Dore ibyo ugomba kumenya kuri Biro za Komisiyo muri Sena zashyizweho
Ku munsi wejo ,Perezida wa Sena, Dr Kalinda François Xavier yatangije igikorwa cyo gutora abagize Biro za Komisiyo zihoraho za Sena, ndetse hanemezwa komite igenzura imikorere ya Sena imyitwarire, imyifatire n’ubudahangarwa bw’Abasenateri. Senateri Usta Kayitesi Usta yatorewe kuba Perezida wa Komisiyo ya Politike n’Imiyoborere n’amajwi 25, na ho ku mwanya wa Visi Perezida wa Komisiyo…