COVID-19 yerekanye ubusumbane hagati y’ibihugu : Perezida Kagame
Perezida Kagame yageze mu bufaransa Aho yitabiriye inama yiga ku bijyanye no kongera ikorwa ry’inkingo muri Africa. Ni inama ihuriza hamwe Africa yunze Ubumwe,Ubufaransa n’ibindi bihugu by’uburayi ku bufatanye na GAVI nk’umuryango wita ku kwihaza ku nkingo ndetse no kuzisaranganya. Iyi nama yitezwemo gushyiraho umurongo w’ikorwa ry’inkingo no kugabanya ubusumbane mu kuzikwirakwiza himakazwa kuzamura ubushobozi…