Kigali : Abagenzi batangiye kwishura hakurikijwe urugendo bakoze

Kigali, 5 Ukuboza 2024 – Mu Mujyi wa Kigali, abagenzi batangiye kwishyura amafaranga angana n’urugendo bakoze muri gahunda iri mu igerageza, aho umuntu udakoze urugendo rwose atanga amafaranga ahwanye n’umwanya yari amaze mu modoka. Ubu buryo bwatangijwe ku wa Gatatu, tariki 04 Ukuboza 2024, nyuma y’itangazo ryashyizweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo…

Read More

Rubavu : Abaturage barembejwe n’indwara y’amavunja bemeza ko ari amarogano

Rubavu, 5 Ukuboza 2024 – Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu baratangaza ko bafite ikibazo cy’amavunja, ariko bagasanga iyi ndwara itarimo gukira kubera ko abarwaye bayarogwa. Nyamara, ubuyobozi buvuga ko amavunja ari indwara y’umwanda, bityo bukaba bugiye gushyira imbaraga mu bukangurambaga bwo gukangurira abaturage kugira isuku. Aba baturage barimo…

Read More

Dr. Edouard Ngirente, yibukije abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro intego ya Guverinoma

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yibukije abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ko Guverinoma y’u Rwanda ifite intego yo kuzamura umusaruro w’ubu bucukuzi, ngo bujyane no kwinjiza miliyari 2,17 z’amadolari y’Amerika mu 2029, bigere ku rugero rwa miliyari 1,1 z’amadolari y’Amerika zariho muri iki gihe.  Ibi yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ukuboza…

Read More

RSSB yatangaje ko igiye gushyiraho umushahara fatizo !

Kuri uyu wa mbere , tariki 2 ya Ukuboza /2024 , Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko gushyiraho umushahara fatizo ari ibintu bitekerezwaho ariko bisaba kwitonderwa. Ibi iyi minisiteri yabitangarije mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye Ku cyicaro cya Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi cyagarukaga ku mpinduka z’imisanzu y’ubwizigamire bw’izabukuru izwi nka pansiyo. Abarimo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf n’Umuyobozi…

Read More

Gisagara : abaturage bamaganye ibyo guhuza gutanga umusanzu ya ‘Ejo Heza’ no guhabwa amashanyarazi

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara baratangaza ko batunguwe n’uburyo gahunda yo guhabwa amashanyarazi y’imirasire y’izuba yahujwe no gutanga amafaranga ya “Ejo Heza”, aho basabwa gutanga 3,500 Frw mbere yo kubona amatara. Abaturage bo mu Kagari ka Muyira bavuga ko igihe kinini bari bategereje iri sezerano ry’amashanyarazi, bakaba barishimiye…

Read More

Rusumo: RIB yataye muri yombi abashinjwa kwinjiza magendu mu gihugu

Kuri uyu wa gatanu taliki 29 ukuboza 2024, Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB ku bufatanye na police y’u Rwanda bataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kwinjiza magendu mu gihugu. Umuvugizi wa RIB Dr Murangira B Thierry, mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze ko abarimo Kagabo Marc wari umushoferi ndetse na Bizimana Maurice akaba nyiri ibicuruzwa, bafashwe binjiza…

Read More

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti cyahagaritse umuti witwa Flucazol ukorerwa mu gihugu cy’ Ubuhinde

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyahagaritse gukwirakwiza no gukoresha nimero AD220070A y’umuti witwa “Flucazol® Powder for Oral Suspension (Fluconazole USP 50mg/5m1)”, ukorwa n’uruganda rwitwa Gracure Pharmaceuticals “Limited rwo mu Gihugu cy’u Buhinde ndetse utangaza ko utemerewe gukomeza kuwukoresha. Mu itangazo cyashyize ahagaragara, iki kigo cyasabye abafite ububiko bw’imiti, abinjiza imiti mu Rwanda,…

Read More

Gisagara : Mukeshimana aratakambira abagira neza nyuma yo kugirwa intere na Cancer yo mu kibuno

Mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara  umubyeyi witwa  Mukeshimana Forodonata , arasaba ubufasha nyuma yo kumara imyaka itatu asanzwemo indwara ya Cancer, akaba yarabuze  uko ajya kuyivuza ndetse n’abana be ntibakibasha kubona iby’ingenzi nkenerwa mu buzima. Uyu mubyeyi w’abana batanu wo mu Mugugudu wa Kagarama mu Kagari ka Muyira mu Murenge wa Kibilizi…

Read More

Rusizi : Umukecuru warokotse Jenoside yatatswe n’abataramenyekana baramukubita bamusiga ari intere

Mu Kagari ka Shagasha mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi hari Umukecuru warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wo mu 1994, urembeye mu Bitaro nyuma yuko atewe n’abantu batazwi ku manywa y’ihangu, baramukubita bamubwira ko baje kurangiza umugambi wabo, bakamusiga bazi ko yapfuye . Uyu  mukecuru witwa Mukantagara Pelagie ufite imyaka 74  arembeye…

Read More