Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri academy ya Bayern Munich hongeye gucishwamo umweyo, abatoza bomuri Cameroon bategetswe kuza gutoza bambaye amakote!

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon ryashyizeho itegeko rishya rireba ndetse rikanategeka abatoza batoza mu cyiciro cyambere ni cyakabiri muri ikigihugu kwambara amakote mu gihe bagiye gutoza umukino gusa abatoza bandi batari abatoza bakuru bo bazajya bemererwa kwambara imyenda yamakipe yabo umutoza uzarenga kuri iritegeko azajya ahanishwa agera ku $111,563.80.(#MickyJr) impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi “FIFA”…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City iri gusaba  Pep Guardiola kuvuga niba azaguma muri iyi kipe, Chelsea igiye kurekura umukinni wayo mwiza!

Abahagarariye  ikipe ya  Brentford  na  Ivan Toney  bari mu biganiro  n’ikipe yo muri   Saudi Pro League  ya    Al-Ahli  kugirango uyu musore w’umwongereza w’imyaka  28 yerekezeyo  . (Teamtalk) Manchester United  yavuzwe cyane   kuri Ivan Toney   ntago ikiri muri gahunda yo gutwa  uyu Mwongereza  dore ko yamaze kugura undi rutahizamu  bavanye muri Bologna mu gihugu cy’Ubutaliyani  Joshua Zirkzee…

Read More

Copa América : Urguay ikatishije itike ya 1/2 nyuma yo kuvanamo Brazil kuri Penaliti

Ikipe y’igihugu ya Urguay imaze gukatisha itike ya kimwe cya kabiri nyuma yo gusezerera ikipe y’igihugu ya Brazil kuri penaliti 4 kuri 2 nyuma y’uko iminota isanzwe y’umukino aya makipe yaguye miswi ubusa ku busa ,bikaba biteganijweko Urguay izahura na Columbia muri kimwe cya kabiri cyirangiza. Ni umukino wabaye mu rukerera rwo kuri icyi cyumweru…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Peresida wa Rayon Sports ibyo yijeje abafana yatangiye kubishyira mu ngiro, Police FC iri muri Uganda ikomeje gutanga ubutumwa!

Ikipe ya Police FC yahano mu Rwanda mu rwego rwo  kwitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025  byumwihariko imikino Nya-Africa ya CAF Confederations Cup yakinnye umukino wa gicuti n’ikipe ya MAROONS yo mu gihugu cya Uganda banyabitse ibitego bitatu kuri kimwe (3-1) akaba ari n’umukino wakabiri bakinnye kuva bagera muri iki gihugu aho uwambere banganyije n’ikipe…

Read More

 RDF yahaye umurongo ibihuha byayivugwaho

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwamaganye itangazo ry’ibinyoma ryabwitiriwe rimenyesha Abantu bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda, bavuga ko ari iricurano ry’amakuru.  Iri tangazo ryavugaga ko kwiyandikisha mu Ngabo z’u Rwanda byari byatangiye, ndetse ko ikizamini cy’abaziyandikisha kizakorwa hagati ya tariki 26 Ugushyingo 2024 na 15 Ukuboza 2024. Ikindi kigaragara muri iri tangazo ry’ibinyoma ni…

Read More

Abayapani barokotse ibisasu kirimbuzi bahawe igihembo cyitiriwe Nobel

Nihon Hidankyo, n’itsinda ry’abayapani barokotse ibisasu bya kirimbuzi, batsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel mu 2024 kubera imbaraga ryashyizwemo zo kugirango hagerwaho isi itarangwamo intwaro za kirimbuzi. Iri tsinda ryahawe icyubahiro kubera ibyo ryerekanye binyuze mu buhamya bw’abatangabuhamya ko intwaro za kirimbuzi zitagomba kongera gukoreshwa nkuko byahamijwe na Jorgen Watne Frydnes, usanzwe ari umuyobozi wa komite…

Read More

Leta ya Burkina Faso irashinjwa gushyira abaturage bayo mu kaga mu ntambara ihanganyemo n’inyeshyamba !

Raporo y’umuryango mpuzamahanga wita ku uburenganzira bwa muntu (HRW) yatangaje ko Burkina Faso igomba gushyira imbere byihutirwa kurengera abaturage mu gihe hakomeje intambara hagati yinyeshyamba zitwaje intwaro na leta. Ku wa kabiri nibwo uyu muryango mpuzamahanga utegamiye kuri Leta wavuze ko guverinoma yashyize abantu mu kaga katari ngombwa nyuma y’igitero cy’umutwe witwaje intwaro mu ntangiriro…

Read More

Umunsi wo kurwanya itabi,Natanyahu yatowe ku nshuro ye yambere…………uyu munsi mu mateka,taliki ya 31/gicurasi

Buri munsi wose mu mateka y\’Isi uba ufite icyo usobanuye haba ku muntu, ku muryango runaka, Igihugu, Umugabane, ndetse n\’Isi yose muri rusange. None tariki ya 31 Gicurasi 2024, reka dusubire inyuma mu mateka turebe iby\’ingenzi byaranze iyi tariki: Uyu ni umunsi 152 mu minsi igize umwaka. Uyu mwaka wa 2023 urabura iminsi 216. Uyu…

Read More