Muhanga : Umugabo akurikiranyweho gusambanya umwana we bakanabyarana

Umugabo w’imyaka 52 utuye mu karere ka Kamonyi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya we w’umukobwa ndetse baza no kubyarana abana babiri umuhungu n’umukobwa . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga bwatangaje ko bukurikiranye umugabo ufite imyaka 52 ukekwaho gukora icyaha cyo gusambanya umukobwa we w’imyaka 14 bakavaho bakanabyarana . Uyu mugabo ukirikiranyweho gukora aya marorerwa atuye…

Read More

Antonio Guterres yasabye u Rwanda na M23 kubaha ubusugire bwa DRC

Umunya – Portigal , Antonio Guterres usanzwe ari umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye yatangaje ko ubusugire bw’ubutaka bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bugomba kubahirizwa . Antonio yatangarije ibi mu nama ya 38 idasanzwe y’inteko y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe iri kubera i Addis Ababa mu gihugu cya Ethiopia . Antonio Guterres…

Read More

Rutsiro : Imirima y’abagize Koperative  ihinga icyayi ishobora gutezwa cyamunara

Mu Karere ka Rutsiro, abahinzi b’icyayi bibumbiye muri Koperative ‘RUTEGROC’ barasaba Leta kubafasha kwishyura umwenda urenga miliyari 2 Frw babereyemo Banki y’u Rwanda y’Iterambere (BRD).  Uyu mwenda waturutse ku nguzanyo yahawe abahinzi mu myaka ya 2010 na 2011, yagombaga kubafasha guhinga icyayi ku buso bwa hegitari zirenga 1,200 mu mirenge ya Rusebeya, Manihira na Murunda….

Read More

Ikipe ya Rayon Sports iri gutegura umukino izacakiranamo n’ikipe iri mu zikomeye muri Tanzania kuri sitade Amahoro

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thaddée yatangaje ko bitegura kuzakira ikipe ya Young Africans kuri sitade Amahoro hitegurwa umwaka utaha w’imikino, igihe uwa 2024-2025 uzaba ushyizweho akadomo. Ibi yabigarutseho aganira na Television y’igihugu, aho yavuze ko bagiranye ibiganiro n’Umuyobozi bw’ikipe ya Young Africans kuzakina umukino wa gicuti uyu mwaka w’imikino urangiye hitegurwa umushya ndetse…

Read More

Ingabo za SADC ziri mu butumwa bw’amahoro muri DRC zongerewe igihe !

Abakuru b’ibihugu na za leta zibarizwa mu muryango uharanira Iterambere ry’Afurika y’amajyepfo SADC bamaze kumvikana ibijyanye no guha ikindi gihe kingana n’umwaka ku ngabo ziri mu butumwa bwa gisirikare mu bice by’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. ibi byavugiwe Mu inama idasanzwe yabereye i Harare muri Zimbabwe ejo ku wa gatatu, ku itariki ya…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :Ishyaka MRND ryatangaje ko nta mpunzi y’Umunyarwanda izemererwa gutahuka naho George Clinton abona izuba

uyu munsi tariki 26 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 158 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1309: Henry VII yabaye umwami wa Roma, abiherewe uburenganzira na Papa Clement. 1340: Intambara yahuje Abongereza n’Abafaransa i Saint-Omer; intsinzi y’u Bufaransa yatumye Abongereza bava…

Read More

NGOMA : Hibutswe imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatandatu tariki 31 Gicurasi 2025, abaturage barenga 8,000 bafatanyije n’abayobozi b’igihugu bitabiriye umuhango  wo kwibuka imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye ku Gisozi mu Karere ka Ngoma. Iki gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 imiryango yarimbuwe igashira muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri aka karere, hanunamiwe…

Read More