DRC : Hamenyekanye umubare w’abapfuye nyuma y ‘ubwato bwarohamye mu gihe bwerekezaga i Goma

Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyepfo yavuze ko byibuze abantu 78 bapfuye nyuma y’ubwato bwarohamye mu kiyaga cya Kivu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ku wa kane, guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean Jacques Purisi, yatangarije ibiro ntaramakuru Reuters ko abantu 278 bari mu bwato mbere yuko burenga. Purisi yabwiye Reuters ati: “Bizatwara…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : sitade ya Olympisch Stadion yafunguwe ku mugaragaro naho Rutahizamu Harry Kane abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1908 Imyaka 116 irashize uhereye uyumunsi, ikipe ya FC Lugano fc ishinzwe. 1912 Tour de France yabaga ku nshuro ya 10 yatwawe na Odile Defraye wo mu Bubiligi. 1928 Imikino Olempike yo mu mpeshyi yabaga ku nshuro ya cyenda yafunguwe ku mugaragaro i Amsterdam,…

Read More

TODAY IN HISTORY :taliki ya 19/Kamena, Igihugu cya Afganistan cyabonye ubwigenge ,Bill Clinton na Jose Gervasio babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa gatatu ,Tariki 19/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 171 mu igize umwaka, hasigaye 195 ukagera ku musozo. 1768: Hashinzwe Cathedral izwi cyane mu gihugu cy’u Burusiya yitiriwe Mutagatifu Isaac ikaba yubatse mu Mujyi wa Saint Petersburg. 1919: Igihugu cya Afganistan cyabonye ubwigenge mu buryo budasubirwaho, cyibohora…

Read More

Umunyezamu wa Mukura VS Sebwato Nicholas urwego rwe rukomeje kugirwaho angaruka n’imyitwarire mibi y’ikipe ye

Umunyezamu ukomoka mu gihugu cya Uganda Sebwato Nicholas wongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu mwaka wa 2023 mu ikipe ya Mukura VS bikomeje kutamugendekera neza muri iyi kipe nubwo yari umuzamu mwiza mu myaka mike ishize. Uyu muzamu yari yongereye amasezerano nyuma y’uko hari amakipe menshi yamwifuzaga ariko Mukura VS yemera ku muha asaga miliyoni 10…

Read More

Imbere y’umukuru w’igihugu Amavubi yakoze ibyo yasabwaga n’Abanyarwanda

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yabonye itike yo gukina ikiciro cya kabiri k’imikino ya CHAN nyuma yo gutsinda ibitego bitatu ku busa (3-0) ikipe y’igihugu ya Djibouti  kuri sitade Amahoro. Umukino ubanza wabaye  ku cyumweru tariki  27 Ukwakira 2024 , ikipe y’igihugu ya Djibouti yihereranye Amavubi kuri sitade Amahoro  iyitsibura igitego kimwe ku busa(1-0), byarangiye…

Read More

Nepal yafunze amashuri kubera imvura nyinshi yateye imyuzure mu gihugu

Abayobozi muri Nepal bavuze ko amashuri yo mu turere twibasiwe n’umwuzure azafungwa mu minsi iri imbere kubera ko inkangu n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi byahitanye abantu bagera ku 150. Umuvugizi wa minisiteri y’uburezi, ubumenyi n’ikoranabuhanga, Lakshmi Bhattarai, yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ati: “Twasabye abayobozi bireba gufunga amashuri mu turere twibasiwe n’iminsi itatu.” Uturere twose two mu…

Read More

Abakunzi ba ruhago bashyizwe igorora ku mikino y’Igikombe cy’Amahoro

Imikino ibiri y’ikombe cy’Amahoro cya 2024-2025, ya kimwe cya Kabiri yariteganyijwe gukinirwa kuri Kigali Pele Stadium yimuwe ishyirwa kuri sitade Amahoro bisabwe n’amakipe ya Rayon Sports na APR FC azakira iyi mikino. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 30 Mata 2025, nibwo hazakinwa imikino yo kwishyura y”igikombe cy’Amahoro cya 2024-2025 , muri kimwe cya Kabiri,…

Read More

Nyarugenge : Umugore yasutseho umugabo we isafuriya yuzuye isombe ishushye

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 Mata 2025, ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye ikirego  cy’umugore w’imyaka 38, utuye mu karere ka Nyarugenge wakomerekeje umugabo we w’imyaka 40 amusutseho isombe ishushye.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore w’imyaka 38, utuye mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge wakomerekeje…

Read More

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho Ihuriro rya Fleuve Allaince du Congo (AFC / M23) ryagaragaje ko rihangayikishijwe cyane n’ihohoterwa  rikomeje gukorwerwa nkana abanyamulenge rigakorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa , ingabo z’u Burundi n’indi mitwe bafatanije nka Wazalendo muri iki gihe cy’agahenge kemeranijweho n’impande zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi…

Read More