Dore ibyo ugomba kumenya kuri Biro za Komisiyo muri Sena zashyizweho

Ku munsi wejo ,Perezida wa Sena, Dr Kalinda François Xavier yatangije igikorwa cyo gutora abagize Biro za Komisiyo zihoraho za Sena, ndetse hanemezwa komite igenzura imikorere ya Sena imyitwarire, imyifatire n’ubudahangarwa bw’Abasenateri. Senateri Usta Kayitesi Usta yatorewe kuba Perezida wa Komisiyo ya Politike n’Imiyoborere n’amajwi 25, na ho ku mwanya wa Visi Perezida wa Komisiyo…

Read More

Igihugu cyaUkraine cyatoye Ministri w’ububanyi n’amahanga mushya

Abagize inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite bo muri Ukraine baraye batoye Andriy Sybiga kuba ministri w’ububanyi n’amahanga mushya w’icyo gihugu. Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine ari mu ivugurura rigamije guhindura abajyanama be bakuru. Sybiga uvuga Icyongereza n’ururimi rukoreshwa muri Polonye yari yungirije ministri w’ububanyi n’amahanga akaba yarigeze kuba ambasaderi muri Turukiya. Afatwa nk’umuntu wa hafi…

Read More

Sepp Blatter na Micheal Platini bahoze bayobora FIFA bagiye kongera kugezwa mu rukiko

Sepp Blatter wahoze ari umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku isi [ FIFA ] n’Umufaransa Micheal Platini bagiye kongera kugaruka mu rukiko kugirango batangire kwiregura ku byaha birimo ibya ruswa bashinjwa . Mu mwaka wa 2022 , aba bagabo bombi bahanaguweho ibi byaha nyuma y’Iperereza ry’Imyaka 7 ryakozwe n’Urukiko rw’Ibanze rwo mu Busuwisi gusa abatangabuhamya baza…

Read More

RIB yerekanye ko abagera kuri 87 bagaragaweho ingengabitekerezo ya jenoside mu cyunamo gusa

Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [ RIB] yatangaje ko abantu barenga 87 aribo bagaragaweho ibyaha by’ingengabiterekezo ya jenoside n’ibindi byaha bifatanye isano mu gihe k’icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 31 . Urwego rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko nibura rwakiriye amadosiye 82 y’ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside ndetse n’ibindi biyishamikiyeho birimo ibijyanye no kugarura amacakubiri…

Read More

Paper Talk: Amavubi abonye undi mukinnyi wo kubafasha, Espoir FC itewe mpaga 16! Simba ikomeje amavugurura adasanzwe

Umusore w’Imyaka 25 Jojea Kwizera usanzwe ukinira ikipe yo muri reta zunze  ubumwe za America ya Rhode Island FC ya maze guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu “Amavubi” iri kwitegura imikino ibiri yo gushaka tike y’Igikombe kisi cya 2026. (#IMFURAYACU Jean Luc) Ikipe ya Espoir FC yakinanga muri shampiyona y’Ikiciro cya kabiri yamanuwe mu cyiciro cya gatatu…

Read More