Umuvugizi w’abafana ba APR FC Jangwani yagize icyo avuga ku makuru amwerekeza muri Rayon Sports

Umuvugizi ‘w’Abafana B’ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC” Jangwani Frank yahakanye amakuru avuga ko yaganiriye n’abakunzi b’Areyosiporo barangajwe imbere na Gacinya Chance Dennis kugirango ayerekeze muri iyi kipe. Nk’uko amakuru yabivugaga yavugaga ko uwayoboye Rayon Sports akaba no mu buyobozi bwayo uyu munsi yamuganirije hagamijwe kumuzana mu ikipe ya Rayon Sports, cyane ko asanzwe anakorana n’uyu…

Read More

Mifotra yavuze ko mu gihe cy’amatora bizaba ari ikiruhuko cy’abakozi haba mu nzego za Leta n’izabikorera

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo [MIFOTRA], yatangaje ko iminsi ibiri ya mbere y’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego rwo gutuma Abanyarwanda babasha kuzuza inshingano mboneragihugu z’amatora. iyi Minisiteri yabitangaje ibinyujije mu itangazo yashyize ku rubuga rwa X.Minisiteri y’Abakozi ba Leta yagize iti “Iyo minsi yombi [Ku wa Mbere no ku wa Kabiri] izaba…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 06/Nyakanga,Malawi yatangaje ubwigenge bwayo nyuma yo kwibohora ubukoloni bw’Abongereza naho 50 Cent abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatandatu/Nyakanga ni umunsi w’188 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 178 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 2004: Radio Izuba, Radiyo y’Abaturage ikorera mu Burasirazuba bw’u Rwanda yatangiye gukora ku mugaragaro. 1484: Diogo Cão ukomoka muri Portugal yageze ku isoko y’umugezi…

Read More

RIB yafunze batatu bakekwaho kucucura rubanda akayabo babizeza kubashakira akazi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [RIB] rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore   bakurikiranyweho gushakira inyungu ku bandi hakoreshejwe uburiganya hamwe n’iyezandonke . Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Werurwe 2025 , nibwo RIB yemeje ko yafunze abarimo Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari bo Beneyo Jean Norbert na Iradukunda Aliane bakurikiranyweho gushakira inyungu ku…

Read More

Perezida wa Sena yerekanye ingaruka za ruswa mu iterambere ry’igihugu

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr Kalinda François Xavier, yerekanye ko ruswa ari ikibazo cy’ingutu kibangamiye iterambere ry’Igihugu kigatuma ubukungu butazamuka ku kigero gishimishije. Perezida wa Sena, Dr Kalinda , yanashimangiye ko hakiri icyuho cya ruswa mu nzego z’imicungire y’umutungo wa Leta, mu itangwa rya serivisi, mu micungire y’amasoko ya Leta no mu itangwa ry’akazi….

Read More

Ikipe y’igihugu ya Africa y’Epfo iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda igiye gukurwaho amanota

Ikipe y’igihigu ya Africa y’Epfo y’Umupira w’Amaguru “Bafana Bafana” biteganyijwe ko igomba gukurwaho amanota yabonye ku mukino wa Lesotho kubera gukinisha umukinnyi ufite amakarita y’umuhondo atamwemerera gukina. Ku itariki ya 21 Werurwe 2025, nibwo iki gihugu cyari cyakiriye Lesotho mu mikino yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, baranawitsinda ibitego bibiri ku busa(2-0),…

Read More

Abimukira umunani bapfuye bageregeza kwinjira mu Bwongereza

Nibura abantu umunani bapfuye mu ijoro ryakeye ubwo bagerageza kwambuka Umuyoboro w’uruzi w’Ubwongereza bava mu Bufaransa bajya mu Bwongereza nk’uko abayobozi b’Ubufaransa babitangaza. Perefe w’akarere gaherereye kuri uyu muyoboro, Jacques Billant, yavuze ko ibyabaye byabaye mu ma saa saba za mu gitondo (23h00 GMT] zo ku wa gatandatu ku nkombe z’umujyi wa Ambleteuse uherereye mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Tadej Pogačar yakoze amateka atari yakorwa n’uwo ari wese muri Tour de France

Bimwe mu byaranze iyi tariki muri siporo 1876 ​​Ikipe y’umupira wamaguru ya Ottawa yashinzwe kuri iyi tariki . 1948 Shampiyona ya Baseball yo muri Mexico yaraseshwe . 1949 Umukinnyi wa mbere wa tennis muri Amerika Pancho Gonzales yahindutse umunyamwuga nyuma yo gukina irushanwa rya US Open. 1973 Willie Mays wahoze ari icyamamare mu mukino w’umupira…

Read More