Gisagara : Minisiteri y’ubuzima yamaze guhana abagize uruhare mu gupakira sima muri Ambulance

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yavuze  hamaze guhanwa abagize mu gikorwa giherutse gucaracara  ku mbuga nkoranyambaga aho ’imbangukiragutabara iri gupakirwamo imifuka ya sima. Mu masaha akuze yo ku munsi wejo ku wa mbere tariki ya 25 / ugushyingo / 2025 nibwo  hatangiye gukwirakwizwa aya mashusho ku mbuga nkoranyambaga , aho benshi bakoresha izi mbuga bibazaga…

Read More

Nyirandama Chantal niwe waguye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyamuryango ba FPR Inkotanyi

Urupfu rwa Nyirandama Chantal wari rwiyemezamirimo w’umugore waherukaga kuzuza Hoteli mu Karere ka Gicumbi, rwashenguye benshi mu bari bamuziho kuba umwe mu bagore batinyutse umurimo bakagera ku rwego rwo kwishimirwa. Nyirandama ni umwe mu bantu 28 b’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bari mu modoka ya Coaster, yakoze impanuka mu ma saa mbili z’igitondo cyo ku Cyumweru…

Read More

Abanyeshuri batanu birukanywe burundu bazira kurebera amashusho ya Balthazar!

Abanyeshuri batanu bo mu ishuri ryisumbuye rya Kamangala rizwi cyanye mu gace ka Walungu mu Ntara ya Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo birukanywe burundu n’iri shuri nyuma yo gufatwa bareba amashusho y’urukozasoni arimo na y’uwitwa Balthazar Ebang Engonga ukomeje guca ibintu hanze aha . Iki cyemezo cyafashwe ku ya 18 Ugushyingo…

Read More

Inkuru y’akababaro kuri Prof. Herman Musahara ufatwa nk’inzu y’ibitabo

ku wa 20 Ugushyingo 2024, Herman Musahara wari Inzobere akaba n’umuhanga mu by’ubukungu, wari ufite impamyabumenyi y’ikirenga, wari n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda; yitabye Imana  azize uburwayi bwa kanseri bivugwa ko yari amaranye igihe . Amakuru avuga ku gushya kw’iyi nzu y’ibitabo yigishaga amasomo ajyanye n’ubukungu muri Kaminuza y’u Rwanda , yatangiye kuvugwa kuri uyu…

Read More

Kuva tariki ya 21 kugeza tariki ya 30 /Ugushingo hateganijwemo imvura idasazwe : Meteo Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere [ Meteo Rwanda ], cyatangaje ko mu gice cya gatatu y’ukwezi k’Ugushyingo 2024, hateganijwemo imvura idasazwe ndetse n’umuyaga uri hejuru, unashobora kuzatera inkangu n’imyuzure.  Meteo Rwanda ivuga ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi k’Ugushyingo 2024 (kuva tariki ya 21 kugeza tariki ya 30), mu Rwanda hateganyijwe ingano y’imvura iri hagati ya milimetero…

Read More

RIB yatanze gasopo ku banyamakuru ba Siporo mu Rwanda bakomeje kumvikana basebanya mu ruhame !

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwasabye abanyamakuru byumwihariko abakora ibiganiro bya Siporo, kwigengesera mu mvugo bakoresha, kuko batikubise agashyi ngo bazigorore, hari amahirwe menshi yuko bamwe muri bo ibi bishobora kuzatuma bisanga imbere y’ubutebera .  Abanyamakuru ba Siporo hano mu Rwanda bamaze iminsi bumvikana bitana ba mwana ndetse n’urunturuntu hagati yabo basabwe ko bakwiye kwitwararika mu…

Read More