Gisagara : Minisiteri y’ubuzima yamaze guhana abagize uruhare mu gupakira sima muri Ambulance
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yavuze hamaze guhanwa abagize mu gikorwa giherutse gucaracara ku mbuga nkoranyambaga aho ’imbangukiragutabara iri gupakirwamo imifuka ya sima. Mu masaha akuze yo ku munsi wejo ku wa mbere tariki ya 25 / ugushyingo / 2025 nibwo hatangiye gukwirakwizwa aya mashusho ku mbuga nkoranyambaga , aho benshi bakoresha izi mbuga bibazaga…