Ruben Amorim yemeje ko Leny Yoro agomba kuzabanzamo ku mukino wa Arsenal !

Umunya – Portigal Ruben Amorim utoza ikipe ya Manchester united yatangaje ko ntagihindutse umufaransa Leny Yoro agomba kugaragara mu bakinnyi cumi n’umwe b’iyi kipe bagomba guhangana n’ikipe ya Arsenal mu mukino wa shampiyona aya amakipe afitanye ku munsi wo gatatu w’iki cyumweru . Leny Yoro utarigeze agaragara mu mukino n’umwe wa Manchester united kuva yasinyishwa…

Read More

Ibya Mohamed Salah bikomeje kuyoberana,Liverpool yaryumyeho ntacyo ishaka kuvuga

Umunya-Misiri Mohamed Salah akomeje kwemeza ko azasohoka mu ikipe ya Liverpool uyu mwaka w’imikino n’urangira, yabitangaje nyuma y’umukino Liverpool yatsinzemo Manchester City ibitego bibiri ku busa (2-0) mu mpera z’icyumweru gishize. Uyu rutahizamu uri mu bakomeye ukomoka ku mugabane w’Afurika afite amasezerano mu ikipe ya Liverpool azangirana na tariki 30 Kamena 2025, gusa kugeza ubu…

Read More

Uko Abanyarwanda bakina igota masimbi bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize

Ni ku munsi wa mbere w’icyumweru aho abenshi mu bakinnyi bakina hanze y’u Rwanda, baba basoje imikino y’amakipe yabo mu mpera z’icyumweru, bityo rero niyo mpamvu twageregeje gushaka amakuru y’uko amakipe bakinira yitwaye. Ku ikubitiro reka duhere mu majyaruguru y’Afurika mu gihugu cya Tunisia, ahaberaga umukino w’ishiraniro wahuzaga Stade Tunisien n’ikipe ya Club Africain ni…

Read More

Premier League: Manchester City yatsinzwe na Liverpool yuzuza umukino wa karindwi ntamanota atatu ibona

Mu mukino w’ishiraniro w’umunsi wa 13 wa shampiyon y’igihugu y’Abongereza , ikipe ya Liverpool yongeye kwisasira ikipe ya Manchester City , iyi kipe ya Pep Guardiola yuzuza imikino irindwi itabona amanota atatu imbumbe. Aya makipe yombi yagiye gukina abura bamwe mu bakinnyi bayo bigenzi kubera imvune: Conor Bradley, Ibrahima Konaté, Alisson Becker, Diogo Jota, Kostas…

Read More

Nyuma yo gukurirwa inzira ku murima na ‘Rwanda Premier League’ APR FC yitabaje FERWAFA

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC” yamaze kwandikira ishyiramwe ry’aruhago mu Rwanda “FERWAFA” barisaba gusubikirwa umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona nyuma yo guterwa utwatsi na Rwanda Premier League. Nk’uko amakuru mu bihe bitandukanye yagiye abigarukaho ikipe ya APR FC yandikiye urwego rushinzwe gutegura shampiyona y’u Rwanda icyiciro cya mbere “Rwanda Premier League” barusaba ko rwabahagarikira…

Read More

Impamvu eshanu zigomba gutuma ureba ‘Premier League’ y’Abongereza muri iyi week-end

Shampiyona y’Abongereza ifatwa nk’iza mu myanya ya mbere mu zikunzwe cyane i Burayi, dore ko usanga imikino yayo igaragaramo ihangana rikomeye cyane, ibintu abenshi bahuza n’uko yisanisha n’umuco wabo. Uyu munsi Daily–Box yaguteguriye impamvu eshanu zigomba kuza gusembura abakunzi ba ruhago maze bagatera agatebe berekeje amaso kuri iyo mikino. 1. Abakeba bo hambere baraba bongera…

Read More

Manchester United yahishuye akayabo k’amafaranga yatakaje ubwo yirukanaga umutoza Erick Ten Hag

Mu minsi ishize nibwo Ikipe ya Manchester United yafashe icyemezo cyo gutandukana n’uwari umutoza wayo Erick Ten Hag gusa nubwo yafashe icyo cyemezo ntibyayibujije gutakaza akayabo k’amafaranga, dore ko iyi kipe byayisabye miliyoni 21 z’amayero, akabakaba miliyari 30 mu mafaranga y’u Rwanda ngo yinjize Ruben Amorim mu mirimo. Bisa nk’ibyatunguranye cyane dore ko abenshi batiyumvishaga…

Read More

Umutoza wa Real Madrid Ancelotti yavuze ku musaruro udashimishije wa Mbappé ku mukino batakaje wa Liverpool

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid Dr Carlo Ancelotti yagize icyo atangaza ku musaruro wa Kylian Mbappé ku mukino iyi kipe atoza yatsinzwemo na Liverpool ibitego bibiri ku busa(2-0) ku munsi wa Gatanu wa Champions League. Wari umukino wabereye Anfield ku kibuga cya Liverpool aho muri uwo mukino Liverpool yatsindiwe na Alexis Mac Allister  ndetse na Cody…

Read More

UCL : Nyuma yo kugarikwa na liverpool ikajya ahabi ; ese ibya Real Madrid bibazwe nde ?

🛑LIVE: Liverpool vs Real Madrid – UEFA Champions League🛑 Liverpool ; Mu kanya gashize ku kibuga Anifield giherereye mu Bwongereza, ikipe ya Real Madrid imaze gutsindwa na Liverpool ibitego bibiri ku busa by’umunya – Argentine Alexis MacAllister ndetse n’umuholandi Cody Gakpo Mathès bituma ikomeza kuba habi ku rutonde rwa Champions League yahinduriwe isura . Amakuru…

Read More