Kongo [MONUSCO ] kugira uruhare mu irekurwa ry’abarimo ingabo za FARDC ndetse n’abarwanyi ba FDLR bari baratawe muri yombi n’uyu mutwe ubushinja ubwicanyi bw’abasivili bwabereye mu mujyi Goma . Mu itangazo ryashinzwe ahagaragara ku munsi wejo tariki…

Read More

Champions League: Ibyo wamenya ku mukino ugiye guhuza Liverpool na Real Madrid

Ku munsi wa Gatanu wa UEFA Champions League ikipe ya Liverpool y’umutoza Arne Slot igihe kwakira Real Madrid kuri Anfield ibura inkingi z’amwamba zirimo n’Umunya-Brazil Vinicius Junior, ukaba umukino uteganyijwe mu masaha make ari imbere ku isaha y’isayine z’umugoroba (22:00 PM). Ikipe ya Liverpool kuva uyu mwaka wa Champions League watangira ntiratakaza umukino numwe aho…

Read More

Inama y’Uyu Mwaka Ihuza Ubushinwa n’Ibihugu by’Afurika Isize Iki?[explainer]

Inama yahuje Ubushinwa n’ibihugu by’Afurika, mu cyumweru gishize yabuze gato ngo ibabarire imyenda bimwe muri byo biyibereyemo ariko yemera inkunga ya miliyari 50.7 z’amadolari y’Amerika, izatangwa mu buryo bw’imyenda n’ishoramali. Iyi nkunga Ubushinwa bwemeye iraruta iyo bwemeye mu nama yo mu 2021 ariko iri munsi ya miliyari 60 z’amadolari bwemeye mu 2015 na 2018 muri…

Read More

Uko byifashe nyuma yo gukozanyaho hagati y’igisirikare cya Congo na M23 mu nkengero za Goma

Ihuriro AFC ribarizwamo umutwe witwaragisirikare wa M23 watangaje ko ituze ryagarutse mu mugi wa Goma nyuma y’uko igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’imitwe bafatanyije bagabye ibitero mu nkengero z’umugi wa Goma. Ibi byabaye mu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 12 Mata 2025, aho FARDC, FDLR na Wazalendo bagerageje kwataka uyu mugi…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Fidel Castro yavuye ku ubutegetsi bwa Cuba naho Bob Welch abona izuba

uyu munsi tariki 31 Nyakanga ni umunsi wa 213 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 153 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze iyi tariki mu mateka: 432: Hatowe Papa Sixte III, asimbura Papa Célestin I. 1358: Étienne Marcel yishwe n’abakomoka mu mujyi wa Paris nyuma y’uko yanze ko…

Read More