Tariki 20 /Nzeri mu mateka : Repubulika ya Vietnam yinjiye mu Muryango w’Abibumbye [byinshi kuri iyi tariki]

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1977: Repubulika ya Vietnam yinjiye mu Muryango w’Abibumbye. 1979: Mu bwami bwa Centrafrique habaye ihirikwa ry’ubutegetsi (Coup d’Etat). Icyo gihe hahiritswe ubutegetsi bw’umwami w’Abami Bokassa I. 2000: Inyubako y’ibiro by’ubutasi by’Abongereza MI6 (Secret Intelligence Service) yagabweho ibitero n’indege yakozwe n’Abarusiya yitwa Mark 22 ibasha gushwanyaguza ibifaru (anti-tank missile)….

Read More

Dore uko Ibikomerezwa bitandukanye ku isi byakiriye intsinzi ya Donald Trump !

Abayobozi b’ibihugu bikomeye ku isi bakomeje gushimira Donald Trump nyuma yuko ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika Associated Press byatangaje ko uyu mukandida w’ishyaka ry’abarepubulikani,witwa Donald Trump yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu ya Leta zunze ubumwe z’Amerika , nyuma yuko bishya bishyira kubona intsinzi ye muri Leta ya Wisconsin ihita ituma agwiza amajwi 270 y’amatora akenewe kugira ngo agaruke…

Read More

PREMIER LEAGUE : Joshua zirkzee yafashije ikipe ya Manchester united kubona amanota atatu ya mbere

Ikipe ya Manchester united yabonye itsinzi yayo ya mbere muri premier league nyuma yo gutsinda ikipe ya Fulham igitego kimwe ku busa cya Joshua Zirkzee  ku mukino ufungura shampiyona y’ubwongereza [English premier league ] . Joshua Zirkzee yagize ibihe bidasanzwe ndetse anishimira umukino wambere winzozi nyuma yo gutereka umukono ku masezerano mu impeshyi ishize nyuma…

Read More

Paper Talk[Europe]:Urutonde rw’abakinnyi bagomba gusohoka ku ngoma ya Ruben Amorim biteganyijwe ko agomba gufata Manchester United

Ikipe  ya  Sunderland irashaka kugumana  Umwongereza wayo w’imyaka 17   Chris Rigg,nubwo ari kwifuzwa bikomeye n’ikipe  ya  Manchester United  ndetse  na  Chelsea. (Football Insider) Ikipe  ya  Napoli   ikomeje ibiganiro  n’Umunya-Georgia  Khvicha Kvaratskhelia, 23,  kugirango yongere amasezerano  agomba kuba  arimo amafaranga yatangwaho  kugirango asohoke(buyout clause ) anagana na £84m (100m euro). (Sky Sports Italia – in Italian) Umudage  Thomas…

Read More

Umubyeyi wa Bushali yaraye yitabye imana

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mutarama 2025 , umuhanzi Bushali  umwe mu bagezweho cyane mu rubyiruko mu Rwanda muri iyi minsi yatangiye ibihe by’akababaro gakomeye ko kubura mama we waraye witabye Imana azize impamvu z’uburwayi . Hagenimana Jean Paul  wamenyekanye  muri muzika nka Bushali, abicishije mu butumwa yashyize ku rukuta rwe…

Read More

Copa America: Lionel Messi yagejeje Argentine ku mukino wa nyuma

Rutahizamu wa Argentine, Lionel Messi yongeye gufasha igihugu cye kugera ku mukino wa nyuma wa Copa America. Cumi n’imwe umutoza wa Argentine Lionel Scaloni yabanjemo harimo Emiliano Martínez,Gonzalo Montiel,Cristian Romero,Lisandro Martínez,Nicolas Tagliafico,Ángel Di María,Rodrigo De Paul,Enzo Fernández,Alexis Mac Allister,Lionel Messi na Julián Álvarez . Naho mugihe kuruhande rwa Canada umutoza Jesse Marsch yabanjemo Cyle Larin,Jonathan…

Read More

Rutahizamu wa APR FC Denis Omedi yabonye ikarita y’umutuku Uganda itakaza umukino inyagiwe

Abakinnyi babiri b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu bakinira ikipe y’igihugu ya Uganda , Denis Omedi ndetse na Hakim Kiwanuka bari ku rutond rw’abakinnyi bifashishijwe ku mukino bakinagamo na Mozambique . Umukinnyi Denis Omedi ukina mu bice bitandukanye bishaka ibitego, yabanje mu kibuga ariko ari mu byatumye batakaza uyu mukino nyuma yo kubona ikarita y’umutuku yo ku munota wa…

Read More

Rubavu : Abarasita basabye kwigaragambya nyuma y’amagambo ya Apôtre Gitwaza

Idini ry’abarasitafarian mu Rwanda ryo mu karere ka Rubavu ryandikiye ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu rubasaba uruhushya rwo gukora urugendo rugamije kwamagana amwe mu magambo aherutse kubavugwaho n’ Apotre Gitwaza usanzwe ari umuyobozi w’idini rya  Zion Temple hano mu Rwanda. Mu ibaruwa ifunguye ikinyamakuru Daily Box kinafitiye kopi ,ubuyobozi bw’aba rasitafari bwandikiye akarere ka Rubavu rubasaba…

Read More

Menya ibice bimwe na bimwe bibarizwa muri Congo byarahoze mu Rwanda ndetse n’amazina y’ikinyarwanda byitwa

Mu bitero byo kwagura u Rwanda, abakurambere b’u Rwanda bagiye bakoresha ubugenge bwo kwimukana inyito z’ahantu hari mu Rwanda, bakazijyana ku butaka bushya bigaruriye nk’igihamya cy’uko habaye ahabo. Ibi bikaba igihamya cy’uko muri DR Congo hari ubutaka bunini abazungu bakase bakabwomora ku Rwanda. Dore inyito z’imisozi iri muri DR Congo zahawe inyito n’abakurambere b’u Rwanda…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cya Côte d’Ivoire cyabonye ubwigenge naho Muammar al-Gaddafi, wayoboye Libya abona izuba

uyu munsi ku wa gatatu , tariki 8 Kanama ni umunsi wa 220 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 146 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1782: George Washington yategetse ko hakorwa imidali y’icyubahiro igenewe abasirikare bakomerekeye ku rugamba, iyi midali yahawe inyito ya Badge of…

Read More