Muhanga : Umugabo akurikiranyweho gusambanya umwana we bakanabyarana

Umugabo w’imyaka 52 utuye mu karere ka Kamonyi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya we w’umukobwa ndetse baza no kubyarana abana babiri umuhungu n’umukobwa . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga bwatangaje ko bukurikiranye umugabo ufite imyaka 52 ukekwaho gukora icyaha cyo gusambanya umukobwa we w’imyaka 14 bakavaho bakanabyarana . Uyu mugabo ukirikiranyweho gukora aya marorerwa atuye…

Read More

Gasabo : Umukobwa arashinjwa kubyara agata uruhinja mu musarane

Mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 17 wataye umwana we yari amaze kubyara mu musarani ndetse akaba yarabifashijwemo n’umusore w’imyaka 33 wari waramuteye inda . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwakiriye ikirego cy’umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 ukirikanyweho icyaha cyo kwiyicira umwana yabyaye amunigishije igitambaro hanyuma akamuta mu bwiherero…

Read More

DRC : Abantu 50 bamaze gupfa bazize indwara y’amayobera

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko abantu basaga 50 bamaze kwitaba imana bazize indwara y’amayobera muri uku kwezi gusa . Aba basaga 50 bahitanywe n’iyi ndwara baturuka mu duce tw’amajyaruguru ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu .uwitwa Serge Ngalebato usanzwe ari umuyobozi w’ibitaro by’ahitwa Bikoro we yemeje ko iyi ndwara iteje impungenge zikomeye…

Read More

Menya amakuru agezweho ku burwayi bw’umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gaturika ku isi Papa Francis amerewe neza nubwo akiri mu bitaro aho arikuvurwa indwara zibasira ibihaha ndetse n’izibasira impyiko, aho impyiko ze zitari gukora akazi kazo neza. Abaganga batangaje ko ibimenyetso by’amaraso byagaragaje ko impyiko ze zitarimo gukora akazi kazo neza, ko kuyungurura amaraso no gusohora imyanda mu mubiri, akaba akirwariye mu…

Read More

Gasabo : Umukozi wo rugo yiyemereye ko yishe umwana yareraga amuziza kwiyanduza

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko umwana w’imyaka 15 yiyemeye ko yahitanye ubuzima bw’umwana w’imyaka 2 yareraga nyuma yuko yagize umujinya w’umuranduranzuzi yatewe nuko yasanze uyu mwana yiyanduje bikabije akimare kumwoza . Uyu mwana w’umuhungu uregwa kwivugana uyu mwana w’imyaka 2 yaregaga avuga ko yabitewe n’uburakari bukabije yagize nyuma yuko hari hashize igihe gito amaze kumwoza…

Read More

Kayonza : Muvunyi Paul uri mu buyobozi bwa Rayon sports aravugwaho kwambura abaturage

Mu karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’abaturage basaga 12 bavuga ko bambuwe amafaranga y’imibyizi y’akazi bakoreye muri Hoteli ya Akagera Safari Camp y’umushoramari akaba n’umuyobozi wa Rayon Sports witwa Muvunyi Paul . Aba baturage batangaza aka karengane kabo batuye mirenge ya Rwinkwavu na Kabare muri aka karere , aho bakomeza gutunga agatoki uyu munyemari unafite…

Read More

Minisitiri w’Ububanye n’Amahanga wa Congo yasubijwe ku busabe bwo kuba u Rwanda rutakwakira isiganwa rikomeye ry’amamodoka

Minisitiri w’Ububanye n’Amahanga wa Congo Thérèse Kayikwamba yasubijwe ko F1 iri gukurikina ibiri kubera muri Congo nyuma yo gusaba ko u Rwanda rutahabwa kwakira isiganwa ry’amamodoka rya Grand Prix. Ibi bije nyuma y’amakimbirane akomeje kuyogoza Uburasirazuba bw’a Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, arimo guhuza umutwe wa M23 n’ingabo za Congo utibagiwe n’indi mitwe, Ibihugu n’Abacacuro…

Read More