COVID-19 yerekanye ubusumbane hagati y’ibihugu : Perezida Kagame

Perezida Kagame yageze mu bufaransa Aho yitabiriye inama yiga ku bijyanye no kongera ikorwa ry’inkingo muri Africa. Ni inama ihuriza hamwe Africa yunze Ubumwe,Ubufaransa n’ibindi bihugu by’uburayi ku bufatanye na GAVI nk’umuryango wita ku kwihaza ku nkingo ndetse no kuzisaranganya. Iyi nama yitezwemo gushyiraho umurongo w’ikorwa ry’inkingo no kugabanya ubusumbane mu kuzikwirakwiza himakazwa kuzamura ubushobozi…

Read More

Newcastle United yasinyishije Anthony Elanga kuri Miliyoni £55

Ikipe ya Newcastle United yamaze kumvikana n’ikipe ya Nottingham Forest ku igurwa ry’umukinnyi w’umunya-Suwede Anthony Elanga ku kiguzi cya miliyoni £55. Amakuru yizewe yatangajwe na BBC Sport yemeza ko iri gurwa rishobora kurangira mu cyumweru turimo. Elanga, w’imyaka 23, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino wa 2024-2025 aho yatsinze ibitego bitandatu agatanga imipira 11 yavuyemo ibitego,…

Read More

Israel irashinjwa guhonyora uburenganzira bw’itangazamakuru

Imiryango 60 iharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yashyize umukono ku ibaruwa isaba Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi gufata ingamba zihamye zo kurwanya Isiraheli kubera ko ihohoterwa rikabije ry’ubwisanzure bw’itangazamakuru ndetse n’iyicwa ry’abanyamakuru muri Gaza ndetse no mu gace ka west Bank yigaruriwe na Isiraheli. Ibaruwa yo ku wa mbere yasabye ko amasezerano y’umuryango…

Read More

NASA na Boeing Bamanuye Icyogajuru Starliner kitarimo abo cyajyanye mu isanzure mu kurinda ubuzima bwabo

Icyogajuru cy’uruganda Boeing cyitwa Starliner cyagaruwe ku Isi kitarimo Abanyamerika Butch Wilmore na Suni Williams bari barajyanye nacyo mu isanzure Mu bushakashatsi. Mu mushinga w’ikigo cya NASA na Boeing niho icyogajuru Starliner cyoherejwe mu isanzure ku itariki 5 Kamena 2024, mu mushinga wa Boeing n’ikigo Nasa kizobereye mu bumenyi bw’ibyogajuru. Iki cyogajuru cyahagurukiye mu gace…

Read More

Uburasirazuba bwo hagati : abantu 18 bapfiriye mu bitero bya Israel yagabye ku nkambi ya Tulkarem

Minisiteri y’ubuzima ya Palesitine yavuze ko byibuze abantu 18 baguye mu gitero cy’indege cya Isiraheli cyagabwe ku nkambi y’impunzi ya Tulkarem iri ku nkombe y’Iburengerazuba. Igisirikare cya Isiraheli cyavuze ko indege zayo z’intambara zagabye igitero ku wa kane ku bufatanye n’ inzego zayo zishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu cya Isiraheli, iizwi nka Shin Bet. Umukozi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Umwanzuro wa Guardiola uzaba uwuhe Manchester City  n’ihamywa ibyaha 115 ishinjwa, Liverpool yamaze kwakira ko Alexander-Arnold azagenda

Umutoza w’ikipe ya  Manchester City  Umunya-Esipanye Pep Guardiola  ashobora kuzasinya amasezerano mashya muri iyi ikipe nubwo yatsindwa ibirego 115  iregwamo  na  Premier League , dore ko mu bihe bitambutse hagiye havugwa amakuru ko  Manchester City  n’iramuka itsinzwe pep azahita asohoka . (Athletic – subscription required) Umutoza  wa  Sporting akaba Umunya-Portugal   Ruben Amorim, 39, ndetse na…

Read More

Kenya : Visi-perezida wa Kenya Gachagua yapfukamye maze atakambira Ruto !

Ku munsi wejo ku cyumweru Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua  yasabye imbabazi ku cyumweru, yinginga avuga ko niba hari ikosa yamukoreye yamubabarira akamuha andi mahirwe yo gukorera Abanyakenya. Rigathi Gachagua, ubu ugeramiwe no kweguzwa n’Inteko Ishinga amategeko, yasabye imbabazi shebuja Perezida William Ruto.Uyu mugabo yasabye kandi imbabazi abagize Inteko Ishinga amategeko ndetse na rubanda…

Read More

Amajyaruguru ya Kivu: MONUSCO na PDDRCS batangiye inzira yo guhererekanya ubumenyi

Muri Kivu y’Amajyaruguru hari gushyirwa mu bikorwa gahunda yo guhuza intara gahunda yo kwambura intwaro na gahunda yo gusubiza mu buzima busanzwe abaturage (PDDRC-S) na MONUSCO na gahunda yo guhererekanya ubumenyi n’imirimo . Barimo kwimura mu rwego rwo gutandukana no guhindura ubutumwa bwa Loni muri DRC.Kugira ngo ibyo bigerweho, MONUSCO yateguye ko ku ya 19…

Read More

Premier League  : Nicholas Jackson yongeye kurema Chelsea agatima !

Igitego cya mbere cya Nicolas Jackson kuva mu Kuboza kwa 2024  nicyo gihesheje ikipe ya Chelsea intsinzi y’igitego 1-0 imbere ya Everton yongereye  icyizere cyo kuzakina Uefa Champions league umwaka utaha . Ikipe ya Chelsea yari yabanjemo : Sanchez, Caicedo, Chalobah, Colwill, Cucurella, Fernandez (c), Lavia, Madueke, Palmer, Neto, Jackson Abasimbura barimo , Jorgensen, Acheampong, Badiashile, Tosin,…

Read More