Ese umutwe wa Hezbollah ushobora kujya mu ntambara yeruye na Israel?

Ministeri y’ubuzima ya Libya ivuga ko abantu hafi 500 bapfuye abandi ibihumbi barakomereka naho ibihumbi za mirongo bava mu byabo mu bitero by’indege z’intambara za Israel byatangiye ku wa mbere, yo ivuga ko irimo kurwana na Hezbollah. Mu mezi 11 ashize ibitero byambukiranya imipaka bya hato na hato byagiye byiyongera, ariko nta bitero nk’ibi by’indege…

Read More

Mucyo Antha yatangaje ko atazongera gukora itangazamakuru ukundi !

Umunyamakuru w’imikino witwa Mucyo Anta Biganiro yatangarije ikinyamakuru cya Radio 10 yakoreraga ko ahagaritse umwuga w’intangazamakuru, yemeza ko kuri ubu atazongera kugaragara mu bikorwa byose by’itangazamakuru Uyu mugabo urimo kubarizwa muri South Africa yemereye iyi radio ko ari mu nzira zerekeza muri America . Antha yaretse gukora kuri iki gitangazamakuru nyuma y’ibyo yari amaze iminsi…

Read More

Itorero rya ‘Zeraphat Holy Church’ ryambuwe ubuzima gatozi

Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwatesheje agaciro icyemezo cy’ubuzima gatozi cy’itorero rya Zeraphat holy church nyuma y’uko ubugenzuzi bw’uru rwego bwagaragaje ko iri torero ritubahiriza itegeko rigena imikorere n’imigirire y’imiryango ishingiye ku myemerere mu Rwanda . Ibi bikubiye mu ibaruwa urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwandikiye Bishop Harerimana Jean Bosco usanzwe uyobora itorero rya Zeraphat Holy Church rumumenyesha ko…

Read More

Rayon Sports iri mu biganiro byo gusinyisha Samuel Pimpong wahoze muri Mukura VS

Ikipe ya Rayon Sports yatangiye ibiganiro n’Umunya-Ghana Samuel Pimpong kugira ngo aze kuyisinyira, nyuma yo gutandukana na FC Shiroka yo muri Albania nyuma ya shampiyona ya 2024/2025. Pimpong w’imyaka 25 y’amavuko, yigeze gukinira Mukura Victory Sports ku gihe cy’umutoza Afahmia Lotfi, aho yigaragaje nk’umwe mu bakinnyi b’ingenzi bifashishwaga ku ruhande rw’iburyo.  Uyu mukinnyi yamenyekanye cyane…

Read More

Rwamagana : Umugabo wavunwe igufwa n’irondo arasaba ubutabera

Uwitwa Iriboneye Didas, w’imyaka 47 utuye mu Mudugudu wa Kabindi, Akagari ka Rweri, Umurenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana, arasaba ubutabera nyuma y’uko mu kwezi kwa Nzeri 2024 yakubiswe n’abanyerondo, bigatuma avunika igufwa . Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Iriboneye yavuze ko abanyerondo baje iwe mu ijoro bamubwira ko bashaka kumujyana ku Murenge wa Gahengeri,…

Read More

AFCON 2025 : Tanzania yatsinze ikirego yaregwagamo na Guinea

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika [ CAF ] imaze kwemeza ko igihugu cya Tanzania cyamaze kubona itike icyerekeza mu gikombe cy’Afurika giteganijwe kubera muri Morocco nyuma yuko ikipe ya Guinea yatsinzwe ikirego yayiregagamo cyo gukinisha umukinnyi wari ufite numero ihabanye n’iya iri ku rupapuro rw’umukino . Ikipe y’igihugu ya Tanzania bakunze kwita (Taifa stars)…

Read More

Nyarugenge : Ubuyobozi bwatanze umurongo ku cyemezo cyo gufunga Irimbi rya Nyamirambo gikomeje kutavugwaho rumwe

Akarere ka Nyarugenge kategetse ko ibikorwa byo gushyingura mu irimbi rya Nyamirambo  bihagarara nyuma y’igenzura ryakozwe n’ubuyobozi bw’akarere bufatinije n’Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamirambo rikemeza ko ubutaka bwo gushyingurwaho busa n’ubwarangiye. Icyemezo cyashyizwe ahagaragara biciye mu ibaruwa Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge bwandikiye ubuyobozi bwa Kompanyi RIP Company Ltd isanzwe ifite mu nshingano…

Read More

Today In History : Dore ibyo wamenya ku tariki ya 3 Gashyantare

Tariki ya 3 Gashyantare ni umunsi wa 34 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 331 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi twagerageje kubegeranyiriza byawuranze mu mateka . 1451 : Umwami Sultan Mehmed II yarazwe intebe y’ubwami bw’abami bwa Ottoman. 1488 : Bartolomeu Diaz n’itsinda bari kumwe babaye abanyaburayi ba mbere bakandiye ku butaka…

Read More

Kepa Arrizabalaga yerekeje muri Arsenal: Urugendo rushya ku mpano yaciriwe urubanza n’igiciro cyayo

Ikipe ya Arsenal yemeje ko yasinyishije ku mugaragaro umunyezamu w’Umwesipanyoli Kepa Arrizabalaga avuye muri Chelsea ku masezerano y’imyaka itatu, mu igurwa ryatwaye miliyoni ÂŁ5. Ibi bikurikiye igihe yamaze ari mu ikipe ya Bournemouth ku ntizanyo, aho yakinnye imikino 35 mu mwaka ushize. Kepa w’imyaka 30 yavuze ko yishimiye intambwe yateye agira ati: “Ndanezerewe cyane kuba…

Read More

Kenya yahagarikiwe kongera kwinjiza ibicuruzwa byayo muri Sudan

Igihugu cya Sudan cyatangaje ko cyahagaritse ibicuruzwa byinjiraga muri iki gihugu biturutse mu gihugu cya Kenya kubera guha ubuhungiro bamwe mu barwanyi b’umutwe wa Rapid Support forces [ RSF ] bakurikiranyweho ibyaha birimo ibyibasiye inyekomuntu n’ubutabera bwa Khartoum . Ku munsi wo ku wa gatanu nibwo Minisiteri y’ubucuruzi n’amasoko mpuzamahanga ya Sudan yahagaritse ibicuruzwa byose…

Read More