Kigali : Abagenzi batangiye kwishura hakurikijwe urugendo bakoze
Kigali, 5 Ukuboza 2024 – Mu Mujyi wa Kigali, abagenzi batangiye kwishyura amafaranga angana n’urugendo bakoze muri gahunda iri mu igerageza, aho umuntu udakoze urugendo rwose atanga amafaranga ahwanye n’umwanya yari amaze mu modoka. Ubu buryo bwatangijwe ku wa Gatatu, tariki 04 Ukuboza 2024, nyuma y’itangazo ryashyizweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo…