Isaha idasanzwe Lionnel Messi aherutse kugura

Kizigenza Lionnel Messi aherutse kugaragara yambaye isaha nziza ifite agaciro k’ibihumbi £700,000 by’amapawundi y’Abongereza, nyuma y’izindi yari asanzwe atunze. Uyu musore usanzwe akinira ikipe ya Inter Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu bakinnyi ba ruhago bafite agatubutse binatuma atunga imodoka, imyambaro ndetse n’ibindi birimo n’amasaha yambara bihenze. Dore urutonde rw’abakinnyi 10 b’umupira…

Read More

Tour du Rwanda: Abanyarwanda babiri baje mu 10 bitwaye neza mu isiganwa rya none

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Gashyantare 2025, irushanwa mpuzamahanga ry’amagare ribera mu Rwanda ‘Tour du Rwanda’ ryari ryakomeja aho agace k’uyu munsi kegukanwe n’Umunya-Eritrea ZERAY Nahom. Uyu wari umunsi wa Karindwi , kakaba agace ka Gatandatu k’iri siganwa rya 2025, ni agace kahagurutse mu ntara y’Amajyepfo mu karere ka Nyanza abasiganwa berekeza mu…

Read More

Tour de Rwanda : Mugisha Moise yashubije abamugayaga guhagarara ku bushake mu irushanwa

Mugisha Moise yashubije abamugayaga ku mbuga nkoranyambaga kuba yarahagaze agasuhuza umuryango we ubwo yari mu isiganwa rya Tour De Rwanda 2025 kubera ko umuryango we awufata nk’ikintu cy’ingenzi mu buzima bwe kandi ko ibyo yakoze bidahabanye n’amabwiriza agenda umukino . Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru , Mugisha Moise yavuze ko kuba yarahagaze agasuhuza umuryango we ubwo yari…

Read More

Abarimo Sempoma Félix bagiye kwitaba  urukiko

ku wa Kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo 2024 , Sempoma Felix usanzwe ari umutoza w’ikipe y’igihugu y’amagare wungirije azitaba urukiko rwa Nyamirambo aho azaba agiye kubaranishwa ku cyaha cy’ubufatanyacyaha mu guhimba no guhindura umwirondoro w’umukinnyi witwa Nyirahabimana Claudette bikamuviramo gufatirwa ibihano bikomeye. Amakuru agera kuri Daily Box ni uko umwaka wari ugiye kwirenga iki kirego…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : U Rwanda rwahawe kwakira shampiyona y’isi y’amagare ya 2025

2021 Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 23 Nzeri 2021, nibwo impuzamashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa ku magare ku Isi (UCI), yemeje ko u Rwanda ruzakira shampiyona y’isi y’umukino w’amagare mu mwaka wa 2025, iri rushanwa rikazaba ribaye irya mbere ribereye ku mugabane wa Afurika. U Rwanda ruhawe kwakira iri rushanwa nyuma yaho hari…

Read More

Lael Wilcox  yaciye agahigo ko kuzenguruka isi ari ku igare mu gihe gito gishoboka

Umunyamerikakazi witwa Lael Wilcox   yaciye agahigo ko kuzenguruka isi vuba kurusha abandi ari kw’igare aho yakoresheje iminsi 108, amasaha 12 n’iminota 12 mu kunyonga 29,169km, ahereye kandi agasoreza mu mujyi wa Chicago wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika . Wilcox yakuyeho umuhigo wo mu 2018 wari ufitwe na Jenny Graham wo muri Scotland wakoze urwo…

Read More

Munyangaju Aurore Mimosa amaze gukora ihererekanyabubasha n’uwamusimbuye Nyirishema Richard

Kuri uyu wa Kabiri ku Cyicaro cya Minisiteri ya Siporo habaye ihererekanyabubasha hagati ya Minisitiri ucyuye igihe Munyangaju Aurore Mimosa ndetse n’uwamusimbuye Nyirishema Richard. Richard NYIRISHEMA akaba yahawe dossier zose na Aurore Mimosa asimbuye, kugirango akomereza aho yari ageze .Nyirishema Richard wari usanzwe ari Visi Perezida wa FERWABA ushinzwe amarushanwa yagizwe Minisitiri mushya wa Siporo…

Read More

Paris Olempics : ese  Clementine Mukandanga niwe u Rwanda rwategaho amakiriro yo kubona nibura umudali ?

 imikino olempike yinjiye mu cyumweru cyayo cya nyuma, u Rwanda rusigaje umukinnyi umwe uzaseruka ku munsi wa nyuma w’iyi mikino,bakinnyi batandatu baserukiye u Rwanda, batanu bamaze gusezererwa nta mudali begukanye mu marushanwa yo koga, kwiruka, gusiganwa ku igare n’inkota. Ku wa gatandatu kandi Eric Manizabayo yasiganwe mu bagabo 273km ariko ageze kuri 245 akurwa mu isiganwa na…

Read More